{"id":7094,"date":"2017-08-29T11:50:55","date_gmt":"2017-08-29T11:50:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/08\/29\/impungenge-ku-mvugo-ziri-gukoreshwa-na-bamwe-mu-bavugabutumwa-bo-muri-iyi-minsi\/"},"modified":"2025-02-25T14:16:20","modified_gmt":"2025-02-25T12:16:20","slug":"impungenge-ku-mvugo-ziri-gukoreshwa-na-bamwe-mu-bavugabutumwa-bo-muri-iyi-minsi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094","title":{"rendered":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu minsi yashize, umwe mu bakunzi ba bwiza.com banditse bagaragaza zimwe mu mpungenge abantu benshi bahura na zo ku mvugo zikoreshwa n\u2019abiyita abakozi b\u2019Imana cyangwa abahanuzi, aho yavuze ko akenshi bikoreshwa mu rwego rwo kumvisha ubukana bw\u2019ibyo bari kuvuga bagamije kwemeza ababakurikiye.<\/em> <\/strong><br \/>\nUyu muntu wasabye ko amazina ye adatangazwa yagarutse kuri zimwe mu mvugo aba bavugabutumwa bakoresha aho yanavuze ko harimo iziyobya abantu cyane cyane abana babyiruka.<br \/>\nYagize ati\u201dNukuri iby\u2019ubuhanuzi nimyigishirize mbona aha hanze biteye inkeke kuko biri kwica abana bari kuvuka bakarerwa n\u2019inyigisho zidafite ireme.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAha yagarutse kuri ibi \u201d Imana yambika, Imana ikora ubukwe, Imana ikura mucyaro ikazana mumujyi, Imana igabura n\u2019ibindi nk\u2019ibyo, Imana irambwiye ngo, Imana ntiyakwemera ko ibi bikubaho, Kuki yabishatse&#8230;\u201d<br \/>\nImvugo zimwe muri izi zigaragaza Imana nk\u2019inyagitugu cyangwa ko hari ibibi bigera ku bantu yabigizemo uruhare nyamara atari ko bimeze mu by\u2019ukuri.<br \/>\nUyu mukunzi yakomeje avuga ko ibi rebiri muri bimwe bituma abapagani (abanyamahanga) basuzugura abitwa abakozi b\u2019Imana ndetse bikanatuma abantu bataramba mugakiza.<br \/>\nYakomeje agira ati\u201dNjye Ndi Umuvugabutumwa, ariko mpora nsakuza na bagenzi banjye ngerageza kubakebura ariko wapi, njya mbwira abahanzi bacu nti&#8221;koko iyo mubona nta narimwe muratumirwa n\u2019umukuru w\u2019Igihugu ngo mugende mumuririmbire yumve ukuntu Yesu aryoshye koko mwumva mutisebya?koko abapagani babarushe mwakagombye Kuba mugendana ubwiza bw\u2019Imana?\u201d<br \/>\n\u201dMfatiye urugero ku bahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana mubihugu nabashije Kubona nka Kenya, South Africa, Austrslia, nahandi&#8230; usanga umuhanzi wa Gospel yubashywe ku rwego rutangaje, atumiwa mu manama akomeye ,abayobozi ku giti cya bo muma family events zitandukanye kubera gutanga ibintu bifite ireme.\u201d<br \/>\n\u201cYunzemo ati\u201dIbyo mbona aha iwacu rero birandenga gusa nsaba Imana ngo yongere umwuka w\u2019ubwenge n\u2019ubuhanga mu bakozi ba yo, uretse ko ntaba nirengagije ko yabiremanye umuntu ahubwo how to manage themselves.\u201d<br \/>\n <strong><br \/>\nUmuti wavuguturwa Iki kibazo rero nuwuhe<\/strong><br \/>\n1.United churches, Abashumba bakajya bahugurana bitewe nuburambe bafite muri uyu murimo ndetse nubumenyi.<br \/>\n2.Empewerment of communication skills (understanding&#038;listening) kuko tubona buriwese avuga ibyo yishakiye, ku mwanya yishakiye nta kureba ngo akurikiwe n\u2019abantu ki ? bari ku ruhe rwego rw\u2019ubumenyi?<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n3.Inter-church Transformation, Niba dusenga ngo &#8220;DATA WA TWESE URI MU IJURU, nta mpamvu y\u2019uko umurimo w\u2019umubyeyi wacu utukwa turebera .<br \/>\nMurakoze Imana ikomeze kubagurira imbago.<br \/>\nK<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitte<\/a><br \/>\nUMusomyi wa bwiza.com<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu minsi yashize, umwe mu bakunzi ba bwiza.com banditse bagaragaza zimwe mu mpungenge abantu benshi bahura na zo ku mvugo zikoreshwa n\u2019abiyita abakozi b\u2019Imana cyangwa abahanuzi, aho yavuze ko akenshi bikoreshwa mu rwego rwo kumvisha ubukana bw\u2019ibyo bari kuvuga bagamije kwemeza ababakurikiye. Uyu muntu wasabye ko amazina ye adatangazwa yagarutse kuri zimwe mu mvugo aba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-7094","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu minsi yashize, umwe mu bakunzi ba bwiza.com banditse bagaragaza zimwe mu mpungenge abantu benshi bahura na zo ku mvugo zikoreshwa n\u2019abiyita abakozi b\u2019Imana cyangwa abahanuzi, aho yavuze ko akenshi bikoreshwa mu rwego rwo kumvisha ubukana bw\u2019ibyo bari kuvuga bagamije kwemeza ababakurikiye. Uyu muntu wasabye ko amazina ye adatangazwa yagarutse kuri zimwe mu mvugo aba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-08-29T11:50:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:16:20+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi\",\"datePublished\":\"2017-08-29T11:50:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:16:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094\"},\"wordCount\":405,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094\",\"name\":\"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-08-29T11:50:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:16:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7094#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA","og_description":"Mu minsi yashize, umwe mu bakunzi ba bwiza.com banditse bagaragaza zimwe mu mpungenge abantu benshi bahura na zo ku mvugo zikoreshwa n\u2019abiyita abakozi b\u2019Imana cyangwa abahanuzi, aho yavuze ko akenshi bikoreshwa mu rwego rwo kumvisha ubukana bw\u2019ibyo bari kuvuga bagamije kwemeza ababakurikiye. Uyu muntu wasabye ko amazina ye adatangazwa yagarutse kuri zimwe mu mvugo aba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-08-29T11:50:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:16:20+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi","datePublished":"2017-08-29T11:50:55+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:16:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094"},"wordCount":405,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7094#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094","name":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-08-29T11:50:55+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:16:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7094"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7094#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impungenge ku mvugo ziri gukoreshwa na bamwe mu bavugabutumwa bo muri iyi minsi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7094","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7094"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7094\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7094"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7094"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7094"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}