{"id":71326,"date":"2024-09-18T09:05:00","date_gmt":"2024-09-18T07:05:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71326"},"modified":"2024-09-18T09:05:00","modified_gmt":"2024-09-18T07:05:00","slug":"irmct-yahaye-umugisha-icyifuzo-cya-rdc-cyo-kwakira-zigiranyirazo-na-bagenzi-be","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326","title":{"rendered":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. <\/h2>\n<p>IRMCT yavuze ibi ishingiye ku ku ibaruwa Minisiteri y&#8217;Ububanyi n&#8217;Amahanga ya Niger yandikiye intumwa ya Tshisekedi, Ali Illiassou Dicko ku itariki 22 Kanama 2024. uru rwego ruvuga ko rwamenyeshejwe n&#8217;abo Banyarwanda binyuze ku mujyanama wabo, icyifuzo cya RDC bagejejweho na Ali Illiassou, ku busabe bwa Perezida Tshisekedi, cyo kwakira abantu batandatu (6) bari ku butaka bwa Niger bagatuzwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. <\/p>\n<p>Urwego kandi rwamenyeshejwe ko, ku itariki ya 15 Nyakanga 2024, Minisitiri w\u2019Intebe wa Repubulika ya Niger yabonanye na Dicko na Ma\u00eetre Kadidiatou HAMADOU, umunyamategeko w\u2019Abanyarwanda bimuriwe muri Niger, kugira ngo baganire kuri iki cyifuzo. Byongeye kandi, ku itariki ya 23 Kanama 2024, IRMCT yamenyeshejwe na bane mu bantu bimuwe ko habaye inama hagati yabo na Dicko ku itariki ya 14 Kanama 2024 kugira ngo baganire ku cyifuzo cyavuzwe.<\/p>\n<p>IRMCT ivuga ko icyifuzo cyo kwimurirwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyamenyeshejwe aba bantu mu buryo butaziguye, na IRMCT itabigizemo uruhare. Yibukije ko, hakurikijwe ibivugwa mu ngingo ya 5 y\u2019amasezerano yo kwimura abantu, Repubulika ya Niger yahaye aba bantu uruhushya rwo gutura mu gihugu ruhoraho ndetse bahabwa n&#8217;ibyangombwa   bibemerera kugenda mu bwisanzure.<\/p>\n<p>IRMCT ikaba yibutsa Guverinoma ya Repubulika ya Niger ko aba bantu batujwe ku butaka bwayo bagizwe abere \/ cyangwa barekuwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda cyangwa IRMCT. Iti: &#8220;Ni abantu rero bidegembya, bafite umudendezo wo guhitamo gutura ku bushake mu kindi gihugu icyo ari cyo cyose cyifuza kubakira ku butaka bwacyo&#8221;.<\/p>\n<p>Ngo kubera iyo mpamvu rero, niba icyo ari cyo cyifuzo cy\u2019abantu bimuriwe muri Niger, IRMCT ibona nta mpamvu Leta ya Repubulika ya Niger itaborohereza kwimukira ku bushake muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.<\/p>\n<p>Abo bantu bavugwa ni Capt Sagahutu Innocent wari umusirikare wa Ex-FAR ku butegetsi bwa Habyarimana, Nzuwonemeye Fran\u00e7ois Xavier, Mugiraneza Prosper, Nteziryayo Alphonse , Ntagerura Andr\u00e9 na Zigiranyirazo Protais.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. IRMCT yavuze ibi ishingiye ku [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-71326","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. IRMCT yavuze ibi ishingiye ku [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-18T07:05:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be\",\"datePublished\":\"2024-09-18T07:05:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326\"},\"wordCount\":360,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326\",\"name\":\"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-18T07:05:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71326#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA","og_description":"IRMCT, Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho kurangiza imirimo yasizwe n\u2019Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwemeje ko rwakiriye icyifuzo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyo kwakira Abanyarwanda bahamijwe uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi basoje ibihano byabo ubu bari mu gihugu cya Niger, rwemeza ko mu gihe babishaka ari uburenganzira bwabo. IRMCT yavuze ibi ishingiye ku [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-09-18T07:05:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be","datePublished":"2024-09-18T07:05:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326"},"wordCount":360,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71326#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326","name":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-18T07:05:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71326"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71326#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"IRMCT yahaye umugisha icyifuzo cya RDC cyo kwakira Zigiranyirazo na bagenzi be"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71326","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71326"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71326\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71326"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71326"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71326"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}