{"id":731,"date":"2016-02-21T15:43:53","date_gmt":"2016-02-21T15:43:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/21\/transparency-international-yinjiye-mu-kibazo-cy-uvuga-ko-ahohoterwa-azira-kuba\/"},"modified":"2025-02-12T22:23:39","modified_gmt":"2025-02-12T20:23:39","slug":"transparency-international-yinjiye-mu-kibazo-cy-uvuga-ko-ahohoterwa-azira-kuba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731","title":{"rendered":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa"},"content":{"rendered":"<p>Transparency International iri gukora iperereza kw\u2019ijujubya n\u2019iyicarubozo ngo bikorerwa Umunyarwanda  uvuga ko akomeje kugendwaho azira kuba atarashyigikiye ko Itegeko nshinga rivugururwa ngo perezida Kagame abashe kuziyamamariza indi manda.<\/p>\n<p>Kuri ubu Transparency International yahaye uyu muntu witwa Vitus Nshimiyimana abakozi bayo babiri bagomba kuba bari kumwe nawe igihe cyose bagenzura ijujubywa n\u2019ihohoterwa ryose yakorerwa.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019umuyobozi wa T.I., Ingabire M. Imaculee, ngo Nshimiyimana yahaye Transparency International amakuru y\u2019uko akorerwa iyicarubozo kubera ko yamaganye ko Itegeko Nshinga ry\u2019u Rwanda rihindurwa.<\/p>\n<p>Yagize ati:  <em> <strong>\u201cTuri guperereza ibi bivugwa kandi tuzanaperereza mu nzego zitandukanye n\u2019abantu bavugwaho kuba inyuma y\u2019iri yicarubozo.\u201d<\/strong> <\/em> <\/p>\n<figure id=\"attachment_24982\" aria-describedby=\"caption-attachment-24982\" style=\"width: 1000px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-24982 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg\" alt=\"Ingabire-Immaculee\" width=\"1000\" height=\"571\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24982\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Ingabire M. Immaculee uyobora Transparency International<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Nshimiyimana Vitus utuye mu Karere ka Rwamagana, mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, yatanze icyifuzo cye ku nteko Ishianga Amategeko y\u2019u Rwanda umwaka ushize asaba ko itegeko nshinga ritahindurwa.<\/p>\n<p>Uyu niwe wenyine wagejeje iki cyifuzo ku nteko mu gihe abandi Banyarwanda basaga miliyoni 3 basabye ko rivugururwa kugirango perezida Kagame azakomeze kubayobora igihe manda ye ya kabiri izaba irangiye mu 2017.<\/p>\n<p>Iri tegeko nshinga nyuma byaje kwemezwa riravugururwa, rishyirwa muri referandumu Abanyarwanda baritora ku majwi 98%. Nubwo igikorwa cya Nshimiyimana ntacyo cyagezeho, ngo ntabwo cyibagiranye nk\u2019uko The East African dukesha iyi nkuru ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Kuva icyo gihe, Nshimiyimana avuga ko yakomeje kugendwaho, agahabwa akato, agafungwa binyuranyije n\u2019amategeko, ndetse ngo rimwe yanizwe n\u2019abantu atazi benda kumwica.<\/p>\n<p>Nshimiyimana aragira ati:  <em> <strong>\u201cUburenganzira bwanjye burahonyorwa umunsi n\u2019ijoro na polisi, abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze n\u2019abantu bambaye imyenda ya gisivili\u201d<\/strong> <\/em> .<\/p>\n<p>Umuvugizi wa polisi y\u2019u Rwanda, Celestin Twahirwa abajijwe ku murongo wa telephone ngo agire icyo avuga kuri aya makuru, yavuze ko atari ayazi, yongeraho ko niba ikirego cyarashyikirijwe CID bari kugikurikirana.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande, umuyobozi wa Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Uburenganzira bwa Muntu, Nirere Madeleine, avuga ko iki kibazo urwego akuriye rukizi hashize igihe, ndetse ngo bari no kugikurikirana kikazakemurwa uko bikwiye.<\/p>\n<p>Mu kiganiro ariko Nshimiyimana yahaye The east African, we akaba yaravuze ko yaba polisi ndetse n\u2019imiryango itegamiye kuri leta ikibazo cye kireba batari gushyira ingufu mu kumurindira umutekano.<\/p>\n<p>Avuga ko ikibazo cye yakigejeje kuri komisiyo irengera uburenganzira bwa muntu akizezwa ubufasha ariko ngo iperereza ntacyo ryagezeho. Ngo yakomeje kujya abagezaho iterabwoba ashyirwaho ariko bakabyirengagiza. Yakomeje avuga ko byageze naho inzego z\u2019ibanze iwabo ngo zisigaye zinatera ubwoba mushiki we bamubaza niba musaza we hari aho ahuriye n\u2019imitwe y\u2019inyeshyamba cyangwa abayobozi bahunze.<\/p>\n<p>Kubera izi mpamvu ubu ngo Nshimiyimana yafashe icyemezo cyo guta umugore n\u2019abana be aba agiye ahandi hantu.<\/p>\n<figure id=\"attachment_24983\" aria-describedby=\"caption-attachment-24983\" style=\"width: 823px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/vitus.png\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-24983\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/vitus.png\" alt=\"vitus\" width=\"823\" height=\"581\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-24983\" class=\"wp-caption-text\"><em> <strong>Vitus Nshimiyimana uvuga ko akomeje gukorerwa ihohoterwa<\/strong> <\/em><\/figcaption><\/figure>\n<p>Nshimiyimana avuga ko yanegereye DPC wa Station ya polisi ya Kimironko akamutekerereza ibye akamusaba kumurinda, amubwira ko yajyana ikirego kuri station ya Remera, aho yageze ngo bakanga kumuterera cachet no kumusinyira ko bakiriye ubusabe bwe. Ngo nyuma abashinzwe umutekano bamushakishije ahantu hose barangije batwara impapuro zirimo izo yiyandikishirijeho kwiga muri kaminuza n\u2019izerekana amakuru yose ku ihohoterwa akorerwa.<\/p>\n<p>Nyuma yaho ngo yaje gufungirwa kuri station ya polisi ya kayonza, ahatirwa gusinya impapuro zemeza ko yafunzwe azira umwenda yari yananiwe kwishyura, arekuwe atangaza ko yagerageje kujya muri Uganda ariko akabuzwa n\u2019urwego rushinzwe abinjira n\u2019abasohoka.<\/p>\n<p>Umuvugizi w\u2019uru rwego, Ange Sebutege abajijwe iki kibazo, yasubije ko bakiriye ikirego cya Nshimiyimana cyavuagaga ko yabujijwe kwambuka ngo ajye muri Uganda kuwa 31 Ukuboza 2015, ariko yirinda kugira byinshi atangaza kuri iki kibazo.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Transparency International iri gukora iperereza kw\u2019ijujubya n\u2019iyicarubozo ngo bikorerwa Umunyarwanda uvuga ko akomeje kugendwaho azira kuba atarashyigikiye ko Itegeko nshinga rivugururwa ngo perezida Kagame abashe kuziyamamariza indi manda. Kuri ubu Transparency International yahaye uyu muntu witwa Vitus Nshimiyimana abakozi bayo babiri bagomba kuba bari kumwe nawe igihe cyose bagenzura ijujubywa n\u2019ihohoterwa ryose yakorerwa. Nk\u2019uko bitangazwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-731","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=731\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Transparency International iri gukora iperereza kw\u2019ijujubya n\u2019iyicarubozo ngo bikorerwa Umunyarwanda uvuga ko akomeje kugendwaho azira kuba atarashyigikiye ko Itegeko nshinga rivugururwa ngo perezida Kagame abashe kuziyamamariza indi manda. Kuri ubu Transparency International yahaye uyu muntu witwa Vitus Nshimiyimana abakozi bayo babiri bagomba kuba bari kumwe nawe igihe cyose bagenzura ijujubywa n\u2019ihohoterwa ryose yakorerwa. Nk\u2019uko bitangazwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=731\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-21T15:43:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T20:23:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa\",\"datePublished\":\"2016-02-21T15:43:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731\"},\"wordCount\":595,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Ingabire-Immaculee.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731\",\"name\":\"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Ingabire-Immaculee.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-21T15:43:53+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T20:23:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Ingabire-Immaculee.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/Ingabire-Immaculee.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=731#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA","og_description":"Transparency International iri gukora iperereza kw\u2019ijujubya n\u2019iyicarubozo ngo bikorerwa Umunyarwanda uvuga ko akomeje kugendwaho azira kuba atarashyigikiye ko Itegeko nshinga rivugururwa ngo perezida Kagame abashe kuziyamamariza indi manda. Kuri ubu Transparency International yahaye uyu muntu witwa Vitus Nshimiyimana abakozi bayo babiri bagomba kuba bari kumwe nawe igihe cyose bagenzura ijujubywa n\u2019ihohoterwa ryose yakorerwa. Nk\u2019uko bitangazwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-21T15:43:53+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T20:23:39+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa","datePublished":"2016-02-21T15:43:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731"},"wordCount":595,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=731#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731","name":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg","datePublished":"2016-02-21T15:43:53+00:00","dateModified":"2025-02-12T20:23:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=731"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/Ingabire-Immaculee.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=731#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Transparency International yinjiye mu kibazo cy\u2019uvuga ko ahohoterwa azira kuba yaramaganye ko itegeko nshinga rihindurwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/731","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=731"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/731\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=731"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=731"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=731"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}