{"id":7068,"date":"2017-08-27T16:30:42","date_gmt":"2017-08-27T16:30:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/27\/kigali-cladho-irasaba-umujyi-wa-kigali-kwigengesera-mu-kibazo-cy-abazunguzayi\/"},"modified":"2025-02-12T15:46:58","modified_gmt":"2025-02-12T13:46:58","slug":"kigali-cladho-irasaba-umujyi-wa-kigali-kwigengesera-mu-kibazo-cy-abazunguzayi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068","title":{"rendered":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Impuzamiryango y\u2019amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cy\u2019abazunguzayi kitakemurwa n\u2019ingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha.<\/em>  <\/strong><br \/>\nNi nyuma y\u2019aho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi n\u2019ingabo ngo uhangane n\u2019ikibazo cy\u2019abacururiza mu mu muhanda.<br \/>\nNi umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe mu nzego za sosiyete sivile, bamwe bagahita bamaganira kure uwo mwanzuro ugaragaramo ubukana bwinshi.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019umujyi wa Kigali, Nyamurinda Pascal yumvikanye mu itangazamakuru avuga ko uretse n\u2019ubundi buryo bwari busanzwe bwo guhangana n\u2019iki kibazo , umujyi wa Kigali utazazuyaza  kwiyambaza inzego z\u2019umutekano zisumbuye, harimo n\u2019Ingabo na Polisi.<br \/>\nAya magambo ariko ntiyavuzweho rumwe n\u2019abatuye umujyi wa Kigali ,ubusanzwe bemera ko ubuzunguzayi ari ikibazo koko , ko ariko kitari ku rwego rwahuruza ingabo z\u2019u Rwanda ku rwego rwo kubahiga bukware.<br \/>\nInteko rusange ya CLADHO, yateranye kuwa gatanu tariki ya 25 Kanama(nyuma y\u2019iminsi biri gusa umujyi wa Kigali ufashe icyo cyemezo), maze ugira icyo usaba impande zombi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<ol>\n<li>Abazunguzayi bagomba kureka ibikorwa byo guhangana na Polisi n\u2019inzego z\u2019umutekano, mu rwego rwo kwirinda ibikorwa byahungabanya uburenganzira bwa muntu.<\/li>\n<li>Isaba umujyi wa Kigali kudakoresha imbaraga mu kwirukana abazunguzayi hirindwa ko habaho guhungabanya uburenganzira bwa muntu ndetse n\u2019ubw\u2019umutungo wabo, ahubwo hakitabazwa ubundi buryo burambye bwo gukemura ikibazo.<\/li>\n<\/ol>\n<p>Bwiza.com ikimara kubona iri tangazo ry\u2019impuzamashyirahamwe CLADHO ryashyizweho umukono n\u2019umuyobozi wayo Bwana Jean Leonard Sekanyange , yamubajije bumwe muri ubwo buryo bwakoreshwa.<br \/>\nSekanyange asanga inzira y\u2019ibiganiro ariyo ya mbere yakwifashisha. Ati, \u201c Hakenewe ibiganiro hagati y\u2019inzego za Leta n\u2019abafatanayabikorwa bayo ndetse na bariya bacururiza mu muhanda. Ni abantu benshi, kubirukana utateguye aho bajya n\u2019icyo bajya gukora nacyo ni ikindi kibazo\u201d.<br \/>\nMu biganiro kandi, umuyobozi wa CLADHO avuga ko hakwifashishwa abahoze ari abazunguzayi bakereka bagenzi babo ububi bwabyo n\u2019uko babivamo.<br \/>\nSekanyange anakomoza ku bindi bibazo bitari byoroheye umujyi wa Kigali byagiye bibonerwa umuti bigakemuka nta ngufu z\u2019umurengera zikoreshejwe, nta n\u2019uhutajwe .<br \/>\nAkagira ati, \u201d Abamotari bashyizwe ku murongo ,kandi bo ubwabo babigizemo uruhare, abacuruza mitiyu n\u2019izindi serivisi zitangirwa kuri telefoni nabo ni uko ,n\u2019abandi, ni gute iki kibazo cyaburirwa umuti urambye \u00e2\u20ac\u00b3?<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nUyu muyobozi kandi, asanga amakimbirane hagati y\u2019abazunguzayi n\u2019inzego z\u2019umutekano agira ingaruka no ku bandi bantu batayarimo, akagira ati, \u201dHari ubwo usanga umuntu wihitiraga bamuhutaje ,akaba yahungabana ,kandi nta ruhare na rumwe yari afite muri ubwo buzunguzayi ,nk\u2019aho bishobora no guteza impanuka zikomeye ,bikabangamira abantu\u00e2\u20ac\u00b3.<br \/>\nIkibazo cy\u2019ubuzunguzayi mu mujyi wa Kigali si icya none,ingamba zagiye zifatwa ni nyinshi ,harimo n\u2019izo kubashyiriraho tumwe mu dusoko two kubafasha , kubaha igishoro ,binavugwa ko bamwe muri abo hari abagenda bagaruka, bashaka ko bongera bagahabwa amafaranga.<br \/>\nIbyo ari byo byose, abakora uyu mwuga nabo barasabwa kwitondera ibisabwa,hakabaho gukurikiza amategeko n\u2019amabwiriza bahabwa,kuko nabo bafite uruhare runini mu kubaka umujyi wa Kigali utekanye.<br \/>\nK<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong>Yandiswe<\/strong>   <strong>na Marshall Eugene David@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Impuzamiryango y\u2019amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cy\u2019abazunguzayi kitakemurwa n\u2019ingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha. Ni nyuma y\u2019aho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi n\u2019ingabo ngo uhangane n\u2019ikibazo cy\u2019abacururiza mu mu muhanda. Ni umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7068","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Impuzamiryango y\u2019amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cy\u2019abazunguzayi kitakemurwa n\u2019ingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha. Ni nyuma y\u2019aho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi n\u2019ingabo ngo uhangane n\u2019ikibazo cy\u2019abacururiza mu mu muhanda. Ni umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-27T16:30:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:46:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi\",\"datePublished\":\"2017-08-27T16:30:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:46:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068\"},\"wordCount\":513,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068\",\"name\":\"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-27T16:30:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:46:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7068#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA","og_description":"Impuzamiryango y\u2019amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu mu Rwanda(CLADHO), isanga ikibazo cy\u2019abazunguzayi kitakemurwa n\u2019ingufu Umujyi wa Kigali uherutse gutangaza ko ugiye gukoresha. Ni nyuma y\u2019aho kuwa gatatu ushize, umujyi wa Kigali uvugiye ko hagiye kwitabazwa Polisi n\u2019ingabo ngo uhangane n\u2019ikibazo cy\u2019abacururiza mu mu muhanda. Ni umwanzuro utaranyuze abantu ku giti cyabo batari bake ndetse na zimwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-27T16:30:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:46:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi","datePublished":"2017-08-27T16:30:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:46:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068"},"wordCount":513,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7068#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068","name":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-27T16:30:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:46:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7068"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7068#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali : CLADHO irasaba umujyi wa Kigali kwigengesera mu kibazo cy\u2019abazunguzayi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7068","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7068"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7068\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7068"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7068"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7068"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}