{"id":7327,"date":"2017-09-13T23:47:34","date_gmt":"2017-09-13T23:47:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/13\/amerika-meya-yeguye-nyuma-yo-gushinjwa-gusambanya-utwana-kera-akiri-ingimbi\/"},"modified":"2025-02-12T15:41:33","modified_gmt":"2025-02-12T13:41:33","slug":"amerika-meya-yeguye-nyuma-yo-gushinjwa-gusambanya-utwana-kera-akiri-ingimbi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327","title":{"rendered":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Hari hashize amezi atanu Meya w\u2019umujyi wa Seattle Ed Murray w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Byose byatangiye nyuma y\u2019aho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cy\u2019uko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo n\u2019uwo yari abereye nyirarume!<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu nkuru Bwiza.com  ikesha ikinyamakuru The Seattle Times ,cyandikirwa mu mujyi wa Seattle ari nawo uyu Meya yategekaga, handiswemo ko Murray, yari yagiye asabwa kenshi kwegura kubera iki kibazo,ariko akajya avunira ibiti mu matwi.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Kabiri rero , inkuru yari yamaze kuba kimomo, ku bijyanye no kuba ngo  yarafashe ku ngufu kishywa ke , mu mwaka wa 1970, mu mujyi wa New York, guhera ubwo agatangira gusabwa kwegura nta nteguza.<\/p>\n<p>Murray watorewe uyu mwanya mu 2013 akaba yanagize icyo atangariza abaturage mu magambo agira ati \u201cNubwo bwose ibigenda bimvugwaho nta kuri kurimo , mu gihe bibayeho ko hagira ikibazo nk\u2019iki kiza  kinyerekeyeho ,nkanjye bwite, mu rwego rwo kubuza ko cyakwadukira n\u2019indi miyoborere rusange n\u2019ubundi bushabitsi muri Seattle\u201d \u2026<\/p>\n<p>\u201cKubw\u2019iyo mpamvu,byabaye ngombwa ko ndekura ubuyobozi.\u201d<\/p>\n<p>Uku kurekura ubuyobozi kukaba kwagombaga gushyirwa mu bikorwa bitarenze ejo hashize saa kumi n\u2019imwe z\u2019umugoroba.<\/p>\n<p>Meya Murray yakomeje atangaza ko atewe ishema n\u2019ibyo yagezeho mu gihe cyose yari mu rubuga rwa politiki ,harimo ko yanagize uruhare mu gushyiraho amategeko arengera abatinganyi n\u2019andi mategeko.<\/p>\n<p>Gusa icyamubabaje ,ngo ni ukuntu abantu batamwifurizaga ineza bamuhagurukiye bakiha kumurega icyo we yita ibinyoma by\u2019ibyaha bihimbano, yaba yarakoze akiri ingimbi,ikintu we asa n\u2019usanisha n\u2019ubugambanyi bw\u2019abafashe umuryango we bugwate, bakawifashisha ngo bamuharabike.<\/p>\n<p>Kuva mu  kwezi kwa Mata uyu mwaka ,kugeza mu kwa Gicurasi Meya Murray atorerwa umwanya wo kuyobora uyu mujyi wa Saettle ,ntiyahwemye guhakana ibyamuvugwagaho,haba mu kwiyamamaza ,ndetse na nyuma y\u2019amatora ubwayo.<\/p>\n<p>Ariko kenshi yagiye agirwa inama yo kwegura,yahitaga abitera utwatsi,abwira imbaga y\u2019abanyamerika ko rwose ari umwere.<\/p>\n<p>Tim Burgess ni umwe mu bagize inama njyanama y\u2019umujyi wa Seattle wagize icyo avuga ku bwegure bw\u2019uyu mu Meya,yavuze ko rwose ukwegura   kwe gufite imizi mu kibazo cy\u2019ibimuvugwaho,ko yakoze ihihiterwa ryakorewe abakiri bato,mu bikorwa bisa neza neza n\u2019impamvu zivugwa muri iyi nkuru ya The Seattle Times.<\/p>\n<p>Nkuko amategeko abigena ,Bwana Bruce Hallel ukuriye inama njyanama muri uyu mujyi niwe ugomba gufata ubuyobozi bw\u2019inzibayuho .<\/p>\n<p>Mu gihe bitarenze iminsi itanu hazaba hagenwe uko Meya Murray azasimburwa binyuze mu matora atagomba kurenza itariki ya 07 Ugushyingo ,uyu mwaka wa 2017.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Muri aya matora ategerejwe k\u2019uzasimbura uyu Meya weguye,biteganijwe ko hazahatana abagabo b\u2019ibikonyozi babiri ,barimo uwahoze ari intumwa nkuru ya Leta ya Amerika Bwana Jenny Durkan ,hamwe na Carey Moon ,uyu akaba ari impuguke mu by\u2019igenemigambi,uzatsinda akazaba yicaye ku ntebe y\u2019ubuyobozi bitarenze itariki ya 28 Ugushyingo uyu mwaka.<\/p>\n<p>Bwana Hallel , Perezida w\u2019inama njyanama ya Seattle yakomeje atangaza ko Meya Murray batahwemye kumusaba kwegura,akareka kwirirwa ngo avuga ko ibyo aregwa bimaze imyaka n\u2019imyaniko ,ko icyaha kisadasaza ,ko kandi hakwiye kurindwa ,ishema n\u2019icyubahiro by\u2019abanya Seattle kuruta ibindi byose .<br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p>Uwitwa Kshama Sawant we , ni umujyanama mu Nama njyanama ya Seattle yagize ati\u201cBiteye agahinda n\u2019isoni kubona inama njyanama yacu yarananiwe kare kose gukemura ikibazo nk\u2019iki cyo kweguza umuyobozi nkuyu udakwiriye \u201d .<\/p>\n<p>Ibi akaba yarabivuze kuri uyu wa gatanu ,ubwo we [Kshama], na mugenzi we Madame Lorena Gonzalez bahagurukaga Nama njyanama ,bagasaba ko Meya agomba kwegura bubi na bwiza.<\/p>\n<p>Muri iyi nkuru kandi ya The Seattle Times ,abatanze ibirego ku kuba barahohotewe na Bwana Murray,bafatanije n\u2019ababahagarariye mu mategeko ,batangaje ko banejejwe n\u2019uko baharaniye kuva kera ko Murray ataba umuyobozi,none bakaba babigezeho.<\/p>\n<p>Ikibazo cy\u2019abana bafatwa ku ngufu bagasambanywa [ Pedophilia ] muri Amerika ,usanga kimaze gufata indi ntera,ariko ibiri amambu,amategeko nayo muri iki gihugu usanga ataboroheye, aho usanga ubifatiwemo,akabishinjwa ,bimusigamo imvune.<\/p>\n<p>Hazanakorwe ubushakashatsi ,harebwe niba iyi mico mibi yo guhohotera aba bakiri bato,itazotototera n\u2019ibihugu byacu ,muri Afrika n\u2019u Rwanda rurimo,kabone n\u2019ubwo amategeko abihana ahari,ariko n\u2019iyo muri Amerika,babirengaho bakabikora,kandi ntibikorwa kuko amategeko abuze,ahubwo bisaba guhozaho ijisho kuri aba bantu bahemukira abana.<\/p>\n<p>Kuko kenshi hari abantu usanga basa n\u2019abahora biteguye kwica amategeko no guhangana nayo,kandi bayazi,by\u2019ukuri baba ashobora kuba baniganjemo abantu bakomeye ,kuri uru rwego rwa Meya.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Nk\u2019ubu iyo witegereje utwana tw\u2019udukobwa dusigaye dukoreshwa mu tubari two muri uyu mujyi wa Kigali ,uhita wibaza niba koko  nta wanyura mu rihumye ubuyobozi ,abadukoresha bakadushora mu ngeso mbi ,nko kubacuruza,ababahaye akazi babaye bataritondeye gusuzuma neza ingano y\u2019imyaka yabo, kenshi hagendewe ku gikuriro cy\u2019umubiri,n\u2019ikimero cya benshi muri bo,kenshi wanasanga ntaho kiba gihuriye n\u2019imyaka yabo.<\/p>\n<p>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p>Yandiswe na Marshall Eugene David \/ Bwiza.com<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hari hashize amezi atanu Meya w\u2019umujyi wa Seattle Ed Murray w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba. Byose byatangiye nyuma y\u2019aho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cy\u2019uko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo n\u2019uwo yari abereye nyirarume! [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nkuru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7327","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hari hashize amezi atanu Meya w\u2019umujyi wa Seattle Ed Murray w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba. Byose byatangiye nyuma y\u2019aho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cy\u2019uko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo n\u2019uwo yari abereye nyirarume! [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nkuru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-13T23:47:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:41:33+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi\",\"datePublished\":\"2017-09-13T23:47:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:33+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327\"},\"wordCount\":816,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327\",\"name\":\"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-13T23:47:34+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:33+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7327#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA","og_description":"Hari hashize amezi atanu Meya w\u2019umujyi wa Seattle Ed Murray w\u2019imyaka 62 y\u2019amavuko yasabwe kwegura ariko akanga akaba ibamba. Byose byatangiye nyuma y\u2019aho bamwe mu bagize umuryango we bwite bahaguruka,bakamutangira ikirego cy\u2019uko ,hari igihe mu bihe bitandukanye ,ahagana muri 1970,yagiye agaragarwaho amakosa yo gusambanya utwana ku ngufu,harimo n\u2019uwo yari abereye nyirarume! [xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;] Mu nkuru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-13T23:47:34+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:41:33+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi","datePublished":"2017-09-13T23:47:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:33+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327"},"wordCount":816,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7327#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327","name":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-13T23:47:34+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:33+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7327"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7327#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Amerika: Meya yeguye nyuma yo gushinjwa gusambanya utwana kera akiri ingimbi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7327","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7327"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7327\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7327"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7327"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7327"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}