{"id":71438,"date":"2024-09-24T11:25:45","date_gmt":"2024-09-24T09:25:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71438"},"modified":"2024-09-24T11:25:45","modified_gmt":"2024-09-24T09:25:45","slug":"ese-iyi-myenda-yose-leta-zunze-ubumwe-za-amerika-zirimo-izishyurwa-bigenze-gute","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438","title":{"rendered":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute?"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Imyenda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiye iba ingingo nyamukuru mu myiteguro y&#8217;amatora muri iki gihugu ubusanzwe kizwiho ko ari cyo cya mbere mu bukungu ku Isi ariko nacyo hakaba hari abo kibereyemo imyenda itabarika hakomeje kwibazwa ukuntu izishyurwa.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Impaka za nyuma ziheruka zabaye hagati ya Donald Trump na Hillary Clinton mu 2016 zagaragaje igice cyihariye cy&#8217;iminota 12 kuri iyi ngingo.<\/p>\n<p>Barack Obama na Mitt Romney batonganye kuri iki kibazo mu kiganiro mpaka cyabo mu matora yo mu 2012.<\/p>\n<p>Mu matora yo muri uyu mwaka wa 2024 uko bigaragara, umwenda w&#8217;igihugu ntabwo ukiri mu bintu bigibwaho impaka ukundi.<\/p>\n<p>Ijambo &#8220;umwenda&#8221; ntiryigeze riza rimwe mu gihe cy&#8217;ikiganirompaka cya mbere cya Trump na Kamala Harris, ari nacyo kimaze kuba rukumbi cyabaye mu ntangiriro z&#8217;uku kwezi.<\/p>\n<p>Ishyaka rya Repubulika, risanzwe rizamura impaka kuri iki kibazo ntabwo ryigeze rivuga ku mwenda cyangwa igihombo mu nyandiko y\u2019impapuro 16 zashyizwe ahagaragara muri Nyakanga.<\/p>\n<p>Ntabwo ari nkaho umwenda udafite akamaro muri iki gihe kuruta uko byari bimeze mu matora aheruka, ahubwo biratandukanye cyane nk&#8217;uko iyi nkuru dukesha Al Jazeera ivuga.<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2012, umwenda w&#8217;igihugu, usibye amafaranga leta yigurije ubwayo, wabarirwaga muri tiriyali 11.4 z&#8217;amadolari, hafi 69.5 ku ijana by&#8217;umusaruro mbumbe wose w&#8217;igihugu (GDP).<\/p>\n<p>Uyu munsi, umwenda Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo urabarirwa muri tiriyali 28 z&#8217;amadolari, ni ukuvuga hafi 99 ku ijana bya GDP.<\/p>\n<p>Ibiro bishinzwe ingengo y\u2019imari by&#8217;inteko ishinga amategeko (CBO) biteganya ko iyi mibare izagera kuri tiriyari 51 z&#8217;amadolari mu myaka icumi iri imbere bingana na 122 ku ijana bya GDP ukaba uri hejuru cyane ugereranyije na nyuma y\u2019Intambara ya Kabiri y&#8217;Isi Yose.<\/p>\n<p>Umunyamakuru ati: &#8220;Yaba Trump cyangwa Harris, ntibigeze bitondera cyane iki gisasu kenda guturika, habe no gutanga ibitekerezo bifatika byo kugitegura kitarasandara&#8221;.<\/p>\n<p>Mu by&#8217;ukuri, ngo politiki z&#8217;abakandida bombi zisa nk&#8217;aho zizarushaho gukomeza iki kibazo.<\/p>\n<p>Nubwo amasezerano akomeye y\u2019abanyapolitiki atari mashya, Trump na Harris bashyize mu bikorwa imihigo myinshi ihenze, guhera ku masezerano ya Trump yo kongera igabanywa ry\u2019imisoro yo muri 2017 kugeza kuri Harris na gahunda y\u2019amadolari 25.000 yo gufasha abaguzi b\u2019amazu ya mbere.<\/p>\n<p>Ikigo cy\u2019imisoro kidafite aho kibogamiye giteganya ko gahunda ya Harris izazamuraho umwenda tiriyali 2,6 z\u2019amadolari mu myaka icumi iri imbere, mu gihe ibyifuzo bya Trump bizongeraho nibura tiriyali 1,2.<\/p>\n<p>Ugereranije n\u2019ibindi bihugu, Amerika ifite umwitangirizwa wihariye mu bijyanye no gucunga imyenda bitewe n\u2019imiterere y\u2019idolari nk\u2019ifaranga ry\u2019ibanze ku Isi.<\/p>\n<p>Kubera ko idorari ribikwa ku bwinshi na banki nkuru n\u2019ibigo by\u2019imari ku Isi, Guverinoma ya Amerika ishobora kuguza ku nyungu nkeya. Ishobora kandi gufata ideni mu ifaranga ryayo, ikayifasha kwirinda ihindagurika ry\u2019ivunjisha ryazamura ikiguzi cyo kwishyura.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Imyenda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiye iba ingingo nyamukuru mu myiteguro y&#8217;amatora muri iki gihugu ubusanzwe kizwiho ko ari cyo cya mbere mu bukungu ku Isi ariko nacyo hakaba hari abo kibereyemo imyenda itabarika hakomeje kwibazwa ukuntu izishyurwa. Impaka za nyuma ziheruka zabaye hagati ya Donald Trump na Hillary Clinton mu 2016 zagaragaje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-71438","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Imyenda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiye iba ingingo nyamukuru mu myiteguro y&#8217;amatora muri iki gihugu ubusanzwe kizwiho ko ari cyo cya mbere mu bukungu ku Isi ariko nacyo hakaba hari abo kibereyemo imyenda itabarika hakomeje kwibazwa ukuntu izishyurwa. Impaka za nyuma ziheruka zabaye hagati ya Donald Trump na Hillary Clinton mu 2016 zagaragaje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-09-24T09:25:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute?\",\"datePublished\":\"2024-09-24T09:25:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438\"},\"wordCount\":450,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438\",\"name\":\"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-09-24T09:25:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71438#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA","og_description":"Imyenda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagiye iba ingingo nyamukuru mu myiteguro y&#8217;amatora muri iki gihugu ubusanzwe kizwiho ko ari cyo cya mbere mu bukungu ku Isi ariko nacyo hakaba hari abo kibereyemo imyenda itabarika hakomeje kwibazwa ukuntu izishyurwa. Impaka za nyuma ziheruka zabaye hagati ya Donald Trump na Hillary Clinton mu 2016 zagaragaje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-09-24T09:25:45+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute?","datePublished":"2024-09-24T09:25:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438"},"wordCount":450,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71438#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438","name":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-09-24T09:25:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71438"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71438#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese iyi myenda yose Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirimo izishyurwa bigenze gute?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71438","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71438"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71438\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71438"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71438"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71438"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}