{"id":72659,"date":"2024-11-21T15:01:00","date_gmt":"2024-11-21T13:01:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72659"},"modified":"2024-11-21T15:01:00","modified_gmt":"2024-11-21T13:01:00","slug":"umuporofe-yagiye-gusura-umuryango-we-i-musanze-akihagera-atabwa-muri-yombi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659","title":{"rendered":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Twiringiyimana Emmanuel usanzwe ari umurezi mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Kane yagiye gusura umuryango we mu karere ka Musanze agezeyo ahita atabwa muri yombi.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mugabo w&#8217;imyaka 30 y&#8217;amavuko i Musanze ahafite umugore usanzwe ari umupolisikazi; ndetse aba bombi basanzwe bafitanye umwana umwe w&#8217;umuhungu.<\/p>\n<p>Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Twiringiyimana yoherejwe kwigisha i Rwamagana, nyuma yo kwaka &#8216;mutation&#8217; imuvana kuri buri rimwe mu mashuri yo mu mujyi wa Musanze yigishagaho.<\/p>\n<p>Amakuru yizewe BWIZA ifite ni uko yagiye yari asanzwe atakibana n&#8217;uriya mugore we wari utakiba mu rugo.<\/p>\n<p>Amakuru atangwa n&#8217;abo mu muryango w&#8217;uyu mugabo avuga ko yari amaze iminsi yarapanze kujya i Musanze kureba umwana we.<\/p>\n<p>Nyina w&#8217;uyu musore usanzwe atuye i Mbogo mu karere ka Musanze yabwiye BWIZA ko kuri uyu wa Kane ubwo Twiringiyimana yari akigera i Musanze yahise amuha ubutumwa bw&#8217;uko RIB imufashe.<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi yumvikanye yikoma umukazana we avuga ko ari we wamufungishije.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Uwo mugore ni we wamushyirishijemo kuko nta wundi muntu Manweri baba baragiranye ibibazo mu gihe yari amaze aho&#8221;.<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri BWIZA yemeza ko Twiringiyimana yafatiwe ku ishuri ryitwa Witty Nursery School, aho yari yagiye kureba umwana.<\/p>\n<p>Andi makuru kandi iki gitangazamakuru gifite ni uko atari ubwa mbere uyu mugabo afungwa, kuko muri Nyakanga uyu mwaka yamaze iminsi itatu afungiye kuri Sitasiyo ya Muhoza, nyuma y&#8217;uko umugore we amureze kumuhohotera.<\/p>\n<p>Kugeza ubu ibyaha byatumye uyu mugabo atabwa muri yombi ntibiramenyekana, kuko ubutumwa BWIZA yahaye umuvugizi wa RIB imubaza amakuru arambuye ku itabwa muri yombi rye atarabusubiza.<\/p>\n<p>Hagati aho ubwo iki gitangazamakuru cyavugishaga Uwera Shakira washakanye n&#8217;uriya mugabo, yahakanye ko ari we wafungishije umugabo we, ati: &#8220;ibyo sinjye wakabaye ubibaza&#8221;.<\/p>\n<p>Ubwo umunyamakuru yamusobanuriraga ko umuryango w&#8217;umugabo we ari wo umushinja kumufungisha yunzemo ati: &#8220;Ibyo ni ibyanyu mwana, njye sinkunda amatiku twara ayo ngayo.&#8221;<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Twiringiyimana Emmanuel usanzwe ari umurezi mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Kane yagiye gusura umuryango we mu karere ka Musanze agezeyo ahita atabwa muri yombi. Uyu mugabo w&#8217;imyaka 30 y&#8217;amavuko i Musanze ahafite umugore usanzwe ari umupolisikazi; ndetse aba bombi basanzwe bafitanye umwana umwe w&#8217;umuhungu. Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Twiringiyimana yoherejwe kwigisha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72659","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Twiringiyimana Emmanuel usanzwe ari umurezi mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Kane yagiye gusura umuryango we mu karere ka Musanze agezeyo ahita atabwa muri yombi. Uyu mugabo w&#8217;imyaka 30 y&#8217;amavuko i Musanze ahafite umugore usanzwe ari umupolisikazi; ndetse aba bombi basanzwe bafitanye umwana umwe w&#8217;umuhungu. Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Twiringiyimana yoherejwe kwigisha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-11-21T13:01:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi\",\"datePublished\":\"2024-11-21T13:01:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659\"},\"wordCount\":314,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659\",\"name\":\"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-11-21T13:01:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72659#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA","og_description":"Twiringiyimana Emmanuel usanzwe ari umurezi mu karere ka Rwamagana, kuri uyu wa Kane yagiye gusura umuryango we mu karere ka Musanze agezeyo ahita atabwa muri yombi. Uyu mugabo w&#8217;imyaka 30 y&#8217;amavuko i Musanze ahafite umugore usanzwe ari umupolisikazi; ndetse aba bombi basanzwe bafitanye umwana umwe w&#8217;umuhungu. Muri Nzeri uyu mwaka ni bwo Twiringiyimana yoherejwe kwigisha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2024-11-21T13:01:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi","datePublished":"2024-11-21T13:01:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659"},"wordCount":314,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72659#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659","name":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-11-21T13:01:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72659"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72659#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuporofe yagiye gusura umuryango we i Musanze akihagera atabwa muri yombi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72659","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72659"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72659\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72659"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72659"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72659"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}