{"id":7287,"date":"2017-09-11T21:45:13","date_gmt":"2017-09-11T21:45:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/11\/nyamasheke-umuyobozi-muri-minisante-yakirijwe-uruhuri-rw-ibibazo-mu-bitaro-bya\/"},"modified":"2025-02-12T15:41:54","modified_gmt":"2025-02-12T13:41:54","slug":"nyamasheke-umuyobozi-muri-minisante-yakirijwe-uruhuri-rw-ibibazo-mu-bitaro-bya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287","title":{"rendered":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubwo yasuraga ibitaro bya Kibogora na Bushenge mu karere ka Nyamasheke,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE ushinzwe  ubuzima rusange n\u2019ubuvuzi bw\u2019ibanze,Dr Ndimubanzi Patrick  yakirijwe ibibazo binyuranye by\u2019ingutu birimo iby\u2019abakozi bake kandi baganwa n\u2019abaturage benshi cyane n\u2019ibindi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibitaro bya Bushenge na Kibogora ni byo bitaro bibarizwa muri aka karere ka Nyamasheke,bikaba byakira abaturutse impande zose z\u2019igihugu ndetse n\u2019abaturanyi b\u2019u Burundi na Kongo Kinshasa,ahatangirwa serivisi zinyuranye,cyane cyane ko ibitaro bya Bushenge biri no ku rwego rw\u2019intara,bikaba byarabyongereye ingufu mu kwita ku baturage bajyaga,rimwe na rimwe bagana ibitaro byo mu ntara y\u2019Amajyepfo n\u2019umujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Mu bitaro bya Kibogora,Dr Ndimubanzi Patrick yasuye serivizi zinyuranye,aho yahuye n\u2019ikibazo cy\u2019inyubako zidahagije,cyane cyane aho ababyeyi babyarira, ahavurirwa inkomere,n\u2019izindi nyubako zidahagije, anahura n\u2019ikibazo cy\u2019inyubako zimwe zishaje cyane,n\u2019abaganga bakiri bake cyane ugereranije na serivisi ibi bitaro bitanga.<\/p>\n<p>Mu bitaro bya Bushenge na ho yahahuriye n\u2019ikibazo kimaze iminsi cy\u2019iyibwa ry\u2019ibyuma bimwe na bimwe bipima indwara zinyuranye, ibyapfuye bikaba byarabuze uburyo bikorwa, icy\u2019amacumbi y\u2019abakozi akiri ikibazo bigatuma bamwe bakora bataha mu mujyi wa Rusizi bikabangamira imikorere yabo,icy\u2019ingobyi z\u2019abarwyi zidahagije,icy\u2019ibirarane bya mituweli mu bitaro bya kibogora,n\u2019icy\u2019abaganga b\u2019inzobere bakiri bake  kandi ibi bitaro ari iby\u2019icyitegererezo.<\/p>\n<p>Ikibazo rusange yahahuriye na cyo ngo ni icy\u2019 abakozi bafite ubwoba bwo kwirukanwa kubera gahunda nshya y\u2019imirimo,  bakavuga ko kugeza ubu bataramenya aho bahagaze kandi bitanava mu nzira ngo bamenye abagiye n\u2019abasigaye,abasigaye bakore bashyize umutima hamwe,ibyo byose abamara impungenge.<\/p>\n<p>Ku kibazo cy\u2019aba bakozi,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE,Dr Ndimubanzi Patrick yavuze ko nta mukozi n\u2019umwe uzirukanwa,icyakora ko hari abashobora kwisanga  bimuriwe ahandi kuko bashobora gusanga ari ho bakenewe kuruta aho bari ubu.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;nta mukozi n\u2019umwe tuzirukana kuko niba nka hano mushobora kuba mujya kugera ku bakenewe hakurikijwe gahunda nshya y\u2019imirimo,hari ibindi bitaro dufite bake cyane ugereranije n\u2019abo twifuza,bamwe bakaba bashobora kwimurirwa ahandi,ariko mushyire umutima hamwe ntidushaka kugira uwo twirukana.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yabasabye kurushaho kwita ku babagana,bakarushaho kwitanga bagakora umurimo wabo neza,ko Minisiteri na yo ikora ibishoboka byose kugira ngo  bakorere mu buryo bunoze.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019turabasaba kurushaho kwita ku babagana kuko bafite umurimo utoroshye,umurimo ukomeye,ariko n\u2019ababagana baba babagana babakeneye cyane. Rero turashaka kubakangurira gukomeza gukorana uwo mutima,umutima wo gutabara,umutima wo gufasha.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Dr Nkurunziza Vedaste uyobora by\u2019agateganyo ibitaro bya Bushenge na Dr Nsengiyumva Nathanael uyobora by\u2019agateganyo ibitaro bya Kibogora,bishimiye inama bagiriwe n\u2019uyu muyobozi,banishimira ko yaganiriye byihariye n\u2019abakozi bakamubaza ibibazo bafite akabisubiza,bavuga ko bagiye gukora ibishoboka byose bakarushaho gutanga umusaruro bategerejweho,binyuze mu kurushaho gukurikirana imikorere y\u2019abakozi bose, no gukurikirana ko buri wese ubagannye ataha yishimiye serivisi yahawe.<\/p>\n<p>Uru ruzinduko rukozwe nyuma y\u2019igihe gito Guverinoma nshya igiyeho,aba bayobozi b\u2019ibitaro bakavuga ko bibahaye imbaraga zo guhagurukana ibakwe kugira ngo ingamba Guverinoma  nshya yihaye mu rwego rw\u2019ubuzima,bihereye no kuri ibi bitaro byombi zizagerweho nta nkomyi.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-77027 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p> <strong><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo yasuraga ibitaro bya Kibogora na Bushenge mu karere ka Nyamasheke,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE ushinzwe ubuzima rusange n\u2019ubuvuzi bw\u2019ibanze,Dr Ndimubanzi Patrick yakirijwe ibibazo binyuranye by\u2019ingutu birimo iby\u2019abakozi bake kandi baganwa n\u2019abaturage benshi cyane n\u2019ibindi. Ibitaro bya Bushenge na Kibogora ni byo bitaro bibarizwa muri aka karere ka Nyamasheke,bikaba byakira abaturutse impande zose z\u2019igihugu ndetse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7287","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo yasuraga ibitaro bya Kibogora na Bushenge mu karere ka Nyamasheke,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE ushinzwe ubuzima rusange n\u2019ubuvuzi bw\u2019ibanze,Dr Ndimubanzi Patrick yakirijwe ibibazo binyuranye by\u2019ingutu birimo iby\u2019abakozi bake kandi baganwa n\u2019abaturage benshi cyane n\u2019ibindi. Ibitaro bya Bushenge na Kibogora ni byo bitaro bibarizwa muri aka karere ka Nyamasheke,bikaba byakira abaturutse impande zose z\u2019igihugu ndetse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-11T21:45:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:41:54+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge\",\"datePublished\":\"2017-09-11T21:45:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287\"},\"wordCount\":544,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287\",\"name\":\"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2017-09-11T21:45:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7287#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA","og_description":"Ubwo yasuraga ibitaro bya Kibogora na Bushenge mu karere ka Nyamasheke,umunyamabanga wa Leta muri MINISANTE ushinzwe ubuzima rusange n\u2019ubuvuzi bw\u2019ibanze,Dr Ndimubanzi Patrick yakirijwe ibibazo binyuranye by\u2019ingutu birimo iby\u2019abakozi bake kandi baganwa n\u2019abaturage benshi cyane n\u2019ibindi. Ibitaro bya Bushenge na Kibogora ni byo bitaro bibarizwa muri aka karere ka Nyamasheke,bikaba byakira abaturutse impande zose z\u2019igihugu ndetse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-11T21:45:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:41:54+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge","datePublished":"2017-09-11T21:45:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287"},"wordCount":544,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287","name":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg","datePublished":"2017-09-11T21:45:13+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7287"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Umunyamabanga-wa-Leta-muri-MINISANTEDr-Ndimubanzi-Patrick-hagati-wambaye-indorerwamo-aganira-na-bamwe-mu-barwayi-mu-bitaro-bya-Kibogora.-1024x768.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7287#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Umuyobozi muri MINISANTE yakirijwe uruhuri rw\u2019ibibazo mu bitaro bya Kibogora na Bushenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7287","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7287"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7287\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7287"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7287"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7287"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}