{"id":71752,"date":"2024-10-09T13:02:00","date_gmt":"2024-10-09T11:02:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=71752"},"modified":"2024-10-09T13:02:00","modified_gmt":"2024-10-09T11:02:00","slug":"abatwara-ibinyabiziga-bishora-mu-cyaha-cya-ruswa-bongeye-kuburirwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752","title":{"rendered":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Polisi y\u2019u Rwanda yakajije ibikorwa byo kurwanya icyaha cya ruswa cyane cyane mu bashoferi n\u2019abamotari bagaragara mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bakagerageza gutanga ruswa bashaka kutayahanirwa.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Kuva uku kwezi k&#8217;Ukwakira kwatangira, hamaze gufatwa abantu 9; barimo abashoferi n\u2019abamotari, bose bafatiwe mu makosa atandukanye yo mu muhanda arimo gutwara badafite Uruhushya cyangwa ubwishingizi, gutwara banyoye ibisindisha, kutagira icyangombwa cy\u2019ubuziranenge no kutabahiriza ibyapa n\u2019ibimenyetso biyobora urujya n\u2019uruza rw\u2019abakoresha umuhanda, hanyuma bagashaka gutanga ruswa.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yavuze ko gahunda y\u2019ubukangurambaga bwa Gerayo Amahoro burimo no kurwanya ruswa ishobora kuba intandaro y\u2019impanuka zitwara ubuzima bw\u2019abantu.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cIyo tuvuze umutekano wo mu muhanda tuba tuvuze kubahiriza amabwiriza yose agenga umuhanda harimo kuba ufite ibyangombwa byose bikwemerera gutwara ikinyabiziga, kuba ikinyabiziga gifite ubuziranenge no kuba wowe utwaye utanyoye ibisindisha cyangwa unaniwe.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje ati: \u201cNi ukuvuga rero ko hagomba kwirindwa ikintu cyose gishobora gutuma iyubahirizwa ry\u2019amabwiriza agenga umuhanda bidakurikizwa nko gutanga ruswa ituma abashoferi n\u2019abamotari bakomeza gukoresha umuhanda mu buryo buteza umutekano muke wo mu muhanda harimo n\u2019impanuka zitwara ubuzima bw\u2019abantu abandi bagakomereka bikanangiza imitungo n\u2019ibikorwaremezo. Niyo mpamvu hongerewe imbaraga mu bikorwa byo kurwanya ruswa aho abantu icyenda (9) bamaze gufatwa bagashyikirizwa ubutabera.\u201d<\/p>\n<p>ACP Rutikanga yagaragaje kandi ko iyo bavuze ruswa bataba bavuze uwayitanze gusa.  \u201cYaba uwatanze cyangwa uwakiriye ruswa bose baba bakoze icyaha kandi bakurukiranwa n\u2019amategeko. Mu gihe umupolisi yakwatse ruswa wahamagara Polisi ku murongo utishyurwa 997 cyangwa n\u2019ubundi buryo bwose bwo gutanga amakuru bwakorohera.\u201d<\/p>\n<p>Yatanze umuburo ko umuntu wese uzafatirwa mu ikosa akagerageza gutanga ruswa ko azaba arushaho kwishyira mu kaga yongera ubukana bw\u2019ibihano, byamuviramo gukurikiranwa mu butabera no gufungwa igihe kirekire.<\/p>\n<p>Ingingo ya 4 y\u2019Itegeko no 54\/2018 ryo kuwa 13\/08\/2018 rirwanya ruswa ivuga ko umuntu wese uhamijwe n\u2019urukiko gusaba, gutanga cyangwa kwakira, mu buryo ubwo ari bwo bwose, indonke iyo ari yo yose, kugira ngo akore cyangwa adakora ikiri mu nshingano ze cyangwa yifashishije imirimo ye kugira ngo gikorwe cyangwa kidakorwa,  ahanishwa igifungo kirenze imyaka 5 ariko kitarenze imyaka 7 n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yikubye inshuro kuva kuri 3 kugeza kuri 5 z\u2019agaciro k\u2019indonke yatse cyangwa yakiriye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda yakajije ibikorwa byo kurwanya icyaha cya ruswa cyane cyane mu bashoferi n\u2019abamotari bagaragara mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bakagerageza gutanga ruswa bashaka kutayahanirwa. Kuva uku kwezi k&#8217;Ukwakira kwatangira, hamaze gufatwa abantu 9; barimo abashoferi n\u2019abamotari, bose bafatiwe mu makosa atandukanye yo mu muhanda arimo gutwara badafite Uruhushya cyangwa ubwishingizi, gutwara banyoye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-71752","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda yakajije ibikorwa byo kurwanya icyaha cya ruswa cyane cyane mu bashoferi n\u2019abamotari bagaragara mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bakagerageza gutanga ruswa bashaka kutayahanirwa. Kuva uku kwezi k&#8217;Ukwakira kwatangira, hamaze gufatwa abantu 9; barimo abashoferi n\u2019abamotari, bose bafatiwe mu makosa atandukanye yo mu muhanda arimo gutwara badafite Uruhushya cyangwa ubwishingizi, gutwara banyoye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-10-09T11:02:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa\",\"datePublished\":\"2024-10-09T11:02:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752\"},\"wordCount\":371,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752\",\"name\":\"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-10-09T11:02:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=71752#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda yakajije ibikorwa byo kurwanya icyaha cya ruswa cyane cyane mu bashoferi n\u2019abamotari bagaragara mu makosa atandukanye yo mu muhanda, bakagerageza gutanga ruswa bashaka kutayahanirwa. Kuva uku kwezi k&#8217;Ukwakira kwatangira, hamaze gufatwa abantu 9; barimo abashoferi n\u2019abamotari, bose bafatiwe mu makosa atandukanye yo mu muhanda arimo gutwara badafite Uruhushya cyangwa ubwishingizi, gutwara banyoye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-10-09T11:02:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa","datePublished":"2024-10-09T11:02:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752"},"wordCount":371,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71752#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752","name":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-10-09T11:02:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=71752"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=71752#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abatwara ibinyabiziga bishora mu cyaha cya ruswa bongeye kuburirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71752","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=71752"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/71752\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=71752"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=71752"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=71752"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}