{"id":72743,"date":"2024-11-23T20:08:32","date_gmt":"2024-11-23T18:08:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72743"},"modified":"2024-11-23T20:08:32","modified_gmt":"2024-11-23T18:08:32","slug":"gasabo-pasteur-ndushabandi-ushinjwa-n-umugore-we-guta-urugo-yatawe-muri-yombi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743","title":{"rendered":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#8217;umugore we guta urugo yatawe muri yombi"},"content":{"rendered":"<p><strong><br \/>\nRev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we.<\/strong><\/p>\n<p>Umuryango w\u2019uwari umushumba w\u2019Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, nyuma y\u2019uko afatiwe iwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki 13 Ugushyingo 2024, aho ngo yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we.<\/p>\n<p>Pasiteri Nkundabandi, yari yarakatiwe n\u2019urukiko igifungo cy\u2019imyaka 7 n\u2019ihazabu y\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni 300, nyuma yo guhamwa n\u2019ibyaha byo kunyereza umutungo no kugurisha ikintu cy\u2019undi akagitangaho ingwate, ariko akaba atarahise afungwa kuva igihe urubanza rwasomewe ku itariki 29 Ukuboza mu mwaka ushize wa 2023.<\/p>\n<p>Pasiteri Nkundabandi, aregwa kugurisha imitungo y\u2019itorero yayoboraga, irimo urusengero ruri i Giheka mu kagari ka Kagugu mu murenge wa Kinyinya mu Karere ka Gasabo.<\/p>\n<p>Uwunganira mu mategeko Pasiteri Nkundabandi, Me Bayisabe Erneste, avuga ko impamvu umukiliya we atahise afungwa biteganywa n\u2019ingingo ya 60 y\u2019Itegeko ryo muri 2019, ryerekeye imiburanishirize y\u2019Imanza z\u2019Inshinjabyaha, ivuga ko ari ihame ko umuburanyi akurikiranywa adafunzwe, n\u2019ubwo iya 80 ivuga ko umucamanza afunga umuburanyi hari impamvu zikomeye.<\/p>\n<p>Maitre Bayisabe yagize ati \u201cIbyo byaha byo kunyereza umutungo no kugurisha ikintu cy\u2019undi akagitangaho ingwate, babonye ko izo mpamvu zidakomeye Umucamanza aramufungura muri ya minsi 30, araburana mu mizi adafunzwe. Icyo gihe urukiko iyo rumukatiye igifungo akajurira, cya gihano cyo gufungwa ntabwo gishyirwa mu bikorwa.\u201d<\/p>\n<p>Me Bayisabe avuga ko urubanza rwa Pasiteri Nkundabandi ku bijyanye n\u2019imitungo rushobora kuzaburanishwa mu mwaka wa 2026 kubera ubwinshi bw\u2019imanza ziri mu nkiko.<\/p>\n<p>Bayisabe yemeje kandi iby\u2019amakuru y\u2019uko umukiliya we ubu afungiwe i Bumbogo kuri Sitasiyo ya RIB ndetse ko yamusuye, ariko ubu icyo afungiwe akaba ari ibibazo afitanye n\u2019umugore we, bijyanye no kumuhoza ku nkeke no guta urugo.<\/p>\n<p>Mutuyimana Clarisse  washakanye na Nkundabandi aganira na Kigali today dukesha iyi nkuru , yavuze  ko ategereje kumva impamvu Nkundabandi ataraburanishwa ku byaha byo guta urugo no kuruteza umutekano muke, kwanga kuruhahira no kuba imitungo y\u2019urugo nta n\u2019umwe umugabo yigeze amwandikaho.<\/p>\n<p>Mutuyimana agira ati \u201cNdumva bamuhana kuko jyewe ntabwo nakomeza kubana na we rwose, urumva niba imitungo y\u2019urugo yarayiyanditseho yose (100%), reba iyo mitungo barayifatiriye yose, abana ntabwo biga kandi njye nta ruhare nabigizemo, ndashaka uburenganzira bw\u2019abana banjye kugira ngo mbone ibyo kubatunga.\u201d<\/p>\n<p>Mutuyimana uvuga ko Pasiteri Nkundabandi yari yarataye urugo, ngo yabonye uwo mugabo, \u201casimbuka igipangu saa tanu n\u2019igice z\u2019ijoro, abageraho mu nzu afite ibiziriko mu ntoki, aza abaririza mushiki we uba muri urwo rugo, amufata mu ijosi yenda kumuniga kuko ngo yicaye mu mitungo ye, ni bwo twahise dusakuza ahita yiruka asimbuka igipangu, abashinzwe umutekano bahita bamufata.\u201d<\/p>\n<p>Mutuyimana avuga ko yandikiye inzego zishinzwe umutekano yishinganisha, kuko ngo Nkundabandi n\u2019ishuti ze bamuhoza ku nkeke ko bazamwica.<\/p>\n<p>Hari n\u2019Abanyetorero Nkundabandi yayoboye bavuga ko bitabashimishije kubona uwo mugabo atarafunzwe nyuma yo guhamwa n\u2019ibyaha byo kugurisha imitungo y\u2019Itorero Ebenezer, bagakeka ko yaba yaratanze ruswa.<\/p>\n<p>Nkuko tubikesha Kigalitoday ,Polisi y\u2019u Rwanda ivuga ko dosiye ya Pasiteri Nkundabandi iri mu Bugenzacyaha (RIB).<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Rev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Umuryango w\u2019uwari umushumba w\u2019Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":20,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-72743","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#039;umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#039;umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Rev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Umuryango w\u2019uwari umushumba w\u2019Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-11-23T18:08:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743\"},\"author\":{\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\"},\"headline\":\"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#8217;umugore we guta urugo yatawe muri yombi\",\"datePublished\":\"2024-11-23T18:08:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743\"},\"wordCount\":530,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743\",\"name\":\"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n'umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-11-23T18:08:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72743#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#8217;umugore we guta urugo yatawe muri yombi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\",\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=20\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n'umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n'umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA","og_description":"Rev. Past. Nkundabandi Jean Damasc?ne, afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu Karere ka Gasabo, nyuma yo gufatirwa iwe bikavugwa ko yashakaga kugirira nabi umugore basezeranye hamwe na mushiki we. Umuryango w\u2019uwari umushumba w\u2019Itorero Ebenezer ,riherutse kwamburwa ubuzima gatozi mu Rwanda, uvuga ko uwo mugabo afungiwe kuri Sitasiyo y\u2019Ubugenzacyaha i Bumbogo mu karere ka Gasabo, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-11-23T18:08:32+00:00","author":"Ngabonziza Justin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ngabonziza Justin","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743"},"author":{"name":"Ngabonziza Justin","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948"},"headline":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#8217;umugore we guta urugo yatawe muri yombi","datePublished":"2024-11-23T18:08:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743"},"wordCount":530,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72743#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743","name":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n'umugore we guta urugo yatawe muri yombi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-11-23T18:08:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72743"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72743#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gasabo: Pasteur Nkundabandi ushinjwa n&#8217;umugore we guta urugo yatawe muri yombi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948","name":"Ngabonziza Justin","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=20"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72743","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/20"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72743"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72743\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72743"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72743"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72743"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}