{"id":7177,"date":"2017-09-02T12:45:19","date_gmt":"2017-09-02T12:45:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/02\/rubavu-abarwayi-barinubira-serivisi-mbi-bahabwa-ku-kigo-nderabuzima-cya-karambo\/"},"modified":"2025-02-12T15:45:58","modified_gmt":"2025-02-12T13:45:58","slug":"rubavu-abarwayi-barinubira-serivisi-mbi-bahabwa-ku-kigo-nderabuzima-cya-karambo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177","title":{"rendered":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage  bivuriza mu kigo nderabuzima cya Karambo giherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bavuga ko muri iki kigo rimwe na rimwe batabona imiti bakabohereza kuyigurira muri za farumasi cyangwa bagahabwa umuti witwa Paracetamol gusa.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umwe mu bahivuriza utashatse ko amazina ye atangazwa, yagize ati \u201cntituzi impamvu badusaba mitiweri ariko twakenera imiti tugahabwa  <strong>Paracetamol<\/strong>  gusa cyangwa bakatwohereza kuyigurira muri za farumasi\u201d<\/p>\n<p>Iki kibazo cy\u2019imiti idahabwa abarwayi cyanemejwe na Ntakirutimana Verena, ushinzwe gutanga imiti muri iki kigo nderabuzima, aganira na Bwiza.com, avuga ko hari igihe babura imiti ugasanga mu bubiko bwayo hasigaye ubwoko bumwe bwa  <strong>Paracetamol<\/strong>  <em> <strong>.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ati \u201ctwamaze ukwezi kwa munani kose hafi tutabona imiti, kugeza tariki ya 23\/8\/2017 kandi iki kibazo cyatewe nuko abashinzwe umutungo badakurikirana ngo barebe aho bipfira\u201d.<\/p>\n<p>Ushinzwe umutungo w\u2019iki kigo, Bakiza Blandine arahakana ibivugwa na Verena ndetse akanagaragaza impapuro z\u2019uburyo amafaranga yagiye asohoka buri kwezi yo kugura imiti.<\/p>\n<p>Ati \u201cikibazo dufite si imiti ahubwo n\u2019imikorere idahwitse y\u2019ushinzwe imiti kuko adakurikirana ngo ajye kuyizana\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uku kwitana ba mwana, nibyo byatumye Bwiza.com yegera Ngirumpatse Fidele, umuyobozi w\u2019iki kigo nderabuzima, avuga  ko bigeze kugira ikibazo cyo kutabona imiti ku gihe bitewe nuko abashinzwe mitiweri batinze kubishyura.<\/p>\n<p>Ati \u201ciki kibazo cyigeze kubaho ariko cyararangiye, cyatewe nuko mituweri yatinze kutwishyura miriyoni zisaga 12 tuza kubura amafaranga yo kuyigura ariko ubu byarakemutse, ikindi nuko uyu mukozi ushinzwe imiti afite imikorere idahwitse ndetse nagiye mwandikira kenshi ntiyikosore\u201d.<\/p>\n<p>Ibi biravugwa mu gihe hashize icyumweru kimwe gusa, Umubyeyi witwa Icyimanimpaye Claudine wari umaze kubyara yitabye Imana bamwe bemeza ko yarangaranwe n\u2019abaganganga bakora muri iki kigo ,ariko ubuyobozi bw\u2019iki kigo bukaba bubihakana.<\/p>\n<p>Fidele yakomeje agira ati &#8220;uyu mudamu yahageze yabyariye mu rugo ndetse bivugwa ko yari yanyoye imiti ya Kinyarwanda, twamwohereje mu bitaro bya Gisenyi apfira mu nzira\u201d.<\/p>\n<p>Iki kigo gikorwamo n\u2019abakozi basaga 15, kikaba cyakira abarwayi babarirwa hagati ya 60 na 90 ku munsi. Naho ku kwezi cyakira abagore bari hagati ya 60 na 90 bahabyarira. Ni kimwe mu bigo nderabuzima byo mu karere ka Rubavu kigira umubare munini w\u2019abakigana kuko giherereye mu gasanteri k\u2019ubucuruzi ya Mahoko.<\/p>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>Magarambe Theodore\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Karambo giherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bavuga ko muri iki kigo rimwe na rimwe batabona imiti bakabohereza kuyigurira muri za farumasi cyangwa bagahabwa umuti witwa Paracetamol gusa. Umwe mu bahivuriza utashatse ko amazina ye atangazwa, yagize ati \u201cntituzi impamvu badusaba mitiweri ariko twakenera imiti tugahabwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7177","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Karambo giherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bavuga ko muri iki kigo rimwe na rimwe batabona imiti bakabohereza kuyigurira muri za farumasi cyangwa bagahabwa umuti witwa Paracetamol gusa. Umwe mu bahivuriza utashatse ko amazina ye atangazwa, yagize ati \u201cntituzi impamvu badusaba mitiweri ariko twakenera imiti tugahabwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-02T12:45:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:45:58+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo\",\"datePublished\":\"2017-09-02T12:45:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:45:58+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177\"},\"wordCount\":371,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177\",\"name\":\"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-02T12:45:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:45:58+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7177#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA","og_description":"Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Karambo giherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bavuga ko muri iki kigo rimwe na rimwe batabona imiti bakabohereza kuyigurira muri za farumasi cyangwa bagahabwa umuti witwa Paracetamol gusa. Umwe mu bahivuriza utashatse ko amazina ye atangazwa, yagize ati \u201cntituzi impamvu badusaba mitiweri ariko twakenera imiti tugahabwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-02T12:45:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:45:58+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo","datePublished":"2017-09-02T12:45:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:45:58+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177"},"wordCount":371,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7177#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177","name":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-02T12:45:19+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:45:58+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7177"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7177#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Abarwayi barinubira serivisi mbi bahabwa ku kigo nderabuzima cya Karambo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7177","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7177"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7177\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7177"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7177"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7177"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}