{"id":7278,"date":"2017-09-11T13:50:55","date_gmt":"2017-09-11T13:50:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/11\/rusizi-dusenge-merda-wamugaye-avuga-inzira-z-inzitane-yaciyemo-ngo-abashe-kwiga\/"},"modified":"2017-09-11T13:50:55","modified_gmt":"2017-09-11T13:50:55","slug":"rusizi-dusenge-merda-wamugaye-avuga-inzira-z-inzitane-yaciyemo-ngo-abashe-kwiga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278","title":{"rendered":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Dusenge Merda w\u2019imyaka 22 y\u2019amavuko, utuye mu kagari ka Ryankana, mu murenge wa Bugarama muri aka karere ka Rusizi avuga ko yamugaye agize imyaka 7, amaguru arahinamirana ku buryo atari agishobora kugenda, n\u2019ubwo yize bimugoye ubu arangije amashuri yisumbuye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Merda avuga ko akimara kumugara bavuje bikanga, hagakekwa amarozi, ibyo byamubayeho akunda kwiga cyane ndetse yifitemo n\u2019impano yo kubyina yumvaga agiye guteza imbere ariko biranga.<\/p>\n<p>Yakomeje kwiga yitabwaho n\u2019ababyeyi n\u2019abagiraneza arangiza amashuri abanza akomereza icyiciro rusange mu Bugarama yitabwaho n\u2019umuyobozi w\u2019ishuri ataha n\u2019iwabo n\u2019ubwo ngo byamugoraga cyane.<\/p>\n<p>Avuga ko yaje gukomereza icyiciro cya 2 cy\u2019ayisumbuye mu ishuri ryisumbuye rya Gishoma riri mu murenge wa Rwimbogo muri aka karere muri 2014, agezeyo abanza kugira ikibazo cy\u2019uburyo aziga nta we umwitaho, cyane cyane ko ngo yabonaga abandi bana bamwitarura, bamusuzugura ntibamuhe agaciro, ariko ntibyamuca intege kuko yabonaga ubuyobozi bw\u2019ishuri bwo bumwitayeho.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Nk\u2019uko yakomeje abitangariza itangazamakuru, ngo yaje kugira amahirwe adasanzwe abona umwe mu bana biganaga witwa Mujawamariya Th\u00e9r\u00e8se amwitaho mu buryo budasanzwe kugeza igihe arangirije amashuri.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019nagize ubumuga mfite imyaka 7 ariko ndakomeza ndiga abandi bana banseka sinacika intege,ngeze muri iri shuri ryisumbuye rya Gishoma mbona ntazashobora kwiga kuko sinabashaga kujya no mu ishuri, ariko nagize amahirwe adasanzwe mbona uyu mugenzi wanjye anyitaho bidasanzwe.<\/p>\n<p>Yanjyanaga koga mu gitondo kuko ntashoboraga kwiyuhagira,akansiga,akanyambika,akampeka akanjyana mu ishuri no mu bwiherero, kurya na bwo yarampekaga akanjyana n\u2019isahane naririyeho akayoza,ankorera byose ntari muzi mu gihe abandi banenaga bakanambwira ko nkwiriye kureka kwiga, bakanamubwira ko adakwiriye gukomeza kuntaho igihe, ariko yambereye umubyeyi ndamushimiye cyane.\u2019\u2019<\/p>\n<p> <strong>Uwamufashije nta gihembo yari ategereje:<\/strong> <\/p>\n<p>Mujawamariya Th\u00e9r\u00e8se w\u2019imyaka 21 ni we wagiye afasha Dusenge Merda, avuga ko bitari bimworoheye kumwitaho no gukurikira amasomoye.<\/p>\n<p>Uku gukomeza kumwitaho akanamuheka amujyana kwa muganga mu bilometero 2 uvuye ku ishuri ngo byaramugoye ariko arabikora mu gihe abandi batabyitagaho.<\/p>\n<p>Ngo hari n\u2019igihe bamaranye ukwezi kose kwa muganga, gusa akavuga ko byatumye abura uburyo yiga neza ntiyabona amanota amuhesha Buruse kandi yari umuhanga, ngo ajye muri kaminuza, icyakora ngo nta byicuza kuko icyo yakoze ngo yumva ari cyo cy\u2019ingenzi kizamuhesha ingororano no mu ijuru.<\/p>\n<p> <strong>Ikigo cyahembye Mujawamariya Th\u00e9r\u00e8se<\/strong> <\/p>\n<p>Ku wa 9 Nzeri 2017, Ubwo ishuri ryisumbuye rya Gishoma riri mu karere ka Rusizi ryizihizaga imyaka 18 rimaze rishinzwe rinishimira uruhare rwaryo mu iterambere ry\u2019ubumenyi bushingiye ku masiyansi muri aka karere, ryanashimiye Th\u00e9r\u00e8se ku bw\u2019ubwitange yagaragaje yita kuri Merda, rimuha ibahasha irimo amafaranga ataratangajwe umubare.<\/p>\n<p>Ubwo yashimirwaga ubu bwitange yagize imbere y\u2019ababyeyi n\u2019abayobozi banyuranye, M. Th\u00e9r\u00e8se yavuze ko anejejwe cyane no gushimirwa n\u2019ubwo bwose atariyo ntego yari afite, anashimira ababyeyi be bamwigishije gukunda abababaye, asaba n\u2019abandi badaha agaciro abafite ubumuga kwisubiraho.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 twiganye kuva muri 2014 kugeza umwaka ushize ariko mbonye ubuzima yari abayemo cyane cyane ko ari na we wenyine twari dufite hano ku ishuri, mpitamo kureka kwikunda cyane mwitaho, ndemera mbura Buruse kandi nari umuhanga cyane, ariko nishimira ko icyo naharaniraga cyagezweho twese tukarangiza kwiga n\u2019ubu tukaba tukiri inshuti n\u2019ubwo tutabonye amahirwe yo gukomeza kaminuza nta n\u2019akandi kazi dufite.<\/p>\n<p>Byagezeho akarere kamuha akagare agendamo ariko na bwo nakomeje kumwitaho nubwo bagenzi banjye bancaga intege.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ababyeyi barerera muri iri shuri , Past. Nyirinkindi Th\u00e9ophile, yavuze ko n\u2019ababyeyi bazashimira uyu mwana by\u2019umwihariko kugira ngo binahe isomo abandi bana ryo gukundana no kwitangirana, avuga ko bashimishijwe n\u2019ibyo uyu mwana yakoreye mugenzi we byananiye abandi batari banabyitayeho.<\/p>\n<p>Ku byerekeranye no kwiga kaminuza kw\u2019aba bana bombi b\u2019inshuti, umuyobozi w\u2019iri shuri, Mwitaba Anaclet, yavuze ko bagiye gukomeza kubakorera ubuvugizi, akavuga ko bahisemo kumushima mu ruhame kuko yafashije cyane ishuri kwita kuri mugenzi we, byanasigiye abandi bana isomo ry\u2019urukundo no kwitangirana n\u2019ubu bakigenderaho.<br \/>\n<figure id=\"attachment_76982\" aria-describedby=\"caption-attachment-76982\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Mujawamariya-Th\u00e9r\u00e8se-ari-kumwe-na-Dusenge-Merda-yitayeho-kugeza-nubwo-bimuviriyemo-kubura-Buruse-ya-kaminuza..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-76982 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Mujawamariya-Th\u00e9r\u00e8se-ari-kumwe-na-Dusenge-Merda-yitayeho-kugeza-nubwo-bimuviriyemo-kubura-Buruse-ya-kaminuza.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-76982\" class=\"wp-caption-text\">Mujawamariya Th\u00e9r\u00e8se na Dusenge Merda<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_76983\" aria-describedby=\"caption-attachment-76983\" style=\"width: 703px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-76983\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg\" alt=\"\" width=\"703\" height=\"527\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-76983\" class=\"wp-caption-text\">Aba bakobwa bombi bari kumwe n&#8217;umuyobozi wa komite y&#8217;ababyeyi barerera muri iri shuri, Pasiteri Nyirinkindi Th\u00e9ophile.<\/figcaption><\/figure><br \/>\n<figure id=\"attachment_76984\" aria-describedby=\"caption-attachment-76984\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Ababyeyi-bashimishijwe-niki-gikorwa-cyindashyikirwa-cyakozwe-nuyu-mwana..jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-76984 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Ababyeyi-bashimishijwe-niki-gikorwa-cyindashyikirwa-cyakozwe-nuyu-mwana.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-76984\" class=\"wp-caption-text\">Ababyeyi basabwe kwigisha abana bakiri bato urukundo no kwitangira abandi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dusenge Merda w\u2019imyaka 22 y\u2019amavuko, utuye mu kagari ka Ryankana, mu murenge wa Bugarama muri aka karere ka Rusizi avuga ko yamugaye agize imyaka 7, amaguru arahinamirana ku buryo atari agishobora kugenda, n\u2019ubwo yize bimugoye ubu arangije amashuri yisumbuye. Merda avuga ko akimara kumugara bavuje bikanga, hagakekwa amarozi, ibyo byamubayeho akunda kwiga cyane ndetse yifitemo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-7278","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Dusenge Merda w\u2019imyaka 22 y\u2019amavuko, utuye mu kagari ka Ryankana, mu murenge wa Bugarama muri aka karere ka Rusizi avuga ko yamugaye agize imyaka 7, amaguru arahinamirana ku buryo atari agishobora kugenda, n\u2019ubwo yize bimugoye ubu arangije amashuri yisumbuye. Merda avuga ko akimara kumugara bavuje bikanga, hagakekwa amarozi, ibyo byamubayeho akunda kwiga cyane ndetse yifitemo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-11T13:50:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga\",\"datePublished\":\"2017-09-11T13:50:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278\"},\"wordCount\":708,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/kkk.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278\",\"name\":\"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/kkk.jpg\",\"datePublished\":\"2017-09-11T13:50:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/kkk.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/kkk.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7278#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA","og_description":"Dusenge Merda w\u2019imyaka 22 y\u2019amavuko, utuye mu kagari ka Ryankana, mu murenge wa Bugarama muri aka karere ka Rusizi avuga ko yamugaye agize imyaka 7, amaguru arahinamirana ku buryo atari agishobora kugenda, n\u2019ubwo yize bimugoye ubu arangije amashuri yisumbuye. Merda avuga ko akimara kumugara bavuje bikanga, hagakekwa amarozi, ibyo byamubayeho akunda kwiga cyane ndetse yifitemo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-11T13:50:55+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga","datePublished":"2017-09-11T13:50:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278"},"wordCount":708,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278","name":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg","datePublished":"2017-09-11T13:50:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7278"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/kkk.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7278#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Dusenge Merda wamugaye, avuga inzira z\u2019inzitane yaciyemo ngo abashe kwiga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7278","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7278"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7278\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7278"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7278"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7278"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}