{"id":71427,"date":"2024-09-23T15:29:00","date_gmt":"2024-09-23T13:29:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71427"},"modified":"2024-09-23T15:29:00","modified_gmt":"2024-09-23T13:29:00","slug":"perezida-kagame-yashyizeho-abasenateri-4-binjiye-muri-sena-y-u-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427","title":{"rendered":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya"},"content":{"rendered":"<p><strong>Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashizeho abasenateri bane muri Sena y&#8217;u Rwanda.<\/strong><\/p>\n<p>Dr Kalinda Fran\u00e7ois Xavier wari usanzwe ari Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda ni we wenyine mu bari bayisanzwemo wongewe kugirirwa icyizere n&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu.<\/p>\n<p>Abandi yashyizeho barimo Nyirahabimana Solina wahoze ari Umunyamabanga wa leta ushinzwe Itegeko Nshinga n\u2019andi mategeko na Dr Uster Kayitesi wahoze ari Umuyobozi Mukuru w&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu Rushinzwe Imiyoborere (RGB).<\/p>\n<p>Barimo kandi Bibiane Gahamanyi wari Umuyobozi w&#8217;Ishyirahamwe mpuzamahanga ry\u2019ababyeyi ritanga serivisi z\u2019ubuzima bw\u2019imyororokere no kuboneza urubyaro (IPPF).<\/p>\n<p>Aba bane Perezida Paul Kagame yashyizeho bari mu munani yemerewe gushyiraho. Umukuru w&#8217;Igihugu yashyizeho abasenateri bane bijyanye no kuba hari abandi bane basigaje manda y&#8217;umwaka umwe.<\/p>\n<p>Abo barimo Prof Dusingizemungu Jean Pierre, Uwizeyimana Evode, Dr Twahirwa Andr\u00e9 na Kanziza Epiphanie. <\/p>\n<p>Abasenateri bashyizweho n&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu biyongera kuri 12 baheruka gutorwa n\u2019inzego zihariye hakurikijwe inzego z\u2019imitegekere y\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Abo barimo Amb. Rugira Amandin wigeze guhagararira u Rwanda mu bihugu by\u2019u Bubiligi, Umuryango w\u2019Ubumwe bw\u2019u Burayi, Congo-Brazzaville, Malawi na Zambia na Nyinawamwiza Laetetia wabaye Umuyobozi wa Kokeji ya Kaminuza y\u2019u Rwanda y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi (CAVEM), yagize amajwi 246 angana na 73%.<\/p>\n<p>Usibye aba basenateri babiri bo mu ntara y\u2019Amajyaruguru, intara z\u2019amajyepfo, Uburasirazuba n\u2019Uburengerazuba zabonye abasenateri batatu bazihagararira.<\/p>\n<p>Mu majyepfo hatowe Umuhire Adrie wagize amajwi 300 angana na 70.42%. Uri mu basenateri barangije manda yatoranwe na Uwera Pelagie na we wari mu basenateri basoje manda cyo kimwe na Cyitatire Sosth\u00e8ne wari usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru wa Sena y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mu burasirazuba hatowe Bideri John Bonds wari usanzwe ari umwe mu bagize Sena kuva muri 2019, Dr Alvera Mukabaramba wari usanzwe ari-Visi Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda ushinzwe Imari n\u2019Abakozi na Nsengiyumva Fulgence wari usanzwe ari Perezida wa Komisiyo ya Politiki n\u2019Imiyoborere muri Sena y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ni mu gihe mu Burengerazuba hatowe Mureshyankwano Marie Rose, Havugimana Emmanuel na Prof Niyomugabo Cyprien bose bari mu basenateri basoje manda, na ho mu mujyi wa Kigali hatorwa Nyirasafari Esp\u00e9rance wari usanzwe ari Visi-Perezida wa Sena.<\/p>\n<p>Hatowe kandi Ngarambe Telesphore na Uwimbabazi Penine nk&#8217;abasenateri bahagarariye amashuri makuru na Kaminuza.<\/p>\n<p>Sena ifite inshingano zo kugenzura ibikorwa bya guverinoma no kugenzura ishyirwa mu bikorwa by\u2019amahame remezo.<\/p>\n<p>Muri ayo harimo ihame ryo gukumira no guhana icyaha cya Jenoside, kurwanya no kurandura Ingengabitekerezo ya Jenoside n\u2019ibyo igaragariramo byose, kurwanya ipfobya n\u2019ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Irindi hame ni iryo kurandura burundu amacakubiri cyangwa se ivangura aho ryaba rishingiye aho ari ho hose no gushyira imbere ubumbwe bw\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Hari ihame ryo gukemura ibibazo buri gihe biciye mu biganiro no mu bwumvikane, irigendanye no guharanira leta ishingiye ku mategeko no kuri demokarasi, guharanira leta ishingiye ku mibereho myiza y\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Hari kandi izindi nshingano zihariye nko kwemeza ishyirwaho ry\u2019abayobozi bamwe bo mu nzego za leta iyo bamaze gushyirwaho n\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri banyuzwa hano kugira ngo baganirizwe bumve inshingano bagiye kujyamo.<\/p>\n<p>Indi nshingano yihariye ni iyo kumenya, kugenzura no gutora amategeko. Sena ifite n\u2019inshingano yo guha ibitekerezo Umutwe w\u2019Abadepite ku mushinga w\u2019ingengo y\u2019imari ya leta, mbere y\u2019uko ritorwa burundu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashizeho abasenateri bane muri Sena y&#8217;u Rwanda. Dr Kalinda Fran\u00e7ois Xavier wari usanzwe ari Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda ni we wenyine mu bari bayisanzwemo wongewe kugirirwa icyizere n&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu. Abandi yashyizeho barimo Nyirahabimana Solina wahoze ari Umunyamabanga wa leta ushinzwe Itegeko Nshinga n\u2019andi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-71427","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashizeho abasenateri bane muri Sena y&#8217;u Rwanda. Dr Kalinda Fran\u00e7ois Xavier wari usanzwe ari Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda ni we wenyine mu bari bayisanzwemo wongewe kugirirwa icyizere n&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu. Abandi yashyizeho barimo Nyirahabimana Solina wahoze ari Umunyamabanga wa leta ushinzwe Itegeko Nshinga n\u2019andi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-23T13:29:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya\",\"datePublished\":\"2024-09-23T13:29:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427\"},\"wordCount\":534,\"commentCount\":10,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427\",\"name\":\"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-23T13:29:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71427#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA","og_description":"Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri yashizeho abasenateri bane muri Sena y&#8217;u Rwanda. Dr Kalinda Fran\u00e7ois Xavier wari usanzwe ari Perezida wa Sena y&#8217;u Rwanda ni we wenyine mu bari bayisanzwemo wongewe kugirirwa icyizere n&#8217;Umukuru w&#8217;Igihugu. Abandi yashyizeho barimo Nyirahabimana Solina wahoze ari Umunyamabanga wa leta ushinzwe Itegeko Nshinga n\u2019andi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-09-23T13:29:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya","datePublished":"2024-09-23T13:29:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427"},"wordCount":534,"commentCount":10,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71427#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427","name":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-23T13:29:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71427"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71427#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yashyizeho abasenateri 4 barimo abashya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71427","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71427"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71427\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71427"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71427"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71427"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}