{"id":72200,"date":"2024-10-30T10:33:45","date_gmt":"2024-10-30T08:33:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72200"},"modified":"2024-10-30T10:33:45","modified_gmt":"2024-10-30T08:33:45","slug":"rwamagana-baratabariza-umwana-wabanaga-na-mukuru-wishwe-nyuma-y-imyaka-10","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200","title":{"rendered":"Rwamagana: Baratabariza  umwana w&#8217;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#8217;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo"},"content":{"rendered":"<p><strong><\/p>\n<p>Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rutonde,Akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro , barasabira ubufasha umwana w\u2019imyaka 15 nyuma y\u2019uko umuvandimwe yishwe ,mu gihe hari hashize imyaka 10\u00a0ababyeyi\u00a0be bombi bishwe n\u2019umuhungu\u00a0ise yabyariye mu Gihugu cya Uganda\u00a0yari yarahungiyemo akiri muto .<\/p>\n<p><\/strong><\/p>\n<p>Amakuru dukesha abatuye mu Mudugudu wa Rutonde, avuga ko ise na nyina\u00a0b\u2019uwo mwana wiga mu mwaka wa Gatandatu\u00a0w\u2019amashuri abanza mu kigo cy\u2019Ishuri Ribanza rya Rutonde Protestant ( Ecole primaire Rutonde Protestant)\u00a0bishwe mu mwaka\u00a02014\u00a0ndetse umuhungu wa se wabishe\u00a0akaba\u00a0afungiye\u00a0mu Igororero rya Rwamagana.Nyuma y\u2019urupfu rw\u2019ababyeyi be ,uwo mwana yasigaranye na mukuru\u00a0we nawe wishwe tariki ya 17 Nzeri 2024 .<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019urupfu rw\u2019agashinyaguro rw\u2019\u00a0ababyeyi bishwe na mukuru we\u00a0bavukanaga\u00a0kuri\u00a0Se ,wabishe abatemaguye\u00a0, bivugwa ko uwo mwana byamuhungabanyije\u00a0atangiye kumenya ubwenge kuburyo ngo hari abantu yabwiraga ko nawe yumva azapfa\u00a0nyuma yo gusobanurirwa uko ababyeyi be bishwe\u00a0no kumva ko umuvandimwe yajuririye igihano cya burundu yari yahawe .<\/p>\n<p>Uyu mwana\u00a0kandi urupfu rwa\u00a0mukuru bakurikirana witwa Katabarwa Jean Bosco\u00a0 \u00a0wari ufite imyaka 17 ,wishwe akubiswe impiri mu mutwe\u00a0 n&#8217;umwana w&#8217;umuturanyi wabo ,w&#8217;imyaka 14 \u00a0narwo rwamuteye ihungabana mu buryo\u00a0bukomeye .Abaturage bavuga ko yahungabanye kurusha uko yari yahunganyijwe no kumenya\u00a0uko ababyeyi be bishwe afite imyaka 4 .Bamwe mu baturage basaba ko yafashwa\u00a0n\u2019abafite ubunararibonye mu bijyanye n\u2019ibiganiro by\u2019isanamitima\u00a0ndetse akafashwa n\u2019abagiraneza ku bibazo\u00a0by\u2019imibereho\u00a0.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage\u00a0asobanura impamvu uwo mwana yahungabanye kubera kumenya\u00a0uburyo ababyeyi bapfuye no gukurira mu buzima bwo kwirera\u00a0.<\/p>\n<p>Ati \u201cUyu mwana akwiye gufashwa kuko yabayeho mu buzima bugoye kuko ababyeyi bamaze gupfa we na mukuru wishwe babanye na\u00a0mubyara wabo\u00a0,babahagaho birera\u00a0kuko uwo mwana babanaga nawe\u00a0yarerwaga n\u2019ababyeyi bataricwa\u00a0,nawe ni imfubyi iratagira epfo na ruguru\u00a0.\u201d<\/p>\n<p>Undi muturage utarashatse ko amazina ye atangazwa asaba abagiraneza gufasha uwo mwana .<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUyu mwana ,ubona\u00a0akunze ishuri cyane ariko urebye ibyamubayeho akeneye abamufasha akabona ibyangombwa bikenerwa ku ishuri Kandi inzu yasigiwe n\u2019ababyeyi be ,urabona\u00a0ko igiye\u00a0gusenyuka . Mu by\u2019ukuri yubakiwe inzu byamugabanyiriza akababaro ko kubura ababyeyi n\u2019umuvandimwe ,nibura\u00a0yaba atekereza ko nakura atazabura aho atura .\u201d<\/p>\n<p>Uwitwa Furaha warezwe na Se w\u2019uwo mwana\u00a0yabwiye Bwiza.com ko mubyara we afite ihungabana ryaturutse rw\u2019urupfu rw\u2019ababyeyi be na mukuru we.<\/p>\n<p>Ati\u201cUmwana\u00a0yari yarahungabanye kubera ko yajyaga ambwira ngo ubu nafungurwa ntazacwica ? Ariko noneho mukuru we amaze gupfa ,byaramugoye kubyakira mu mutima we ubona afite ubwoba\u00a0. Ikindi kigarabagaza agahinda mu minsi ishize bambwiye ko we n\u2019abanyeshuri bigana bashatse kwihorera ngo bakubite umwana uvukana\u00a0n\u2019uwamwishe .\u00a0Iyo inzu ivuye agira ubwoba\u00a0avuga ko igiye kugwa nawe agapfa\u00a0,akanga kuyiraramo .\u201d<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Mu kiganiro Bwiza.com iherutse kugirana n\u2019umukozi ushinzwe irangamimerere mu Murenge wa Kigabiro wari mu Nshingwabikowa z\u2019umunyamabanga ,ubwo mukuru w\u2019uwo mwana yicwaga yavuze ko ikibazo cy\u2019uwo mwana kizakurikiranwa .<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Uyu mwana\u00a0Ise wishwe n&#8217;umuhungu we mukuru yitwaga\u00a0Ndayambaje Athanase akaba yaratujwe mu Mudugudu\u00a0wa Rutonde nyuma yo kuva mu Gihugu cya Uganda yahungiyemo akiri muto .<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rutonde,Akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro , barasabira ubufasha umwana w\u2019imyaka 15 nyuma y\u2019uko umuvandimwe yishwe ,mu gihe hari hashize imyaka 10\u00a0ababyeyi\u00a0be bombi bishwe n\u2019umuhungu\u00a0ise yabyariye mu Gihugu cya Uganda\u00a0yari yarahungiyemo akiri muto . Amakuru dukesha abatuye mu Mudugudu wa Rutonde, avuga ko ise na nyina\u00a0b\u2019uwo mwana wiga mu mwaka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":20,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72200","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Baratabariza umwana w&#039;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#039;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Baratabariza umwana w&#039;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#039;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rutonde,Akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro , barasabira ubufasha umwana w\u2019imyaka 15 nyuma y\u2019uko umuvandimwe yishwe ,mu gihe hari hashize imyaka 10\u00a0ababyeyi\u00a0be bombi bishwe n\u2019umuhungu\u00a0ise yabyariye mu Gihugu cya Uganda\u00a0yari yarahungiyemo akiri muto . Amakuru dukesha abatuye mu Mudugudu wa Rutonde, avuga ko ise na nyina\u00a0b\u2019uwo mwana wiga mu mwaka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-10-30T08:33:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200\"},\"author\":{\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\"},\"headline\":\"Rwamagana: Baratabariza umwana w&#8217;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#8217;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo\",\"datePublished\":\"2024-10-30T08:33:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200\"},\"wordCount\":505,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200\",\"name\":\"Rwamagana: Baratabariza umwana w'imyaka 15 wahungabanyijwe n'uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-10-30T08:33:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72200#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Baratabariza umwana w&#8217;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#8217;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\",\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=20\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Baratabariza umwana w'imyaka 15 wahungabanyijwe n'uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Baratabariza umwana w'imyaka 15 wahungabanyijwe n'uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu Mudugudu wa Rutonde,Akagari ka Bwiza, Umurenge wa Kigabiro , barasabira ubufasha umwana w\u2019imyaka 15 nyuma y\u2019uko umuvandimwe yishwe ,mu gihe hari hashize imyaka 10\u00a0ababyeyi\u00a0be bombi bishwe n\u2019umuhungu\u00a0ise yabyariye mu Gihugu cya Uganda\u00a0yari yarahungiyemo akiri muto . Amakuru dukesha abatuye mu Mudugudu wa Rutonde, avuga ko ise na nyina\u00a0b\u2019uwo mwana wiga mu mwaka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-10-30T08:33:45+00:00","author":"Ngabonziza Justin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ngabonziza Justin","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200"},"author":{"name":"Ngabonziza Justin","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948"},"headline":"Rwamagana: Baratabariza umwana w&#8217;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#8217;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo","datePublished":"2024-10-30T08:33:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200"},"wordCount":505,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72200#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200","name":"Rwamagana: Baratabariza umwana w'imyaka 15 wahungabanyijwe n'uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-10-30T08:33:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72200"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72200#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Baratabariza umwana w&#8217;imyaka 15 wahungabanyijwe n&#8217;uburyo ababyeyi na mukuru we bishwemo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948","name":"Ngabonziza Justin","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=20"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72200","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/20"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72200"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72200\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72200"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72200"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72200"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}