{"id":7216,"date":"2017-09-05T11:09:08","date_gmt":"2017-09-05T11:09:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/05\/rubavu-uwahoze-ari-umuyobozi-w-akarere-wungirije-ntatewe-ipfunwe-no-gusubira-mu\/"},"modified":"2017-09-05T11:09:08","modified_gmt":"2017-09-05T11:09:08","slug":"rubavu-uwahoze-ari-umuyobozi-w-akarere-wungirije-ntatewe-ipfunwe-no-gusubira-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216","title":{"rendered":"Rubavu:  Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe.<\/em> <\/strong><br \/>\nMu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cy\u2019imyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko  hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo ahitamo gusubira mu burezi kuko na kera ari wo murimo yakoraga.<br \/>\nAgira ati \u201dkuva 1987 nari Umwarimukazi kugeza 2009, byatumye nkunda uyu murimo, nyuma yo kuva ku bu visi Mayor nari kwikorera indi mirimo ariko nahisemo gusubira mu burezi, ndetse ngirirwa n\u2019icyizere cyo kuba umuyobozi w\u2019iri shuri, ntapfunwe byigeze bintera kandi ni umurimo nkora nishimye, ntibimbuza gukorera igihugu nk\u2019umunyarwanda ndetse niyo mbona umuturage utitabira gahunda za Leta birambabaza\u201d.<br \/>\nYakomeje asaba abayobozi bahindurirwa imyanya cyangwa basezererwa ndetse n\u2019abegura, ko batagomba kumva ko bubikiwe imbehe, dore ko hari imvugo usanga zikoreshwa na benshi ko ari &#8216;kubikirwa mbehe, gukurwa amata mu kanwa, gukurwa ku mukati,&#8230;&#8217;<br \/>\nAti \u201dkuva ku kazi ka Leta ntabwo ari ukubikirwa imbehe, ababivuga ni uko bataba bazi inshingano za bo ahubwo bakihutira kwiba igihugu aho kugikorera\u201d.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIbi byanashimangiwe na bamwe mu baturage bo mu mujyi wa Gisenyi mu karere ka Rubavu, banenga bamwe mu bayobozi bakurwa mu myanya ugasanga babaye abarakare, rimwe na rimwe ntibongere kwitabira gahunda za Leta.<br \/>\nTuyisimire Anicet agira ati &#8220;ikibabaje ni uko hari abava ku mirimo, ugasanga baragenda banenga ubuyobozi bw\u2019akarere kandi mu gihe bari bakiri abayobozi warasangaga aribo badukangurira kujya mu muganda, mitiweri,\u2026 Ariko kuri ubu nta n\u2019ubwo bakibyitabira, bigaragara ko inyungu arizo bishakiraga gusa\u201d.<br \/>\nKu wa 30 Kanama 2017, ubwo Minisitiri w\u2019Intebe, Dr Ngirente Edouard yari amaze kurahirira inshingano nshya yahawe, na we yavuze ko ushaka gukorera igihugu atarobanura imirimo dore ko na we yashimangiye ko n\u2019akazi ko kwigisha yagaciyemo.<br \/>\nAho yagize \u201c Iteka ryose iyo umuntu yumva ko yavukiye mu gihugu, yumva yagikorera. Nta mwanya uteganya gukora, wumva ko uzakorera igihugu cyawe. Nabaye umwarimu narigishije, nakoze muri Minisiteri, nakoreye banki y\u2019Isi. Urumva ntabwo ushobora kwicara ngo uvuge ngo nzakora kuri uyu mwanya. Uba wumva ko ugomba gukorera igihugu cyakubyaye, ugafasha abagukuriye n\u2019abazavuka nyuma \u2026\u201d.<br \/>\nMu 2015 nibwo Nyirasafari yakuwe ku mwanya w&#8217;umuyobozi w&#8217;akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y&#8217;abaturage, yahise aba umuyobozi w&#8217;ikigo cyigenga cy&#8217;amashuri abanza cya &#8216;Bon Belge&#8221; giherereye mu murenge wa Gisenyi, muri aka karere ka Rubavu, amaze imyaka 2 akiyobora.<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong> <em>Mgarambe Theodore\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cy\u2019imyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-7216","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cy\u2019imyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-05T11:09:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi\",\"datePublished\":\"2017-09-05T11:09:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216\"},\"wordCount\":430,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216\",\"name\":\"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-05T11:09:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7216#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA","og_description":"Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cy\u2019imyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-05T11:09:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi","datePublished":"2017-09-05T11:09:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216"},"wordCount":430,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7216#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216","name":"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-05T11:09:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7216"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7216#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w\u2019akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7216","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7216"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7216\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7216"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7216"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7216"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}