{"id":7330,"date":"2017-09-14T09:21:42","date_gmt":"2017-09-14T09:21:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/14\/hagiye-kwemezwa-niba-inyandiko-z-ibyaranze-ubutegetsi-bwa-mitterand-mu-rwanda\/"},"modified":"2017-09-14T09:21:42","modified_gmt":"2017-09-14T09:21:42","slug":"hagiye-kwemezwa-niba-inyandiko-z-ibyaranze-ubutegetsi-bwa-mitterand-mu-rwanda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330","title":{"rendered":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa"},"content":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Nzeri, ku isaha ya saa yine za mu gitondo, nibwo hamenyekana niba inyandiko zose z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku Rwanda zizashyirwa ahagaragara cyangwa zigakomeza kugirwa ibanga. Aha nibwo Inama y\u2019Igihugu ishinzwe itegeko nshinga mu Bufaransa izatangariza niba uwasigiwe kubika izi nyandiko witwa Dominique Bertinotti, afite uburenganzira bwo kwanga cyangwa kwemera ko izi nyandiko zishyirwa ahagaragara.<\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019uko hari umushakashatsi mu bugenge, ukorana n\u2019ishyirahamwe Survie ndetse wananditse igitabo &#8216;Sabre et de la machete&#8217; witwa Fran\u00e0\u00a7ois Graner wakomeje kotsa igitutu ubuyobozi bw\u2019igihugu cye abusaba gushyira izi nyandiko ahagaragara uruhare rw\u2019igihugu cye muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda rukajya ahagaragara byaba ngombwa kigasaba imbabazi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mushakashatsi rero mu kiganiro yagiranye n\u2019umunyamakuru wa RFI dukesha iyi nkuru, akaba yavuze ko gukomeza guhisha izi nyandiko ari bimwe mu bituma igihugu cye gikomeza gukekwaho uruhare rukomeye mu byabaye mu Rwanda kuva mu 1990 kugeza mu 1994.<\/p>\n<p>Ikibazo cya mbere yabajijwe, ni ugusobanura aho gushyira izi nyandiko ku mugaragaro bigeze nyuma y\u2019uko mu 2015 perezida Fran\u00e0\u00a7ois Hollande yari yijeje ko izo nyandiko z\u2019u Bufaransa zijyanye na jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda zigomba gushyirwa ahagaragara.<\/p>\n<p>Mu gusubiza iki kibazo, Graner avuga ko perezida Hollande koko yabisabye mbere y\u2019impera za 2015 ariko umwaka wa 2016 ukaba wararangiye ntagikozwe, ndetse ngo izi nyandiko zikaba zishobora no gukomeza kugirwa ibanga kuko ngo mu Bufaransa ari nk\u2019umuryango ufite amaserire abiri atandukanye n\u2019imfunguzo zibitswe n\u2019abantu babiri batandukanye.<\/p>\n<p>Kimwe, ngo n\u2019uko ibyo perezida Hollande yavugaga ari amabanga y\u2019umutekano w\u2019\u2019igihugu. Ikijyanye n\u2019igisirikare cyose kikaba gifitanye isano n&#8217;umutekano w\u2019igihugu. Mu gihe rero perezida Hollande yakuyeho imbogamizi zijyanye n\u2019umutekano w\u2019igihugu, ngo inyandiko zijyanye n\u2019ibikorwa by\u2019umukuru w\u2019igihugu nazo zifite imfunguzo zazo zihariye kandi inyandiko zigaragaza ibikorwa bya Mitterand ntibyemewe gufungurwa mbere y\u2019imyaka 50 keretse bisabwe. Ubwo uwasabwa ni inde? Nta wundi ni madamu Dominique Bertinotti wahawe uburenganzira bwo kurinda izo nyandiko. Ibi ngo bikaba bisobanuye ko nubwo iserire ya mbere yafunguwe, iya kabiri idafunguwe ntacyo byatanga.<\/p>\n<p>Ku kijyanye n\u2019iyi serire ya mbere perezida Hollande yafunguye, Graner yabajijwe niba yarabashije kubona ku nyandiko z\u2019inzego z\u2019ubutasi z\u2019u Bufaransa zizwi nka DGSE, asubiza ko igice kimwe cy\u2019inyandiko yabashije kukibona nk\u2019uruhare rwa operation Turquoise mu byabaye mu Bisesero hagati y\u2019itariki 27 na 30 Kamena 1994, aho Abatutsi bari barokotse bishwe ingabo z\u2019u Bufaransa zikanga gutabara.<\/p>\n<p>Ngo icyagaragaye ni uko igisirikare cy\u2019u Bufaransa cyari cyizi ibyari kuba, kandi ngo mu nyandiko yabashije kubona za DGSE nuko inzego zo hejuru mu Bufaransa zahabwaga amakuru umunsi ku munsi. Abavugwa bagiye bahabwa aya makuru akaba ari Amiral Lanxande wari umugaba w\u2019ingabo na Gen. Quesnot, wari umujyanama mu bya gisirikare wa perezida Mitterand.<br \/>\n<figure id=\"attachment_77239\" aria-describedby=\"caption-attachment-77239\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-77239 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"1024\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-77239\" class=\"wp-caption-text\">Fran\u00e0\u00a7ois Graner<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Graner yabajijwe niba uyu mugore wasigiwe kurinda izi nyandiko yaba yimana inyandiko za Mitterand ku birebana n\u2019u Rwanda ariko izindi akaba azitanga, asubiza ko ari ko bimeze, abazwa niba byakumvikanisha ko hari ibintu biri guhishwa, asubiza agira ati: \u201c <em>Simbizi, ariko birumvikana ibyo bituma habaho gukemanga kandi nta kindi byazana bitari umwiryane twifuza kurangirisha akazi k\u2019amateka, akazi k\u2019amateka kimbitse<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yabajijwe kandi umubare w\u2019amapaje agize inyandiko z\u2019ibikorwa bya perezida Mitterand ku Rwanda, asubiza ko ari paji zikabakaba 10,000 zigizwe n\u2019igice cya Mitterand n\u2019iz\u2019abahoze ari abajyanama be ku bikorwa by\u2019ingabo z\u2019u Bufaransa mbere no mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nK<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Nzeri, ku isaha ya saa yine za mu gitondo, nibwo hamenyekana niba inyandiko zose z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku Rwanda zizashyirwa ahagaragara cyangwa zigakomeza kugirwa ibanga. Aha nibwo Inama y\u2019Igihugu ishinzwe itegeko nshinga mu Bufaransa izatangariza niba uwasigiwe kubika izi nyandiko witwa Dominique Bertinotti, afite uburenganzira bwo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7330","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Nzeri, ku isaha ya saa yine za mu gitondo, nibwo hamenyekana niba inyandiko zose z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku Rwanda zizashyirwa ahagaragara cyangwa zigakomeza kugirwa ibanga. Aha nibwo Inama y\u2019Igihugu ishinzwe itegeko nshinga mu Bufaransa izatangariza niba uwasigiwe kubika izi nyandiko witwa Dominique Bertinotti, afite uburenganzira bwo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-14T09:21:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa\",\"datePublished\":\"2017-09-14T09:21:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330\"},\"wordCount\":602,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/20140622-213840-77920766.jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330\",\"name\":\"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/20140622-213840-77920766.jpg\",\"datePublished\":\"2017-09-14T09:21:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/20140622-213840-77920766.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/20140622-213840-77920766.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7330#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Gatanu, itariki 15 Nzeri, ku isaha ya saa yine za mu gitondo, nibwo hamenyekana niba inyandiko zose z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa perezida Francois Mitterand ku Rwanda zizashyirwa ahagaragara cyangwa zigakomeza kugirwa ibanga. Aha nibwo Inama y\u2019Igihugu ishinzwe itegeko nshinga mu Bufaransa izatangariza niba uwasigiwe kubika izi nyandiko witwa Dominique Bertinotti, afite uburenganzira bwo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-14T09:21:42+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa","datePublished":"2017-09-14T09:21:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330"},"wordCount":602,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330","name":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg","datePublished":"2017-09-14T09:21:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7330"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/20140622-213840-77920766.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7330#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hagiye kwemezwa niba inyandiko z\u2019ibyaranze ubutegetsi bwa Mitterand mu Rwanda zizahishurwa cyangwa zitazahishurwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7330","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7330"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7330\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7330"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7330"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7330"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}