{"id":7329,"date":"2017-09-14T09:14:14","date_gmt":"2017-09-14T09:14:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/14\/ishyaka-fdu-n-039-urwego-rw-039-amagereza-ntibemeranywa-ku-buzima-ingabire\/"},"modified":"2017-09-14T09:14:14","modified_gmt":"2017-09-14T09:14:14","slug":"ishyaka-fdu-n-039-urwego-rw-039-amagereza-ntibemeranywa-ku-buzima-ingabire","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329","title":{"rendered":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ishyaka rya FDU Inkingi ritemewe na leta mu Rwanda ryasohoye itangazo rivuga ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire Umuhoza amaze iminsi irindwi atarya, Ubuyobozi bwa za gereza bwemeza ko ahabwa ifunguro nk&#8217;iry&#8217;abafite uburwayi nk&#8217;ubwe.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Umuvugizi wa FDU ku mugabane w&#8217;u Burayi, Justin Bahunga avuga ko Ingabire ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu agamije ku kivutsa umudendezo ndetse no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, atemerewe kugemurirwa nyuma y&#8217;uko abamugemuriraga batawe muri yombi na polisi nkuko bigaragara ku nkuru ya BBC. Abo ni Leonille Gasengayire na Boniface Twagirimana. <\/p>\n<p>Ubusanzwe ngo agomba kugemurirwa ibyo arya kubera uburwayi bw&#8217;igifu butuma adashobora kurya ibyo abandi banyururu barya, kandi ngo umuryango we wagombye kumwitaho uba mu mahanga.<\/p>\n<p>Hashize iminsi polisi y&#8217;u Rwanda ifashe abayoboke barindwi ba FDU Inkingi ibarega gukorana n&#8217;umutwe witwaje intwaro ukorera mu gihugu cy&#8217;amahanga.<\/p>\n<p>Muri abo barindwi bafashwe ngo harimo uwahoraga agemurira Ingabire, akaba ariyo mpamvu kugeza ubu atari yagemurirwa.<\/p>\n<p>Bwana Bahunga yavuze ko muri iyo minsi irindwi ishize batazi igitunze Ingabire , bakaba bafite ubwoba bw&#8217;uko yaba agiye kwicwa n&#8217;inzara.<\/p>\n<p> <strong>Abashinzwe gereza ngo nta kibazo gihari<\/strong> <\/p>\n<p>Ubuyobozi bwa gereza bwo buvuga ko Ingabire ata kibazo afite ngo kuko arimo agaburirwa na gereza mu gihe uwumugemurira wundi ataraboneka.<\/p>\n<p>Umuvugizi w&#8217;Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe amagereza mu Rwanda(RCS), CIP Hilary Sengabo, yabwiye BBC ko Ingabire amaze gutanga amazina y&#8217;undi muntu azajya amugemurira ngo ariko ntaraza kwakira ibyangombwa.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko  Ingabire nta kibazo cy&#8217;inzara afite ngo kuko ubu yitaweho na gereza mu gihe atari we wenyine ufunzwe ufite igaburo yihariye.<\/p>\n<p>Victoire Ingabire, umukuru w&#8217;ishyaka FDU Inkingi ritaremererwa gukorera mu Rwanda, yakatiwe gufungwa imyaka 15 muri 2013 ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu agamije ku kivutsa umudendezo ndetse no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Iki gifungo yagikatiwe n\u2019urukiko rw\u2019ikirenga tariki ya 13 Ukuboza, nyuma yo gukatirwa imyaka 8 y\u2019igifungo yaje kujuririra we n\u2019ubushinjacyaha.<\/p>\n<p>Igihano yakatiwe azagisoza mu mu mwaka wa 2025 kuko yakatiwe imyaka 15 muri 2010.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p>Ntakirutimana Deus@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyaka rya FDU Inkingi ritemewe na leta mu Rwanda ryasohoye itangazo rivuga ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire Umuhoza amaze iminsi irindwi atarya, Ubuyobozi bwa za gereza bwemeza ko ahabwa ifunguro nk&#8217;iry&#8217;abafite uburwayi nk&#8217;ubwe. Umuvugizi wa FDU ku mugabane w&#8217;u Burayi, Justin Bahunga avuga ko Ingabire ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7329","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyaka rya FDU Inkingi ritemewe na leta mu Rwanda ryasohoye itangazo rivuga ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire Umuhoza amaze iminsi irindwi atarya, Ubuyobozi bwa za gereza bwemeza ko ahabwa ifunguro nk&#8217;iry&#8217;abafite uburwayi nk&#8217;ubwe. Umuvugizi wa FDU ku mugabane w&#8217;u Burayi, Justin Bahunga avuga ko Ingabire ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-14T09:14:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza\",\"datePublished\":\"2017-09-14T09:14:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329\"},\"wordCount\":354,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329\",\"name\":\"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-14T09:14:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7329#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA","og_description":"Ishyaka rya FDU Inkingi ritemewe na leta mu Rwanda ryasohoye itangazo rivuga ko umuyobozi waryo Victoire Ingabire Umuhoza amaze iminsi irindwi atarya, Ubuyobozi bwa za gereza bwemeza ko ahabwa ifunguro nk&#8217;iry&#8217;abafite uburwayi nk&#8217;ubwe. Umuvugizi wa FDU ku mugabane w&#8217;u Burayi, Justin Bahunga avuga ko Ingabire ufungiye muri Gereza ya Nyarugenge ahamijwe ibyaha byo kugambanira igihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-14T09:14:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza","datePublished":"2017-09-14T09:14:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329"},"wordCount":354,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7329#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329","name":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-14T09:14:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7329"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7329#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ishyaka FDU n&#039;urwego rw&#039;amagereza ntibemeranywa ku buzima Ingabire Victoire abayeho muri gereza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7329","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7329"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7329\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7329"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7329"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7329"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}