{"id":72815,"date":"2024-11-26T10:39:07","date_gmt":"2024-11-26T08:39:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/?p=72815"},"modified":"2024-11-26T10:39:07","modified_gmt":"2024-11-26T08:39:07","slug":"angola-iravuga-ko-rdc-n-u-rwanda-byashyize-umukono-ku-nyandiko-y-ingenzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815","title":{"rendered":"Angola iravuga ko RDC n&#8217;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#8217;ingenzi"},"content":{"rendered":"<p><strong> <em>Umuhuza Angola yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ugushyingo 2024, Repubulika ya Demokarasi ya Congo n\u2019u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y\u2019urufunguzo rwo guteza imbere inzira y\u2019amahoro mu burasirazuba bwa Congo bwugarijwe n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano.<\/em> <\/strong><\/p>\n<p>Kuva mu 2021 umutwe w&#8217;inyeshyamba wa M23 wari wararambitse intwaro mu 2013 wongeye kubura intwaro kandi wigarurira uduce twinshi two mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho abategetsi b&#8217;iki gihugu bakunze gushinja u Rwanda gufasha uyu mutwe ariko narwo rugakomeza kubihakana.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro za Kanama, Angola yabashije kubona impande ihuza zemera gushyigikira agahenge bituma hizerwa ko ibintu bishobora kugenda neza.<\/p>\n<p>Ariko kuva mu mpera z&#8217;Ukwakira, M23, ivuga ko itigeze itumirwa muri ibyo biganiro, yakomeje guhangana n&#8217;ibitero by&#8217;Igisirikare cya Congo n&#8217;inyeshyamba za Wazalendo yashinje gutera ibirindiro byayo bikaba ngombwa ko yirwanaho.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo habaye kurenga ku gahenge, Repubulika ya Demokarasi ya Congo n\u2019u Rwanda bikomeje ibiganiro byo ku rwego rwa dipolomasi binyuze mu bwunzi bwa Angola.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro z&#8217;Ugushyingo, abaturanyi bombi bo muri batangije komite ishinzwe gukurikirana iyubahirizwa ry&#8217;ihagarikwa ry\u2019imirwano, iyobowe na Angola ndetse harimo n&#8217;abahagarariye Repubulika ya Demokarasi ya Congo n&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Mbere, nk&#8217;uko byatangajwe n&#8217;Ibiro Ntaramakuru by&#8217;Abafaransa, AFP, minisitiri w\u2019ububanyi n\u2019amahanga wa Congo n&#8217;uw&#8217;u Rwanda bemeje igitekerezo cy\u2019inyandiko y&#8217;ibikorwa, &#8220;igikoresho cy&#8217;ingenzi&#8221; kigomba kwerekana ibisabwa ngo ingabo z&#8217;u Rwanda zizave ku butaka bwa Congo, nk&#8217;uko minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga ya Angola yabitangaje. Ni mu gihe Guverinoma y&#8217;u Rwanda ariko yakunze kwemeza ko nta ngabo ifite ku butaka bwa Congo.<\/p>\n<p>Icyakora itangazo rya guverinoma ya Angola ntabwo ryatanze ibisobanuro birambuye ku buryo bwakurikizwa.<\/p>\n<p>Umushinga wabanjirije uwo mugambi wo muri Kanama ngo wasabaga kubanza gusenya inyeshyamba za FDLR zashinzwe n\u2019abahoze ari abayobozi bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo u Rwanda ruvane ingabo muri Congo. <\/p>\n<p>Ibitangazwa na AFP bisa nk&#8217;ibyo abayobozi ba Congo bavuga, ariko u Rwanda rwo ruvuga gukuraho ingamba z&#8217;ubwirinzi rwashyize ku mupaka ariko ntirwemera ko rufite izo ngabo muri Congo.<\/p>\n<p>Umutwe wa FDLR u Rwanda rwakunze kugaragaza ko ubangamiye umutekano warwo, ni umwe mu mitwe yitwara gisirikare itandukanye itandukanye ifatanya n\u2019Ingabo za FARDC mu kurwanya M23.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhuza Angola yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ugushyingo 2024, Repubulika ya Demokarasi ya Congo n\u2019u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y\u2019urufunguzo rwo guteza imbere inzira y\u2019amahoro mu burasirazuba bwa Congo bwugarijwe n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano. Kuva mu 2021 umutwe w&#8217;inyeshyamba wa M23 wari wararambitse intwaro mu 2013 wongeye kubura intwaro kandi wigarurira uduce twinshi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-72815","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Angola iravuga ko RDC n&#039;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#039;ingenzi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Angola iravuga ko RDC n&#039;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#039;ingenzi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhuza Angola yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ugushyingo 2024, Repubulika ya Demokarasi ya Congo n\u2019u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y\u2019urufunguzo rwo guteza imbere inzira y\u2019amahoro mu burasirazuba bwa Congo bwugarijwe n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano. Kuva mu 2021 umutwe w&#8217;inyeshyamba wa M23 wari wararambitse intwaro mu 2013 wongeye kubura intwaro kandi wigarurira uduce twinshi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2024-11-26T08:39:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Angola iravuga ko RDC n&#8217;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#8217;ingenzi\",\"datePublished\":\"2024-11-26T08:39:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815\"},\"wordCount\":384,\"commentCount\":1,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815\",\"name\":\"Angola iravuga ko RDC n'u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y'ingenzi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2024-11-26T08:39:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=72815#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Angola iravuga ko RDC n&#8217;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#8217;ingenzi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Angola iravuga ko RDC n'u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y'ingenzi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Angola iravuga ko RDC n'u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y'ingenzi - BWIZA","og_description":"Umuhuza Angola yatangaje ko kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ugushyingo 2024, Repubulika ya Demokarasi ya Congo n\u2019u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y\u2019urufunguzo rwo guteza imbere inzira y\u2019amahoro mu burasirazuba bwa Congo bwugarijwe n&#8217;ibibazo by&#8217;umutekano. Kuva mu 2021 umutwe w&#8217;inyeshyamba wa M23 wari wararambitse intwaro mu 2013 wongeye kubura intwaro kandi wigarurira uduce twinshi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2024-11-26T08:39:07+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Angola iravuga ko RDC n&#8217;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#8217;ingenzi","datePublished":"2024-11-26T08:39:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815"},"wordCount":384,"commentCount":1,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72815#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815","name":"Angola iravuga ko RDC n'u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y'ingenzi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2024-11-26T08:39:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=72815"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=72815#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Angola iravuga ko RDC n&#8217;u Rwanda byashyize umukono ku nyandiko y&#8217;ingenzi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72815","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=72815"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/72815\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=72815"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=72815"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=72815"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}