{"id":71057,"date":"2024-09-05T17:20:00","date_gmt":"2024-09-05T15:20:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71057"},"modified":"2024-09-05T17:20:00","modified_gmt":"2024-09-05T15:20:00","slug":"u-budage-bukomeje-gutekereza-kuri-gahunda-nk-iyo-u-bwongereza-bwari-bufitanye-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057","title":{"rendered":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#8217;u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe mu Budage hagenda hiyongera impaka kuri politiki yo gusubiza iwabo abimukira bahageze mu buryo butemewe, komiseri ushinzwe abinjira n&#8217;abasohoka, Joachim Stamp yakomoje ku bijyanye no kohereza abimukira mu Rwanda niba hari ibibazo byo kubasubiza mu gihugu cyabo.<\/p>\n<p>Aganira mu kiganiro cyanyujijwe kuri podcast kuri uyu wa Kane, Stamp yavuze ko abimukira baza mu Budage banyuze mu Burusiya na Belarus bashobora koherezwa mu gihugu cya Afurika y&#8217;iburasirazuba nk&#8217;uko iyi nkuru dukesha Deutsche Welle ivuga. <\/p>\n<p>Yasobanuye ubwinshi bw&#8217;abimukira bava mu bihugu byombi ari bimwe mu bigize gahunda ya Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we wa Belarus, Aleksandr Lukashenko, yo gushoza intambara y&#8217;ubundi bwoko ku Burengerazuba.<\/p>\n<p>Stamp yavuze ko aba bombi &#8220;bohereza nkana abimukira ku mupaka w\u2019iburasirazuba w\u2019Umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019ibihugu by\u2019u Burayi&#8221;, akomeza avuga ko bishoboka ko bri mu mugambi wo kuzuza impunzi z\u2019Abanyasiriya, Abanyayiraki, na Afghanistan mu Burayi banyuze i Minsk na Moscou.<\/p>\n<p>Stamp, umwe mu bagize ishyaka riharanira demokarasi (FDP), yavuze ko Guverinoma y&#8217;u Budage ishobora gukoresha gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufite yo kohereza abimukira mu Rwanda mu gihe dosiye zabo zikigwaho.<\/p>\n<p>Guverinoma z\u2019u Bwongereza zagiye zisimburana zari zageze ku masezerano yo kohereza umubare munini w\u2019abasaba ubuhungiro mu Rwanda. Icyakora, iyi gahunda yaje guteshwa agaciro n&#8217;ubuyobozi bushya buyobowe n&#8217;Ishyaka ry&#8217;Abakozi rivuga ko itemewe n&#8217;amategeko nyuma y\u2019uko Minisitiri w\u2019intebe Keir Starmer ageze ku butegetsi.<\/p>\n<p>Gusubiza iwabo abimukira bimaze kuba ingingo ishyushye mu Budage nyuma y\u2019igitero cy\u2019icyuma cyahitanye abantu mu Mujyi wa Solingen cyagabwe n\u2019umuntu wari wasabye ubuhungiro w\u2019Umunyasiriya akabwimwa wari utegereje koherezwa. <\/p>\n<p>U Budage bukaba butajijinganya no gusubiza iwabo abantu bahunze ahantu hateye akaga ubuzima bwabo, k&#8217;aho buherutse gusubiza muri Afghanistan abantu 28 bari barahunze ubwo Abatalibani bafataga ubutegetsi mu 2021.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe mu Budage hagenda hiyongera impaka kuri politiki yo gusubiza iwabo abimukira bahageze mu buryo butemewe, komiseri ushinzwe abinjira n&#8217;abasohoka, Joachim Stamp yakomoje ku bijyanye no kohereza abimukira mu Rwanda niba hari ibibazo byo kubasubiza mu gihugu cyabo. Aganira mu kiganiro cyanyujijwe kuri podcast kuri uyu wa Kane, Stamp yavuze ko abimukira baza mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-71057","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#039;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#039;u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#039;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#039;u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe mu Budage hagenda hiyongera impaka kuri politiki yo gusubiza iwabo abimukira bahageze mu buryo butemewe, komiseri ushinzwe abinjira n&#8217;abasohoka, Joachim Stamp yakomoje ku bijyanye no kohereza abimukira mu Rwanda niba hari ibibazo byo kubasubiza mu gihugu cyabo. Aganira mu kiganiro cyanyujijwe kuri podcast kuri uyu wa Kane, Stamp yavuze ko abimukira baza mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-05T15:20:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#8217;u Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-09-05T15:20:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057\"},\"wordCount\":314,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057\",\"name\":\"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk'iyo u Bwongereza bwari bufitanye n'u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-05T15:20:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71057#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#8217;u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk'iyo u Bwongereza bwari bufitanye n'u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk'iyo u Bwongereza bwari bufitanye n'u Rwanda - BWIZA","og_description":"Mu gihe mu Budage hagenda hiyongera impaka kuri politiki yo gusubiza iwabo abimukira bahageze mu buryo butemewe, komiseri ushinzwe abinjira n&#8217;abasohoka, Joachim Stamp yakomoje ku bijyanye no kohereza abimukira mu Rwanda niba hari ibibazo byo kubasubiza mu gihugu cyabo. Aganira mu kiganiro cyanyujijwe kuri podcast kuri uyu wa Kane, Stamp yavuze ko abimukira baza mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-09-05T15:20:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#8217;u Rwanda","datePublished":"2024-09-05T15:20:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057"},"wordCount":314,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71057#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057","name":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk'iyo u Bwongereza bwari bufitanye n'u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-05T15:20:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71057"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71057#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Budage bukomeje gutekereza kuri gahunda nk&#8217;iyo u Bwongereza bwari bufitanye n&#8217;u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71057","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71057"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71057\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71057"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71057"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71057"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}