{"id":71301,"date":"2024-09-17T00:06:48","date_gmt":"2024-09-16T22:06:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71301"},"modified":"2024-09-17T00:06:48","modified_gmt":"2024-09-16T22:06:48","slug":"umusenateri-umwe-mushya-ni-we-uri-muri-12-batorewe-kwinjira-muri-sena-y-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301","title":{"rendered":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#8217;u Rwanda"},"content":{"rendered":"<p><strong>Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;amatora yatangaje by&#8217;agateganyo ibyavuye mu matora y&#8217;abagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2024.<\/strong><\/p>\n<p>Ni amatora yasize hatowe abasenateri 12 bagomba guhagararira  guhagararira intara enye n\u2019Umujyi wa Kigali muri Sena y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Abatawe barimo Amb. Rugira Amandin wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu by&#8217;u Bubiligi, Umuryango w&#8217;Ubumwe bw&#8217;u Burayi, Congo-Brazzaville, Malawi na Zambia.<\/p>\n<p>Amb. Rugira yatorewe guhagararira intara y&#8217;Amajyaruguru, nyuma yo kugira amajwi 211 angana na 62.61%. <\/p>\n<p>Uyu mudipolomate wabaye umusenateri mushya uri mu batorewe kujya muri Sena y&#8217;u Rwanda, yatoranwe na Nyinawamwiza Laetetia wari usanzwe muri Sena icyuye igihe. Nyinawamwiza wanabaye Umuyobozi wa Kokeji ya Kaminuza y&#8217;u Rwanda y&#8217;Ubuhinzi n&#8217;Ubworozi (CAVEM), yagize amajwi 246 angana na 73%.<\/p>\n<p>Usibye abasenateri babiri bo mu ntara y&#8217;Amajyaruguru, intara z&#8217;amajyepfo, Uburasirazuba n&#8217;Uburengerazuba zabonye abasenateri batatu bazihagararira.<\/p>\n<p>Mu majyepfo hatowe Umuhire Adrie wagize amajwi 300 angana na 70.42%. Uri mu basenateri barangije manda yatoranwe na Uwera Pelagie na we wari mu basenateri basoje manda cyo kimwe na Cyitatire Sosth\u00e8ne wari usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa Sena y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu burasirazuba hatowe Bideri John Bonds wari usanzwe ari umwe mu bagize Sena kuva muri 2019, Dr Alvera Mukabaramba wari usanzwe ari-Visi Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda ushinzwe Imari n\u2019Abakozi na Nsengiyumva Fulgence wari usanzwe ari Perezida wa Komisiyo ya Politiki n\u2019Imiyoborere muri Sena y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Ni mu gihe mu Burengerazuba hatowe Mureshyankwano Marie Rose, Havugimana Emmanuel na Prof Niyomugabo Cyprien bose bari mu basenateri basoje manda, na ho mu mujyi wa Kigali hatorwa Nyirasafari Esp\u00e9rance wari usanzwe ari Visi-Perezida wa Sena.<\/p>\n<p>Sena y\u2019u Rwanda igizwe n\u2019Abasenateri 26 bamara manda y\u2019imyaka itanu, yongerwa rimwe gusa kandi nibura 30 ku ijana bagomba kuba ari abagore.<\/p>\n<p>Usibye bariya 12 batowe n\u2019inzego zihariye hakurikijwe Inzego z\u2019imitegekere y\u2019igihugu, hari abandi umunani bazashyirwaho na Perezida wa Repubulika na bane bazashyirwaho n\u2019Ihuriro ry\u2019Igihugu nyunguranabitekerezo ry\u2019Imitwe ya politiki.<\/p>\n<p>Ni mu gihe umwe atorwa mu barimu cyangwa abashakashatsi bo muri kaminuza no mu mashuri makuru bya Leta, mu gihe undi atorwa mu barimu cyangwa abashakashatsi bo muri kaminuza no mu mashuri makuru yigenga.<\/p>\n<p>Sena ifite inshingano zo kugenzura ibikorwa bya guverinoma no kugenzura ishyirwa mu bikorwa by\u2019amahame remezo.<\/p>\n<p>Muri ayo harimo ihame ryo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside, kurwanya no kurandura Ingengabitekerezo ya Jenoside n\u2019ibyo igaragariramo byose, kurwanya ipfobya n\u2019ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Irindi hame ni iryo kurandura burundu amacakubiri cyangwa se ivangura aho ryaba rishingiye aho ari ho hose no gushyira imbere ubumbwe bw\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Hari ihame ryo gukemura ibibazo buri gihe biciye mu biganiro no mu bwumvikane, irigendanye no guharanira leta ishingiye ku mategeko no kuri demokarasi, guharanira leta ishingiye ku mibereho myiza y\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Hari kandi izindi nshingano zihariye nko kwemeza ishyirwaho ry\u2019abayobozi bamwe bo mu nzego za leta iyo bamaze gushyirwaho n\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri banyuzwa hano kugira ngo baganirizwe bumve inshingano bagiye kujyamo.<\/p>\n<p>Indi nshingano yihariye ni iyo kumenya, kugenzura no gutora amategeko. Sena ifite n\u2019inshingano yo guha ibitekerezo Umutwe w\u2019Abadepite ku mushinga w\u2019ingengo y\u2019imari ya leta, mbere y\u2019uko ritorwa burundu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;amatora yatangaje by&#8217;agateganyo ibyavuye mu matora y&#8217;abagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2024. Ni amatora yasize hatowe abasenateri 12 bagomba guhagararira guhagararira intara enye n\u2019Umujyi wa Kigali muri Sena y\u2019u Rwanda. Abatawe barimo Amb. Rugira Amandin wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu by&#8217;u [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-71301","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#039;u Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#039;u Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;amatora yatangaje by&#8217;agateganyo ibyavuye mu matora y&#8217;abagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2024. Ni amatora yasize hatowe abasenateri 12 bagomba guhagararira guhagararira intara enye n\u2019Umujyi wa Kigali muri Sena y\u2019u Rwanda. Abatawe barimo Amb. Rugira Amandin wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu by&#8217;u [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-16T22:06:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#8217;u Rwanda\",\"datePublished\":\"2024-09-16T22:06:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301\"},\"wordCount\":539,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301\",\"name\":\"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y'u Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-16T22:06:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71301#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#8217;u Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y'u Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y'u Rwanda - BWIZA","og_description":"Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;amatora yatangaje by&#8217;agateganyo ibyavuye mu matora y&#8217;abagize Inteko Ishinga Amategeko, umutwe wa Sena yabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Nzeri 2024. Ni amatora yasize hatowe abasenateri 12 bagomba guhagararira guhagararira intara enye n\u2019Umujyi wa Kigali muri Sena y\u2019u Rwanda. Abatawe barimo Amb. Rugira Amandin wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu by&#8217;u [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-09-16T22:06:48+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#8217;u Rwanda","datePublished":"2024-09-16T22:06:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301"},"wordCount":539,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71301#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301","name":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y'u Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-16T22:06:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71301"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71301#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusenateri umwe mushya ni we uri muri 12 batorewe kwinjira muri Sena y&#8217;u Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71301","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71301"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71301\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71301"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71301"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71301"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}