{"id":72049,"date":"2024-10-22T09:00:00","date_gmt":"2024-10-22T07:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72049"},"modified":"2024-10-22T09:00:00","modified_gmt":"2024-10-22T07:00:00","slug":"mu-rwanda-hatangijwe-ishuri-ryigisha-imiyoborere-prof-moghalu-agirwa-umuyobozi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049","title":{"rendered":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo"},"content":{"rendered":"<p><strong>Fondasiyo Nyafurika y&#8217;Ishuri ry&#8217;Imiyoborere (ASGF) ifite icyicaro gikuru i Kigali, ku wa Mbere yatangaje ko yatangije Ishuri nyafurika ry&#8217;imiyoborere rigamije gutanga inyigisho za politiki mpuzamahanga, ubushakashatsi na gahunda z&#8217;urushako; umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu agirwa umuyobozi waryo.<\/strong><\/p>\n<p>Prof. Moghalu yabaye Guverineri wungirije wa Banki Nkuru ya Nigeria.<\/p>\n<p>Uyu mugabo kandi asanzwe ari umwanditsi w&#8217;ibitabo, akaba n&#8217;umuhanga mu by&#8217;ubumenyi.<\/p>\n<p>Nka Perezida wa mbere wa ASG, Prof Moghalu amaze imyaka 17 akora inshingano zinyuranye mu Muryango w&#8217;Abibumbye ndetse yigishije muri Kaminuza zikomeye nka Oxford yo mu Bwongereza, Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no mu ishuri rya Fletcher muri kaminuza ya Tufts.<\/p>\n<p>Ishuri Nyafurika ry&#8217;imiyoborere ryashinzwe i Kigali yuma y&#8217;uko Inama y\u2019Abamisitiri yateranye ku wa 3 Mata 2024 iyobowe na Perezida Paul Kagame, yemeje amasezerano hagati ya Repubulika y\u2019u Rwanda na ASGF yo gushyira mu Rwanda icyicaro cyayo.<\/p>\n<p>Kurishinga byagizwemo uruhare n&#8217;abayobozi bakomeye bo muri Afurika bafite intego yo guhindura imiterere y&#8217;ubuyobozi bw&#8217;umugabane. <\/p>\n<p>Muri bo harimo Perezida Paul Kagame, Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitiri w&#8217;Intebe wa Ethiopia n&#8217;abandi.<\/p>\n<p>Mu bandi bagomba kuyobora ASG harimo umuyobozi w&#8217;ikigo mpuzamahanga cy&#8217;imari (IFC) wahoze ari na Minisitiri w&#8217;imari n&#8217;ubukungu muri Senegal, Makhtar Diop, Donald Kaberuka wahoze ari Perezida wa Banki Nyafurika itsura amajyambere, Hajer Gueldich usanzwe  ari umwarimu muri kaminuza ya Carthage, Kishore Mahbubani wahoze ari umuyobozi muri Kaminuza Nkuru ya Singapore, na Francis Gatare uyobora w&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Iterambere (RDB).<\/p>\n<p>Ku wa Mbere ubwo ririya shuri ryatangizwaga, Hailemariam Desalegn uri mu bagize igitekerezo cyaryo yavuze ko &#8220;igihe kirageze kugira ngo iki kigo gishinge imizi mu byifuzo bya Afurika. Ishuri ry&#8217;Imiyoborere Nyafurika rizaba ihuriro ryo kurera abayobozi bayobowe n&#8217;intego kandi bafite ibyangombwa byose mu guhangana n&#8217;ibibazo bikomeye umugabane ufite ndetse no kuvumbura amahirwe ufite yashimangira umwihariko wawo mu bikorwa mpuzamahanga.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Iki ntabwo ari ikigo cyigisha gusa, ahubwo ni inzira iganisha ku buyobozi burambye bwa Afurika.&#8221;<\/p>\n<p>ASG yashyizweho mu rwego rwo gukemura ibibazo binyuranye biri ku mugabane wa Afurika binyuze mu kungura abayobozi ubumenyi bakeneye, kugira ngo hubakwe ubuyobozi buhamye bw&#8217;ejo hazaza h&#8217;uyu mugabane.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Fondasiyo Nyafurika y&#8217;Ishuri ry&#8217;Imiyoborere (ASGF) ifite icyicaro gikuru i Kigali, ku wa Mbere yatangaje ko yatangije Ishuri nyafurika ry&#8217;imiyoborere rigamije gutanga inyigisho za politiki mpuzamahanga, ubushakashatsi na gahunda z&#8217;urushako; umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu agirwa umuyobozi waryo. Prof. Moghalu yabaye Guverineri wungirije wa Banki Nkuru ya Nigeria. Uyu mugabo kandi asanzwe ari umwanditsi w&#8217;ibitabo, akaba n&#8217;umuhanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72049","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Fondasiyo Nyafurika y&#8217;Ishuri ry&#8217;Imiyoborere (ASGF) ifite icyicaro gikuru i Kigali, ku wa Mbere yatangaje ko yatangije Ishuri nyafurika ry&#8217;imiyoborere rigamije gutanga inyigisho za politiki mpuzamahanga, ubushakashatsi na gahunda z&#8217;urushako; umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu agirwa umuyobozi waryo. Prof. Moghalu yabaye Guverineri wungirije wa Banki Nkuru ya Nigeria. Uyu mugabo kandi asanzwe ari umwanditsi w&#8217;ibitabo, akaba n&#8217;umuhanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-10-22T07:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo\",\"datePublished\":\"2024-10-22T07:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049\"},\"wordCount\":366,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049\",\"name\":\"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-10-22T07:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72049#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA","og_description":"Fondasiyo Nyafurika y&#8217;Ishuri ry&#8217;Imiyoborere (ASGF) ifite icyicaro gikuru i Kigali, ku wa Mbere yatangaje ko yatangije Ishuri nyafurika ry&#8217;imiyoborere rigamije gutanga inyigisho za politiki mpuzamahanga, ubushakashatsi na gahunda z&#8217;urushako; umunya-Nigeria Prof. Kingsley Moghalu agirwa umuyobozi waryo. Prof. Moghalu yabaye Guverineri wungirije wa Banki Nkuru ya Nigeria. Uyu mugabo kandi asanzwe ari umwanditsi w&#8217;ibitabo, akaba n&#8217;umuhanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-10-22T07:00:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo","datePublished":"2024-10-22T07:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049"},"wordCount":366,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72049#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049","name":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-10-22T07:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72049"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72049#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Mu Rwanda hatangijwe Ishuri ryigisha imiyoborere, Prof Moghalu agirwa umuyobozi waryo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72049","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72049"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72049\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72049"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72049"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72049"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}