{"id":72172,"date":"2024-10-27T08:00:00","date_gmt":"2024-10-27T06:00:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72172"},"modified":"2024-10-27T08:00:00","modified_gmt":"2024-10-27T06:00:00","slug":"abaturiye-ahari-irimbi-rya-remera-bahangayikishijwe-n-abajura-bahagize-indiri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172","title":{"rendered":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#8217;abajura bahagize indiri"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Abaturiye ahari irimbi rya Remera rimaze imyaka 13 rifunze, babangamiwe n\u2019ibihuru byarirenze bikaba byarahindutse indiri y\u2019abajura, bakaba basaba ko hakorerwa isuku cyangwa ahari iri rimbi hagashyirwa ibindi bikorwaremezo.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Irimbi rya Remera ryatangiye gushyingurwamo mbere ya 1994 rifungwa mu mwaka 2011. Abarituriye bavuga ko nyuma yo guhagarika ibikorwa byo gushyingura muri iri rimbi kuko ryari ryuzuye, aho riri hatongeye kwitabwaho kuburyo ibihuru byarirenze, bakaba bahangayikishijwe n\u2019uko ryahindutse indiri y\u2019amabandi abangamira umutekano wabo, bityo bagasaba ko bakizwa ibi bihuru, byanarimba bakarisenya hagashyirwa ibindi bikorwaremezo.<\/p>\n<p>Undi yunzemo ati: &#8220;ibisambo byihishamo bakahafatira nk&#8217;abantu, leta yareba ikindi bahakorera, bakabisenya bakahubaka n&#8217;amazu hakajya ibikorwa by&#8217;amajyambere&#8221;. <\/p>\n<p>Undi ati &#8220;ntabwo twahanyura nijoro kuko tuba dufite ubwoba, abajura barahari kuko ntabwo wahanyura nijoro, uhanyuze bashobora kugufata bakaba bakugirira nabi, kuko batakihashyingura hakubakwa andi mazu&#8221;. <\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019Umujyi wa  Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, avuga ko ibijyanye n\u2019isuku n\u2019umutekano biri mu nshingano z\u2019abaturiye iri rimbi, naho mu kuhabyaza umusaruro bakazategereza igihe giteganywa n\u2019itegeko.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;icyo twavuga nuko twakurikirana ukuntu bihagaze tukareba uburyo ahongaho hashobora gukorwa isuku hanyuma tukareba niba koko hari n&#8217;ikibazo cy&#8217;umutekano mucye bityo inzego zitandukanye zikagira icyo zibikoraho duhereye ku baturage ubwabo n&#8217;irondo ry&#8217;umwuga, naho ibijyanye no kurikoresha itegeko riteganya ko irimbi rishobora kugira ikintu rikoreshwa nyuma yuko rimaze hagati y&#8217;imyaka 10 na 20 rishyinguwemo, imyaka 10 mugihe ari irimbi bashyinguragamo bisanzwe, imya 20 mu gihe ari irimbi ryagiye rishyingurwamo hakoreshejwe ibindi bikoresho kugirango hubakirwe imva, irimbi rya Remera rishobora kuzagira ikindi kintu gikorerwamo nibura nyuma y&#8217;iyo myaka iteganywa n&#8217;itegeko&#8221;. <\/p>\n<p>Iyi nkuru ya Isango Star isoza ivuga ko mu 2003 ari bwo hashyizweho amabwiriza yo gushyingura mu irimbi rya Remera riherereye mu Karere ka Gasabo ariko mu mwaka wa 2011 nibwo Leta y\u2019u Rwanda yafashe icyemezo cyo kurifunga burundu aho hari hamaze gushyingurwamo abantu bagera ku bihumbi 9525 ku butaka bungana na hegitari zirindwi nk\u2019uko byatangajwe muri 2011 rimaze gufungwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturiye ahari irimbi rya Remera rimaze imyaka 13 rifunze, babangamiwe n\u2019ibihuru byarirenze bikaba byarahindutse indiri y\u2019abajura, bakaba basaba ko hakorerwa isuku cyangwa ahari iri rimbi hagashyirwa ibindi bikorwaremezo. Irimbi rya Remera ryatangiye gushyingurwamo mbere ya 1994 rifungwa mu mwaka 2011. Abarituriye bavuga ko nyuma yo guhagarika ibikorwa byo gushyingura muri iri rimbi kuko ryari ryuzuye, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72172","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#039;abajura bahagize indiri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#039;abajura bahagize indiri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturiye ahari irimbi rya Remera rimaze imyaka 13 rifunze, babangamiwe n\u2019ibihuru byarirenze bikaba byarahindutse indiri y\u2019abajura, bakaba basaba ko hakorerwa isuku cyangwa ahari iri rimbi hagashyirwa ibindi bikorwaremezo. Irimbi rya Remera ryatangiye gushyingurwamo mbere ya 1994 rifungwa mu mwaka 2011. Abarituriye bavuga ko nyuma yo guhagarika ibikorwa byo gushyingura muri iri rimbi kuko ryari ryuzuye, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-10-27T06:00:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#8217;abajura bahagize indiri\",\"datePublished\":\"2024-10-27T06:00:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172\"},\"wordCount\":321,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172\",\"name\":\"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n'abajura bahagize indiri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-10-27T06:00:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72172#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#8217;abajura bahagize indiri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n'abajura bahagize indiri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n'abajura bahagize indiri - BWIZA","og_description":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera rimaze imyaka 13 rifunze, babangamiwe n\u2019ibihuru byarirenze bikaba byarahindutse indiri y\u2019abajura, bakaba basaba ko hakorerwa isuku cyangwa ahari iri rimbi hagashyirwa ibindi bikorwaremezo. Irimbi rya Remera ryatangiye gushyingurwamo mbere ya 1994 rifungwa mu mwaka 2011. Abarituriye bavuga ko nyuma yo guhagarika ibikorwa byo gushyingura muri iri rimbi kuko ryari ryuzuye, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-10-27T06:00:00+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#8217;abajura bahagize indiri","datePublished":"2024-10-27T06:00:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172"},"wordCount":321,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72172#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172","name":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n'abajura bahagize indiri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-10-27T06:00:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72172"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72172#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abaturiye ahari irimbi rya Remera bahangayikishijwe n&#8217;abajura bahagize indiri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72172","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72172"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72172\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72172"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72172"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72172"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}