{"id":72034,"date":"2024-10-21T12:00:00","date_gmt":"2024-10-21T10:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72034"},"modified":"2024-10-21T12:00:00","modified_gmt":"2024-10-21T10:00:00","slug":"amafaranga-cleverly-yakoresheje-mu-kugaburira-abamuherekeje-mu-rwanda-yateje","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034","title":{"rendered":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Icyifuzo cy&#8217;uburenganzira bwo kubona amakuru (FOI Request) kigaragaza ko uwahoze ari minisitiri ushinzwe ibibazo by&#8217;imbere mu gihugu, James Cleverly yakoresheje \u00a3 9,803.20 mu kugaburira abamuherekeje mu rugendo aheruka kugirira i Kigali aje gusinya amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yaje guseswa nta muntu woherejwe.<\/em>  <\/strong> <\/p>\n<p>Bivugwa ko ibiryo byakoreshejwe mu ndege mu kugaburira James Cleverly mu rugendo rw&#8217;umunsi umwe aza mu Rwanda mu Kuboza gushize, ubwo yari minisitiri, byatwaye Ama-Pound 655 ku muntu.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko tubikesha The Guardian, Cleverly yakoresheje \u00a3 165.561 akodesha indege yihariye mu ruzinduko rwe rw&#8217;amasaha 11 i Kigali kugira ngo asinyishe amasezerano ya Rishi Sunak yo kohereza abimukira nyuma y&#8217;uko urukiko rw&#8217;ikirenga rwemeje ko u Rwanda ari \u201cigihugu gifite umutekano\u201d.<\/p>\n<p>Ku itariki ya 4 Ukuboza, yaje i Kigali ari kumwe n&#8217;abayobozi hamwe n&#8217;abakozi ba televiziyo maze ashyira umukono ku masezerano mashya yemewe n&#8217;amategeko hamwe na minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga w\u2019u Rwanda, Vincent Biruta.<\/p>\n<p>Ubu byahishuwe ko kugaburira abari mu ndege mu rugendo rw&#8217;amasaha umunani n&#8217;igice rwa Cleverly hamwe n&#8217;abakozi be 14 byatwaye amapound 9,803.20, cyangwa 653.55 ku muntu nkuko igisubizo cyahawe abasabye amakuru cyatanzwe n&#8217;Ishyaka ry&#8217;Abakozi ubu riri ku butegetsi cyabigaragaje. Abakozi ba TV biyishyuriye ibiryo byabo.<\/p>\n<p>Abayobozi muri guverinoma bavuze ko muri fagitire harimo n&#8217;ibiciro byo gutwara ibikoresho byo guteka, byari kuboneka mu ndege yari iteganijwe y&#8217;ubucuruzi, ndetse n&#8217;ibiribwa n&#8217;ibinyobwa.<\/p>\n<p>Cleverly uteganya kuzaba Minitiri w&#8217;Intebe utaha aranavugwaho gukoresha \u00a3 22.324.50, ni ukuvuga 1.488.30 ku muntu, mu ngendo zindi yakoreye mu Buyapani, Papouasie-Nouvelle-Guin\u00e9e, Ibirwa bya Salomo, Nouvelle-Z\u00e9lande na Indonesia muri Nyakanga 2023.<\/p>\n<p>Igiciro cyose cy&#8217;ingendo z&#8217;indege zerekeza mu bihugu bitanu kuri Cleverly, icyo gihe wari minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga, hamwe n\u2019abantu 14 bari kumwe nawe ni Ama-Pound 561.531.04, nk\u2019uko icyifuzo cya FOI cyerekeranye n\u2019ingendo za minisitiri ku ndege ya guverinoma ya Airbus A321 kibigaragaza.<\/p>\n<p>Hagati aho, uwasimbuye Cleverly mu biro by\u2019ububanyi n\u2019amahanga, David Cameron, yishyuye fagitire y\u2019Ama-Pound 20,809, ni ukuvuga 1,095.21 ku muntu, ubwo yasuraga ibirwa bya Falkland, Paraguay, Brazil na New York muri Gashyantare 2024. Amafaranga yose y\u2019izo ngendo zose za Cameron n&#8217;abakozi 18 ni Ama-Pound 470.275.43.<\/p>\n<p>Muri Gicurasi 2022, uwahoze ari Minisitiri w\u2019Intebe, Boris Johnson n\u2019abari kumwe nawe umunani bakoresheje Ama-Pound 2,210, ni ukuvuga 245.55 ku muntu, mu gihe cyo kugaburira abari mu ndege ubwo bitabiraga umuhango wo gushyingura Umuyobozi wa Leta Zunze Ubumwe z&#8217;Abarabu (UAE), Sheikh Khalifa, muri Gicurasi 2022. Urugendo rwatwaye Ama-Pound 125,949.<\/p>\n<p>Amakuru yashyizwe ahagaragara n\u2019ibiro by\u2019inama y\u2019abaminisitiri akubiyemo ibisobanuro birambuye by\u2019ingendo umunani za minisitiri zakozwe hagati ya Gicurasi 2022 na Gashyantare 2024 aho abanyamakuru bo mu bitangazamakuru bikomeye batabaga bari mu ndege. <\/p>\n<p>Ibiciro ni ibya ba minisitiri n&#8217;ababegereye bonyine. Ikinyamakuru The Guardian cyaherekeje Cleverly mu rugendo rwe mu Buyapani, ariko cyishyuye ikiguzi cyacyo kubw&#8217;icyo ntikigaragara kuri fagitire.<\/p>\n<p>Cleverly kandi yakoresheje \u00a3 807.77 ku muntu mu kugaburira abari kumwe nawe mu rugendo mu Buhinde mu Kwakira 2022;  \u00a3 845.16 ku muntu mu rugendo muri Bahrein na Qatar mu Gushyingo 2022; \u00a3 737.18 ku muntu mu rugendo muri Indonesia muri Nyakanga 2023; na \u00a3 1,020.51 ku muntu mu rugendo muri Amerika na none muri Nyakanga 2023.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyifuzo cy&#8217;uburenganzira bwo kubona amakuru (FOI Request) kigaragaza ko uwahoze ari minisitiri ushinzwe ibibazo by&#8217;imbere mu gihugu, James Cleverly yakoresheje \u00a3 9,803.20 mu kugaburira abamuherekeje mu rugendo aheruka kugirira i Kigali aje gusinya amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yaje guseswa nta muntu woherejwe. Bivugwa ko ibiryo byakoreshejwe mu ndege mu kugaburira James Cleverly mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-72034","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyifuzo cy&#8217;uburenganzira bwo kubona amakuru (FOI Request) kigaragaza ko uwahoze ari minisitiri ushinzwe ibibazo by&#8217;imbere mu gihugu, James Cleverly yakoresheje \u00a3 9,803.20 mu kugaburira abamuherekeje mu rugendo aheruka kugirira i Kigali aje gusinya amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yaje guseswa nta muntu woherejwe. Bivugwa ko ibiryo byakoreshejwe mu ndege mu kugaburira James Cleverly mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-10-21T10:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka\",\"datePublished\":\"2024-10-21T10:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034\"},\"wordCount\":506,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034\",\"name\":\"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-10-21T10:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72034#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA","og_description":"Icyifuzo cy&#8217;uburenganzira bwo kubona amakuru (FOI Request) kigaragaza ko uwahoze ari minisitiri ushinzwe ibibazo by&#8217;imbere mu gihugu, James Cleverly yakoresheje \u00a3 9,803.20 mu kugaburira abamuherekeje mu rugendo aheruka kugirira i Kigali aje gusinya amasezerano yo kohereza abimukira mu Rwanda yaje guseswa nta muntu woherejwe. Bivugwa ko ibiryo byakoreshejwe mu ndege mu kugaburira James Cleverly mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-10-21T10:00:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka","datePublished":"2024-10-21T10:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034"},"wordCount":506,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72034#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034","name":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-10-21T10:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72034"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72034#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amafaranga Cleverly yakoresheje mu kugaburira abamuherekeje mu Rwanda yateje impaka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72034","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72034"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72034\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72034"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72034"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72034"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}