{"id":72653,"date":"2024-11-21T11:39:35","date_gmt":"2024-11-21T09:39:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72653"},"modified":"2024-11-21T11:39:35","modified_gmt":"2024-11-21T09:39:35","slug":"besigye-yashinjwe-gushaka-guhirika-ubutegetsi-nyuma-yo-gushimutirwa-muri-kenya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653","title":{"rendered":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Abayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro.<\/em>  <\/strong> <\/p>\n<p>Umwe mu bavuganye na Chimpreports utifuje ko amazina ye atangazwa, yagize ati: \u201cBesigye yateganyaga guhungabanya umutekano wa Uganda.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: &#8220;Ingendo ze mu Burayi no mu tundi turere twa Afurika zarakurikiranwe,&#8221; ni yo mpamvu twahisemo kumushinja ibyo byaha muri Uganda.<\/p>\n<p>Urubanza rwa Besigye kuri ibi birego ruteganijwe ku itariki ya 2 Ukuboza 2024, mu gihe itsinda ry&#8217;abanyamategeko be ryiteguye guhangana n&#8217;ububasha bw&#8217;inkiko za Uganda muri uru rubanza. Ni nyuma yo kujya muri Kenya ariko akaza kwisanga muri Uganda nyuma y&#8217;amakuru yavugaga ko yashimuswe.<\/p>\n<p>Dr. Korir Sing&#8217;Oei, Umunyamabanga Mukuru muri minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga na Diaspora, yahakanye yivuye inyuma ibirego bishinja Guverinoma ya Kenya kugira uruhare mu ishimutwa ry\u2019umunyapolitiki wo muri Uganda, Dr. Kizza Besigye. <\/p>\n<p>Mu ijoro ryo ku wa Gatatu, itariki 20 Ugushyingo 2024, Sing&#8217;Oei yagize ati: &#8220;Ndashaka kubizeza ko iki atari igikorwa cya Guverinoma ya Kenya cyangwa abashinzwe umutekano.&#8221;<\/p>\n<p>Ishimutwa ngo ryabaye ku itariki ya 16 Ugushyingo i Nairobi, aho Besigye yari yitabiriye igikorwa cyo kumurika igitabo cyakiriwe n\u2019umuyobozi w\u2019ishyaka rya Narc-Kenya, Martha Karua.<\/p>\n<p>Besigye yaje kwisanga muri Uganda mu buryo bw&#8217;amayobera.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwa Uganda bwatanze ibirego bine kuri Dr. Besigye na mugenzi we, Hajj Obed Lutale.<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwavuze ko hagati y&#8217;Ukwakira 2023 na Ugushyingo 2024, i Geneve (mu Busuwisi), Athens (mu Bugereki), na Nairobi (Kenya), Besigye n&#8217;abandi batarafatwa bakoze inama nini kugira ngo basabe inkunga y&#8217;ibikoresho no guhitamo ibipimo bya gisirikare muri Uganda.<\/p>\n<p>Besigye na Lutale barashinjwa kandi kuba bari bafite pistolet mu buryo butemewe n&#8217;amategeko muri Riverside Apartments, i Nairobi, imbunda yanditse ku Gisirikare cya Uganda n&#8217;amasasu.<\/p>\n<p>Nubwo bimeze bityo ariko, Dr. SingOei yasobanuye protocole y\u2019abashyitsi bazwi cyane, avuga ko abayobozi benshi bo muri guverinoma ndetse n\u2019abatavuga rumwe n\u2019ubutegetsi basanzwe bamenyesha abayobozi ba Kenya ibijyanye n\u2019urugendo rwabo kugirango bahabwe umutekano.<\/p>\n<p>\u201cDr. Besigye ni umushyitsi wa kenshi; aza hano mu buryo buri private muri business ze bwite n&#8217;ibindi bikorwa,&#8221;<\/p>\n<p>Icyakora, Sing&#8217;Oei yasobanuye ko ku kijyanye na Besigye, Guverinoma ya Kenya itari yamenyeshejwe iby&#8217;uruzinduko rwe, ku buryo yari gutanga inkunga y&#8217;umutekano ikenewe. <\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ntabwo tuzi hotel yakiriwemo cyangwa apartment yari arimo, bityo ntitwari gushobora kumuha byanze bikunze umutekano w&#8217;inyongera&#8221;.<\/p>\n<p>Ibi byabaye byateje impungenge nyinshi zijyanye no kwibaza niba Kenya yubahiriza amategeko n\u2019uruhare rwayo mu koroshya kohereza umuntu hakurya y&#8217;imipaka batitaye ku mategeko.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro. Umwe mu bavuganye na Chimpreports utifuje ko amazina ye atangazwa, yagize ati: \u201cBesigye yateganyaga guhungabanya umutekano wa Uganda.\u201d Akomeza agira ati: &#8220;Ingendo ze mu Burayi no mu tundi turere twa Afurika zarakurikiranwe,&#8221; ni yo mpamvu twahisemo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72653","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro. Umwe mu bavuganye na Chimpreports utifuje ko amazina ye atangazwa, yagize ati: \u201cBesigye yateganyaga guhungabanya umutekano wa Uganda.\u201d Akomeza agira ati: &#8220;Ingendo ze mu Burayi no mu tundi turere twa Afurika zarakurikiranwe,&#8221; ni yo mpamvu twahisemo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-11-21T09:39:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya\",\"datePublished\":\"2024-11-21T09:39:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653\",\"name\":\"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-11-21T09:39:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72653#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA","og_description":"Abayobozi ba gisirikare muri Uganda bavuze ko Kiiza Besigye yari ari mu mugambi mpuzamahanga wo gufata ubutegetsi hakoreshejwe intwaro. Umwe mu bavuganye na Chimpreports utifuje ko amazina ye atangazwa, yagize ati: \u201cBesigye yateganyaga guhungabanya umutekano wa Uganda.\u201d Akomeza agira ati: &#8220;Ingendo ze mu Burayi no mu tundi turere twa Afurika zarakurikiranwe,&#8221; ni yo mpamvu twahisemo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-11-21T09:39:35+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya","datePublished":"2024-11-21T09:39:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72653#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653","name":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-11-21T09:39:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72653"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72653#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Besigye yashinjwe gushaka guhirika ubutegetsi nyuma yo gushimutirwa muri Kenya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72653","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72653"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72653\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72653"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72653"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72653"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}