{"id":723,"date":"2016-02-21T10:09:24","date_gmt":"2016-02-21T10:09:24","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/21\/polisi-y-u-rwanda-irashima-uruhare-rw-abaturage-mu-gukumira-ibyaha-no-gutanga\/"},"modified":"2025-02-12T22:23:43","modified_gmt":"2025-02-12T20:23:43","slug":"polisi-y-u-rwanda-irashima-uruhare-rw-abaturage-mu-gukumira-ibyaha-no-gutanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723","title":{"rendered":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru"},"content":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abaturage kubera ubufatanye bwabo mu kuyigezaho amakuru, ku buryo aribyo byatumye hafatwa abanyabyaha banyuranye.<br \/>\nUku kubashimira byakozwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda  Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku bantu batandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge mu minsi ishize.<br \/>\nYagize ati:\u201d abaturage bagaragaje uruhare runini  mu gukumira ibyaha batungira agatoki inzego z\u2019umutekano abanyabyaha banyuranye. Ibi bituruka ku mikoranire myiza n\u2019ubufatanye buri hagati ya Polisi n\u2019ibyiciro byose by\u2019abaturage birimo komite z\u2019abaturage zifasha gucunga umutekano, urubyiruko rw\u2019ibyiciro bitandukanye, abakora ubucuruzi bunyuranye, abavuga rikumvikana n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze\u201d.<br \/>\nPolisi y\u2019u Rwanda yashyizeho gahunda y\u2019ubukangurambaga mu baturage, aho basobanurirwa akamaro n\u2019ibyiza byo guha inzego z\u2019umutekano amakuru y\u2019uwo bakeka kuba yakora ibikorwa bibi n\u2019ibyaha bitandukanye.<br \/>\nACP Twahirwa yagize ati:\u201d tubona ko ubukangurambaga ari ikintu cy\u2019ingenzi cyane, abaturage baturiye imipaka nibo ba mbere bafasha kumenya ibintu byambutswa ku mupaka biba bidaciye mu buryo bwemewe n\u2019amategeko. Bajye baduha rero amakuru\u201d.<br \/>\nKuri iyi ngingo, hari ababifatiwemo mu minsi ishize:<br \/>\nUwitonze Theoneste wo mu murenge wa Gahengeri mu karere ka Rwamagana yafashwe tariki ya 19 Gashyantare afite udupfunyika tw\u2019urumogi 265, yafatiwe mu karere ka Nyagatare. Undi witwa Dany Noheri nawe yafatiwe mu karere ka Nyagatare afite amakarito atanu ya zebra waragi itemewe. Bose barafunzwe mu gihe harimo gukorwa iperereza.<br \/>\nMu karere ka Rulindo, Polisi yafashe Mbereyimana Jean N\u00e9po na Anitha Mukansanga bakaba bari batwaye udupfunyika 468 tw\u2019urumogi, mu gihe mu karere ka Musanze naho Polisi yahafatiye moto ihetse litilo 14 za kanyanga.<br \/>\nUmuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda yagize ati:\u201d abenshi muri aba, bafatwa nyuma y\u2019uko abaturage baduhaye amakuru arambuye yerekeranye n\u2019abatunda, abacuruzi n\u2019abanywi babyo\u201d.<br \/>\nYaboneyeho umwanya wo gusaba ababyishoramo kubireka kuko hariho uburyo bwateganyijwe n\u2019amategeko bwo kubafata no kubahana.<br \/>\nACP Twahirwa yakomeje agira ati:\u201d ibikorwa nk\u2019ibi bikururira ingorane  ababikora kandi bishobora kwirindwa. Turabasaba rero kureka gucuruza ibiyobyabwenge ahubwo bagahinduka bakaba n\u2019abafatanyabikorwa bacu mu gucunga umutekano baduha amakuru y\u2019abanze kuva ku izima bakabigumamo\u201d.<br \/>\nIngingo ya 24 y\u2019itegeko rihana ikoreshwa ry\u2019ibiyobyabwenge, ivuga ko ikinyobwa kirengeje 45 ku ijana bya alukoro, icyo gihe gifatwa nk\u2019ikiyobyabwenge.<br \/>\nGuhinga, gukora, guhindura, kugurisha, gutunda, kubika no kunywa ibiyobyabwenge birabujijwe ndetse bihanwa n\u2019amategeko nk\u2019uko bikubiye mu ngingo za 593 na 594 zo mu gitabo cy\u2019amategeko ahana ibyaha, ku buryo ubifatiwemo ahanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3) kugeza ku myaka itanu (5) n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda kuva ku bihumbi mirongo itanu (50.000) kugeza ku bihumbi magana atanu (500.000).<br \/>\nACP Twahirwa yasabye abaturage gukomeza uwo muco mwiza wo gutanga amakuru kugira ngo habeho guca burundu ikoreshwa ry\u2019ibiyobyabwenge.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abaturage kubera ubufatanye bwabo mu kuyigezaho amakuru, ku buryo aribyo byatumye hafatwa abanyabyaha banyuranye. Uku kubashimira byakozwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku bantu batandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge mu minsi ishize. Yagize ati:\u201d abaturage bagaragaje uruhare runini [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-723","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=723\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abaturage kubera ubufatanye bwabo mu kuyigezaho amakuru, ku buryo aribyo byatumye hafatwa abanyabyaha banyuranye. Uku kubashimira byakozwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku bantu batandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge mu minsi ishize. Yagize ati:\u201d abaturage bagaragaje uruhare runini [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=723\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-21T10:09:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:23:43+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru\",\"datePublished\":\"2016-02-21T10:09:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723\"},\"wordCount\":466,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723\",\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-02-21T10:09:24+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=723#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irashimira abaturage kubera ubufatanye bwabo mu kuyigezaho amakuru, ku buryo aribyo byatumye hafatwa abanyabyaha banyuranye. Uku kubashimira byakozwe n\u2019umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa, ubwo yagiraga icyo avuga ku bantu batandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza ibiyobyabwenge mu minsi ishize. Yagize ati:\u201d abaturage bagaragaje uruhare runini [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-21T10:09:24+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:23:43+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru","datePublished":"2016-02-21T10:09:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723"},"wordCount":466,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=723#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723","name":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-02-21T10:09:24+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=723"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=723#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi y\u2019u Rwanda irashima uruhare rw\u2019abaturage mu gukumira ibyaha no gutanga amakuru"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/723","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=723"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/723\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=723"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=723"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=723"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}