{"id":7279,"date":"2017-09-11T13:27:16","date_gmt":"2017-09-11T13:27:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/11\/perezida-kagame-agiye-gukurikirana-abakekwaho-ruswa-yahera-ku-039-bifi-binini\/"},"modified":"2017-09-11T13:27:16","modified_gmt":"2017-09-11T13:27:16","slug":"perezida-kagame-agiye-gukurikirana-abakekwaho-ruswa-yahera-ku-039-bifi-binini","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279","title":{"rendered":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039;"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko nubwo abantu bareshya imbere y\u2019amategeko, ariko ko abafite imyanya ikomeye aribo bagombye guherwaho mu gukurikiranwa ku byaha bya ruswa,  kurusha uko bashobora guhishirwa n\u2019abo mu myanya yo hejuru.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Yabitangaje ku wa Mbera tariki ya 11 Nzeri 2017, ubwo yatangizaga umwaka w\u2019Ubutabera 2017\/2018 no kwakira indahiro za bamwe mu bayobozi bakuru b\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019Igihugu yashimiye abakora mu butabera mu Rwanda, kubera intambwe yatewe mu mu kugabanya ibirarane, guca ruswa, kudatinza imanza n&#8217;ibindi byerekana ko buri mu nzira nziza.<\/p>\n<p>Ubwo butabera ariko hari ibyo bugomba gukomeza kunoza, nko gushyira imbaraga mu kugeza ikoranabuhanga na murandasi (internet) mu nkiko hose mu gihugu. Bukwiye kandi gukomeza kuzirikana icyo bubereyeho ari byo gukemura ibibazo,  abantu bakabana neza, uburenganzira bwa buri wese bukubahirizwa.<\/p>\n<p> Perezida Kagame yavuze ko  mu gukurikirana abakekwaho ibyaha bya ruswa, bikwiye guhera ku bayobozi, abaturage bagakurikiraho.<\/p>\n<p>Ati \u201cImbaraga zihagije kandi abantu bafite zirakoreshwa, ndetse nubwo abantu bareshya imbere y\u2019amategeko, muri ubwo  butabera, njye buriya nakongeraho ko mu kurwanya ruswa , ushingiye kuri ayo mahame burya abantu basumbye abandi niko bakwiriye kurebwa kurusha abandi. Nyine ubu butabera ntibugende ngo bujye  ku batoya  kandi abenshi aribo baba bafite n\u2019ibibazo bigera mu nzego zo hejuru, barindwe n\u2019urwo rwego cyangwa\u2026\u2026\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko we agiye kurwanya ruswa yahera kuri abo bayobozi, bamwe bita ibifi binini iyo babagereranyije n\u2019abo hasi cyangwa abaturage.<\/p>\n<p>Ati \u201cNjye nagiye kurwanya ruswa nahera hejuru ku bayobozi, cyangwa abandi bafite uko bahagaze mu muryango Nyarwanda. Kuko iyo udahereye ahongaho ukajya  mu baturage basanzwe, gusa bakaba aribo bishyura ibyo bakosheje ariko ababayobora cyangwa ababasumbye bakagendera kuri ibyo, ntabwo ari byo, ntabwo uyu muco waranduka uko tubyifuza. Ndumva ari ukubyibutsa gusa murabyumva neza.\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yijeje inkunga abakora muri uru rwego, ariko mu gihe birinze ruswa n\u2019ibindi. Yari ahereye ku busabwe bwa Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga Prof Rugege Sam wasabye ko  abacamanza baterwa inkunga mu bikorwa bigamije kunoza imibereho myiza y\u2019abakora mu rwego rw\u2019ubutabera mu Rwanda.<\/p>\n<p> Ati \u201c Uko muzajya mugabanya gufata iriya nkunga idakwiye, niko nzajya nzamura ikwiye\u2026.. igihe amikoro azamutse nta mpamvu n\u2019umugabane ku bakora mu butabera utazamuka. Akamaro k\u2019ubutabera karumvikana \u2026.\u201d<\/p>\n<p> Yanenze bamwe mu bacamanza barangwa na ruswa mu kazi kabo bagatanga ubutabera uko bidakwiye, baciye mu kubonana n\u2019ababuranyi nyuma y\u2019akazi. Icyo kibazo kandi ngo kiri no ku bashinjacyaha bamwe na bamwe. Akomeza avuga ko binyuranye n\u2019imikorere yari ikwiye, binaha n\u2019ubucamanza isura mbi budakwiye, kandi iyo sura ikaba inahindanya n\u2019igihugu cyose.<\/p>\n<p>\u201c Mujya mwumva nk\u2019abantu bigamba ku bantu bamwe bavuga ko baba badakeneye ubunganira mu rubanza kuko bafite umucamanaza uzabakorera ibyo bashaka, bakagabana inyungu yabyo. Ibi nabyo twabyirinda birashoboka igihugu cyacu tukagiha umwanya wo kwihuta mu majyambere\u2026.\u201d<\/p>\n<p> Ibindi bibazo bicyugarije ubutabera birimo guca imanza nabi kuzitinza cyangwa kuzisubika, rimwe na rimwe hatagaragaye impamvu cyangwa se zitasobanuwe, nyamara abaturage bakeneye ubutabera butangwa nta kiguzi, ku gihe kandi mu mucyo, nta n\u2019ivangura ribayeho.<\/p>\n<p> Yabibukije ko ubuatebera buramutse burangwa no gukora nabi n\u2019ibindi byose byahumira ku mirari.<\/p>\n<p>Ati \u201c Abacamanza nimwe barinzi b\u2019imikorere igendera ku mategeko n\u2019imibanire myiza y\u2019abaturarwanda.  Ni nacyo gitumaiyo ibindi byose byananiranye abantu bitabaza ubutabera. Ni rwo rwego rwa nyuma abantu bitabaza iyo bitatunganye. Kubera iyi mpamvu mufite uruhare runini mu guha abakeneye ubutabera icyizere cy\u2019uko bafite amahoro n\u2019umutekano kubera ko abongabo bababerngera aribo mwebwe tuganira uyu munsi.<\/p>\n<p>Turacyari ku rugamba rw\u2019iterambere, kurutsinda bibasaba imbaraga za buri wese, iyo hari uruhande rugize intege nke, byumvikane ko igihugu cyose bitugiraho ingaruka. Nkamwe rero mu butabera mukaze umurego mu rugamba kugira ngo igihugu cyose kigire imbaraga ziduteza imbere.<\/p>\n<p> Ubudasa buranga igihugu cyacu n\u2019imikorere yacu bukwiriye kugaragara mu butabera ndetse mu butabera bugaherwaho muri izo mbaraga zo kunoza ubudasa bwacu. Ni zo nshingano nini tubatezeho kandi twiteze kuzabafashamo kugira ngo tubigereho.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ubutabera bw\u2019u Rwanda bwubatse urwego rwubahwa n\u2019amahanga, aho usanga abakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bavuga ko badashaka kuburanira mu Rwanda, kuko ngo batzeye ubutabera bwaho, ariko ibihugu byasuye ubu butabera bibuzi bikarangira bifashe umwanzuro wo kuhabohereza kuko bibwuzeye.<br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong>Ntakirutimana Deus @Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko nubwo abantu bareshya imbere y\u2019amategeko, ariko ko abafite imyanya ikomeye aribo bagombye guherwaho mu gukurikiranwa ku byaha bya ruswa, kurusha uko bashobora guhishirwa n\u2019abo mu myanya yo hejuru. Yabitangaje ku wa Mbera tariki ya 11 Nzeri 2017, ubwo yatangizaga umwaka w\u2019Ubutabera 2017\/2018 no kwakira indahiro za bamwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7279","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko nubwo abantu bareshya imbere y\u2019amategeko, ariko ko abafite imyanya ikomeye aribo bagombye guherwaho mu gukurikiranwa ku byaha bya ruswa, kurusha uko bashobora guhishirwa n\u2019abo mu myanya yo hejuru. Yabitangaje ku wa Mbera tariki ya 11 Nzeri 2017, ubwo yatangizaga umwaka w\u2019Ubutabera 2017\/2018 no kwakira indahiro za bamwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-11T13:27:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039;\",\"datePublished\":\"2017-09-11T13:27:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279\"},\"wordCount\":697,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279\",\"name\":\"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-11T13:27:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7279#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatangaje ko nubwo abantu bareshya imbere y\u2019amategeko, ariko ko abafite imyanya ikomeye aribo bagombye guherwaho mu gukurikiranwa ku byaha bya ruswa, kurusha uko bashobora guhishirwa n\u2019abo mu myanya yo hejuru. Yabitangaje ku wa Mbera tariki ya 11 Nzeri 2017, ubwo yatangizaga umwaka w\u2019Ubutabera 2017\/2018 no kwakira indahiro za bamwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-11T13:27:16+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039;","datePublished":"2017-09-11T13:27:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279"},"wordCount":697,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7279#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279","name":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039; - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-11T13:27:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7279"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7279#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame agiye gukurikirana abakekwaho ruswa yahera ku &#039;bifi binini&#039;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7279","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7279"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7279\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7279"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7279"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7279"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}