{"id":7194,"date":"2017-09-03T14:06:15","date_gmt":"2017-09-03T14:06:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/03\/rusizi-abatuye-n-039-abakorera-mu-mujyi-wa-rusizi-biteze-kugera-kuri-byinshi\/"},"modified":"2025-02-12T15:45:47","modified_gmt":"2025-02-12T13:45:47","slug":"rusizi-abatuye-n-039-abakorera-mu-mujyi-wa-rusizi-biteze-kugera-kuri-byinshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194","title":{"rendered":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya"},"content":{"rendered":"<p>Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n\u2019abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo.<\/p>\n<p>Ubwo Bwiza.com  yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa  kane nyuma y\u2019uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko bari bamaze igihe bayitegereje, bamwe bategereje kumva abayigize, abandi bategereje kumva imigabo n\u2019imigambi yayo mu kubateza imbere, abandi na bo bakavuga ko bagiye kurushaho gukira, kuko Guverinoma Nshya irimo n\u2019amaraso mashya, Minisitiri w\u2019intebe akaba afite ingufu, zaba iz\u2019umubiri n\u2019iz\u2019ibitekerezo zo kubayobora, bakaba bagiye gukuba kenshi ibyo bagezeho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mwinyi Idrissa utuye aho bita muri Cit\u00e9 muri uyu mujyi, yavuze ko kuko hari ibikorwa remezo byari byaratangiye ku bwinshi, aho imihanda ya kaburimbo myinshi iri kubakwa itanga icyizere cy\u2019umujyi wa Rusizi ugiye kugira impinduka, no kuba hari inyubako zigenda zijyana no kuba uyu ari umujyi wa kabiri ukurikira umujyi wa Kigali, bigaragazwa n\u2019amahoteli menshi ahazamurwa, byanakubitiraho ko n\u2019umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo ushinzwe gutwara ibintu n\u2019abantu ari mushya, aya maraso mashya akaba aje kongera byinshi mu iterambere ry\u2019uyu mujyi.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Iyo tubona ukuntu hano dutuye hatangiye gutunganywa imihanda ya kaburimbo, ukareba amahoteli akomeye azamurwa muri uyu mujyi wacu, amasoko manini yubakwa n\u2019ibindi, biraduha icyizere cy\u2019iterambere mu myaka 7 iri imbere turi kumwe na Kagame wacu na Guverinoma nshya ayoboye kandi tuzagera kuri byinshi.<\/em> <\/p>\n<p> <em>Guverinoma nshya yatunejeje cyane, tukayifuriza ishya n\u2019ihirwe mu mirimo yo kuduteza imbere, n\u2019abatayigarutsemo bagiye mu yindi mirimo na bo barakoze cyane nk\u2019uko perezida Kagame yabivuze, tukabasabira imigisha mu yindi bagiye gushingwa<\/em> .\u2019\u2019<br \/>\n<figure id=\"attachment_76514\" aria-describedby=\"caption-attachment-76514\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-76514\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"600\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-76514\" class=\"wp-caption-text\">Bamwe mu bamotari bo muri Rusizi biteze kugura amamodoka muri guverinoma nshya<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Uwimana JMV usanzwe ari umumotari muri uyu mujyi, yabwiye  Bwiza.com  ko yihaye intego yo kugura imodoka ye akoresheje uyu mwuga kandi yumva azabigeraho, kuba Leta yagiyeho igiye gukomeza kubashakaira umutekano usesuye kikaba ari ikintu cy\u2019ingenzi kizatuma  bagera kuri binshi kandi ngo bazayishyigikira mu gukomeza kubungabunga umutekano.<\/p>\n<p>Na we yagize ati: \u201cAbamotari bo mu Karere ka Rusizi dukunda cyane Paul Kagame kuko yaduhesheje agaciro mu buryo butangaje, umumotari akaba yiteza imbere nta we umusuzugura, tukagira uruhare muri gahunda zose  za Leta nk\u2019umuganda, kwicungira umutekano, gufasha abatishoboye n\u2019ibindi, kuba Guverinoma nshya yagiyeho biraduha icyizere nk\u2019abamotari ba Rusizi ko inzozi zacu, zanatumye dutora Kagame zizaba impamo.<\/p>\n<p>Iyi Guverinoma nshya kandi ngo bayitezeho guhangana n\u2019ibibazo by\u2019ingutu aka karere gafite, birimo icya ruswa ikabije mu bijyanye n\u2019ubutaka, kuba hari ahakiri ibibazo bikomeye muri serivisi zo kwivuza, n\u2019ibindi, byose bakaba bahanze amaso iyi Guverinoma nshya.<br \/>\n<figure id=\"attachment_76515\" aria-describedby=\"caption-attachment-76515\" style=\"width: 800px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wakarere-ka-RusiziMushimiyimana-Ephrem-asanga-itrambere-ryuyu-mujyi-mu-myaka-7-iri-imbere-ridashidikanywa-ho..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-full wp-image-76515\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wakarere-ka-RusiziMushimiyimana-Ephrem-asanga-itrambere-ryuyu-mujyi-mu-myaka-7-iri-imbere-ridashidikanywa-ho..jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"512\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-76515\" class=\"wp-caption-text\">Mushimiyimana Ephrem, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Akarere ka Rusizi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akarere ka Rusizi, Mushimiyimana Ephrem, avuga ko uyu mujyi ukomeje kugaragaza impinduka zikomeye mu iterambere, Guverinoma nshya ikaba yitezweho n\u2019abanyarusizi gukomeza kubazamura hongerwa ibikorwa remezo, abashoramari biyongera  bazazamura uyu mujyi, agasaba abaturage gushyigikira Guverinoma yabo kubera byinshi ibahishiye.<\/p>\n<p>Guverinoma nshya igizwe n\u2019abaminisitiri 20 n\u2019abanyamabanga ba Leta 11 yagiyeho nyuma y\u2019iminsi 12 umukuru w\u2019igihugu Paul Kagame arahiriye gukomeza kuyobora u Rwanda nyuma yo gutsinda amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu yabaye ku wa 3 no ku wa 4 Kanama uyu mwaka.<br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Bahuwiyongera Sylvestre<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n\u2019abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo. Ubwo Bwiza.com yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nyuma y\u2019uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7194","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n\u2019abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo. Ubwo Bwiza.com yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nyuma y\u2019uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-03T14:06:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:45:47+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya\",\"datePublished\":\"2017-09-03T14:06:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:45:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194\"},\"wordCount\":577,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194\",\"name\":\"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\",\"datePublished\":\"2017-09-03T14:06:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:45:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7194#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA","og_description":"Abakorera imirimo inyuranye mu Mujyi wa Rusizi n\u2019abaturage bawo batangarije Bwiza.com ko bishimiye byimaze yo ishyirwaho rya Guverinoma nshya bari bategereje, bakaba biteguye kuyifasha kurangiza inshingano zayo. Ubwo Bwiza.com yazengurukaga Umujyi wa Rusizi mu gitondo cyo kuri uyu wa kane nyuma y\u2019uko inkuru imaze gusakara ko Guverinoma nshya yashyizweho abaturage ntibatinye kugaragaza umunezero bafite kuko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-03T14:06:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:45:47+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya","datePublished":"2017-09-03T14:06:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:45:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194"},"wordCount":577,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194","name":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg","datePublished":"2017-09-03T14:06:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:45:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7194"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Bamwe-mu-bamotari-ba-Rusizi-biteze-kugura-amamodoka-muri-Guverinoma-nshya-yatangiye..jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7194#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abatuye n&#039;abakorera mu Mujyi wa Rusizi biteze kugera kuri byinshi muri Guverinoma nshya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7194","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7194"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7194\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7194"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7194"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7194"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}