{"id":70721,"date":"2024-08-23T10:28:32","date_gmt":"2024-08-23T08:28:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=70721"},"modified":"2024-08-23T10:28:32","modified_gmt":"2024-08-23T08:28:32","slug":"igitutu-cya-p-kagame-cyatumye-umujyi-wa-kigali-ushaka-indi-moteri-yo-gucakinira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721","title":{"rendered":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri yo gucanira Kigali Pel\u00e9 Stadium, mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Ni icyemezo ubuyobozi bw&#8217;uyu mujyi bwafashe nyuma yo kunengwa na Perezida Paul Kagame wagaragaje ko ikibazo cya moteri icanira iriya Stade cyatumye imikino yagombaga kuyikinirwaho nijoro yigizwa imbere kitagakwiye kuba cyaranabayeho, na mbere y\u2019uko ubuyobozi bw\u2019Umujyi wa Kigali butangira kugishakira igisubizo.<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu mu butumwa yaraye yanditse ku rubuga rwe rwa X yabwiye Umujyi wa Kigali ati: &#8220;Ibi ni ibintu bitagakwiye kuba byarabayeho na mbere hose&#8221;.<\/p>\n<p>Mu busanzwe ubuyobozi bw&#8217;Umujyi wa Kigali bwavugaga ko moteri isimbura itacyaka neza izaboneka mu mezi atatu ari imbere.<\/p>\n<p>Icyakora nyuma y&#8217;uko Umukuru w&#8217;Igihugu avuze kuri kiriya kibazo, Umujyi wa Kigali wahise wihutira gushaka indi moteri nk&#8217;uko byemejwe n&#8217;Umuvugizi wawo, Emma Claudine.<\/p>\n<p>Yabwiye ikinyamakuru IGIHE ati: &#8220;Twatumije Moteri nshya ariko twasanze tutayitegereza ngo igere i Kigali. Muri iyi minsi amakipe yifuza gukina nijoro yahakinira kubera ko hari indi moteri twashatse tuzaba twifashisha. Imikino izakomeza gukinwa nk\u2019ibisanzwe.\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019Umujyi wa Kigali yatangaje ko impamvu yo gutinda gutumizaho Moteri kandi Nyanama y\u2019Umujyi yaremeje kuyigura muri Werurwe uyu mwaka, ari ukubera ko amafaranga yo kuyitumizaho yagombaga kuva ku ngengo y\u2019imari ya 2024-2025.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri yo gucanira Kigali Pel\u00e9 Stadium, mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Ni icyemezo ubuyobozi bw&#8217;uyu mujyi bwafashe nyuma yo kunengwa na Perezida Paul Kagame wagaragaje ko ikibazo cya moteri icanira iriya Stade cyatumye imikino yagombaga kuyikinirwaho nijoro yigizwa imbere kitagakwiye kuba cyaranabayeho, na mbere y\u2019uko ubuyobozi bw\u2019Umujyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-70721","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imikino-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri yo gucanira Kigali Pel\u00e9 Stadium, mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Ni icyemezo ubuyobozi bw&#8217;uyu mujyi bwafashe nyuma yo kunengwa na Perezida Paul Kagame wagaragaje ko ikibazo cya moteri icanira iriya Stade cyatumye imikino yagombaga kuyikinirwaho nijoro yigizwa imbere kitagakwiye kuba cyaranabayeho, na mbere y\u2019uko ubuyobozi bw\u2019Umujyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-08-23T08:28:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu\",\"datePublished\":\"2024-08-23T08:28:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721\"},\"wordCount\":221,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Imikino\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721\",\"name\":\"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-08-23T08:28:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=70721#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA","og_description":"Umujyi wa Kigali wemeje ko washatse moteri yo gucanira Kigali Pel\u00e9 Stadium, mu gihe iyo watumije itaragera mu Rwanda. Ni icyemezo ubuyobozi bw&#8217;uyu mujyi bwafashe nyuma yo kunengwa na Perezida Paul Kagame wagaragaje ko ikibazo cya moteri icanira iriya Stade cyatumye imikino yagombaga kuyikinirwaho nijoro yigizwa imbere kitagakwiye kuba cyaranabayeho, na mbere y\u2019uko ubuyobozi bw\u2019Umujyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-08-23T08:28:32+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu","datePublished":"2024-08-23T08:28:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721"},"wordCount":221,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Imikino"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70721#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721","name":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-08-23T08:28:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=70721"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=70721#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Igitutu cya P. Kagame cyatumye Umujyi wa Kigali ushaka indi moteri yo gucanira KPS ikubagahu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70721","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=70721"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/70721\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=70721"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=70721"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=70721"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}