{"id":71121,"date":"2024-09-09T10:34:00","date_gmt":"2024-09-09T08:34:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71121"},"modified":"2024-09-09T10:34:00","modified_gmt":"2024-09-09T08:34:00","slug":"umujyanama-mu-by-umutekano-w-u-buhinde-agiye-kuganira-na-putin-ku-kibazo-cya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121","title":{"rendered":"Umujyanama mu by&#8217;umutekano w&#8217;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine"},"content":{"rendered":"<p>Amakuru agera kuri India Today aravuga ko Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin, azagirana ibiganiro na Ajit Doval, Umujyanama mu by&#8217;Umutekano wa Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Buhinde, Narendra Modi, ku muhate wa New Delhi mu gukemura amakimbirane hagati ya Moscou na Kiev.<\/p>\n<p>Biteganijwe ko Doval azasura umurwa mukuru w\u2019u Burusiya, Moscow, ku wa Kabiri no ku wa Gatatu, nkuko byatangajwe na India Today ku Cyumweru.<\/p>\n<p>Inkuru igira iti: &#8220;Igihe azaba ari i Moscou, Doval&#8221; azahura na Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin kandi baganire ku bikorwa by\u2019amahoro bigamije gukemura intambara ikomeje kuba hagati y&#8217;u Burusiya na Ukraine. &#8221;<\/p>\n<p>Nk\u2019uko amakuru aturuka mu bitangazamakuru byo mu Buhinde abitangaza, ngo Umujyanama mu by\u2019Umutekano w\u2019igihugu cy\u2019u Buhinde azitabira kandi inama y\u2019abashinzwe umutekano mu Muryango wa BRICS kandi azagirana ibiganiro bitandukanye n\u2019abahagarariye u Burusiya n\u2019u Bushinwa.<\/p>\n<p>Amakuru y&#8217;urugendo rwa Doval mu Burusiya aje akurikira imbaraga zikomeye Modi akomeje gushyira muri dipolomasi kugira ngo babone igisubizo cy\u2019amahoro ku makimbirane hagati ya Moscou na Kiev.<\/p>\n<p>Muri Nyakanga, Modi yasuye Moscow maze avuga ko we na Putin bashoboye kungurana ibitekerezo kuri iki kibazo ku buryo bweruye. Ku rundi ruhande, Umuyobozi w\u2019u Burusiya yashimiye minisitiri w\u2019intebe kuba yagerageje gushaka inzira yo gukemura amakimbirane.<\/p>\n<p>Uru rugendo rwatumye Kiev irakara, Perezida wa Ukraine, Vladimir Zelensky, abyita \u201cgutenguha gukomeye ndetse no kubangamira inzira y\u2019amahoro.\u201d<\/p>\n<p>Hadaciye kabiri, mu kwezi gushize, Modi yagiye no muri Ukraine kugira ngo aganire na Zelensky, aba umuyobozi wa mbere w\u2019u Buhinde wasuye iki gihugu. Igihe yari i Kiev, Minisitiri w\u2019Intebe yashimangiye ko \u201cibiganiro na diplomasi\u201d aribwo buryo bwonyine bwo guhagarika imirwano. <\/p>\n<p>Yabwiye Umuyobozi wa Ukraine ati: &#8220;U Buhinde ntabwo bwigeze bubogama muri iyi ntambara, turi ku ruhande rw&#8217;amahoro.&#8221; Nk\u2019uko ikinyamakuru Bloomberg kibitangaza ngo Modi yemeye kandi &#8220;kohereza ubutumwa&#8221; ku mpande zombi.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro z&#8217;iki cyumweru, Putin yavuze ko u Bushinwa, Brazil n&#8217;u Buhinde bashobora kuba abunzi mu gukemura amakimbirane hagati y&#8217;u Burusiya na Ukraine. Ati: &#8220;Sinshidikanya ko abayobozi b&#8217;ibi bihugu, dufitanye umubano wizewe, bashishikajwe no gufasha gukemura ibibazo byose by&#8217;iki gikorwa kitoroshye&#8221;.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019u Burusiya yongeye gushimangira ko Moscow \u201citigeze yanga\u201d imishyikirano na Kiev, ariko ashimangira ko bigomba gukorwa \u201cbidashingiye ku byifuzo bimwe na bimwe, ahubwo bishingiye ku nyandiko zemeranijwe i Istanbul.\u201d<\/p>\n<p>Impande zombi ntizigeze zongera kwicarana hagati yazo kuva zahurira Instanbul, umujyi munini wa T\u00fcrkiya mu mpera za Werurwe 2022. U Burusiya, bwatangiye kwerekana ko bwishimiye ibyavuye mu nama maze bukura ingabo zabwo mu nkengero za Kiev nk&#8217;ikimenyetso cyiza, nyuma bwashinje Ukraine kuba yarasubiye inyuma ku byari byamaze kugerwaho byose muri Istanbul, buvuga ko bwatakarije icyizere abashinzwe gushyikirana ba Kiev.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru agera kuri India Today aravuga ko Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin, azagirana ibiganiro na Ajit Doval, Umujyanama mu by&#8217;Umutekano wa Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Buhinde, Narendra Modi, ku muhate wa New Delhi mu gukemura amakimbirane hagati ya Moscou na Kiev. Biteganijwe ko Doval azasura umurwa mukuru w\u2019u Burusiya, Moscow, ku wa Kabiri no ku wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-71121","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umujyanama mu by&#039;umutekano w&#039;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umujyanama mu by&#039;umutekano w&#039;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru agera kuri India Today aravuga ko Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin, azagirana ibiganiro na Ajit Doval, Umujyanama mu by&#8217;Umutekano wa Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Buhinde, Narendra Modi, ku muhate wa New Delhi mu gukemura amakimbirane hagati ya Moscou na Kiev. Biteganijwe ko Doval azasura umurwa mukuru w\u2019u Burusiya, Moscow, ku wa Kabiri no ku wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-09T08:34:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Umujyanama mu by&#8217;umutekano w&#8217;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine\",\"datePublished\":\"2024-09-09T08:34:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121\"},\"wordCount\":456,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121\",\"name\":\"Umujyanama mu by'umutekano w'u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-09T08:34:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71121#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umujyanama mu by&#8217;umutekano w&#8217;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umujyanama mu by'umutekano w'u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umujyanama mu by'umutekano w'u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA","og_description":"Amakuru agera kuri India Today aravuga ko Perezida w\u2019u Burusiya, Vladimir Putin, azagirana ibiganiro na Ajit Doval, Umujyanama mu by&#8217;Umutekano wa Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Buhinde, Narendra Modi, ku muhate wa New Delhi mu gukemura amakimbirane hagati ya Moscou na Kiev. Biteganijwe ko Doval azasura umurwa mukuru w\u2019u Burusiya, Moscow, ku wa Kabiri no ku wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-09-09T08:34:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Umujyanama mu by&#8217;umutekano w&#8217;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine","datePublished":"2024-09-09T08:34:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121"},"wordCount":456,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71121#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121","name":"Umujyanama mu by'umutekano w'u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-09T08:34:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71121"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71121#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umujyanama mu by&#8217;umutekano w&#8217;u Buhinde agiye kuganira na Putin ku kibazo cya Ukraine"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71121","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71121"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71121\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71121"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71121"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71121"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}