{"id":7349,"date":"2017-09-15T09:30:04","date_gmt":"2017-09-15T09:30:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/15\/umwana-ntiyonka-cyangwa-ngo-avukane-ingengabitekerezo-ya-jenoside-ndayisaba\/"},"modified":"2025-02-12T15:41:17","modified_gmt":"2025-02-12T13:41:17","slug":"umwana-ntiyonka-cyangwa-ngo-avukane-ingengabitekerezo-ya-jenoside-ndayisaba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349","title":{"rendered":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umuryango ni izingiro ry\u2019amahoro arambye mu bawugize, ni muri urwo rwego ugomba kuba igicumbi cy\u2019amahoro, abawugize bakayimakaza, ariko cyane urubyiruko rukitabwaho rurindwa ingengabitekerezo mbi zirimo n\u2019iya Jenoside ikunze kugaragara kuri rumwe.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ibi byagarutsweho n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge, Ndayisaba Fidele mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, hategurwa umunsi mpuzamahanga w\u2019amahoro uzizihizwa tariki ya 21 Nzeri 2017.<\/p>\n<p>Uwo munsi ufite insanganyamatsiko igira iti &#8221; Twese hamwe duharanire amahoro, twimakaza indangagaciro z\u2019ubwubahane n\u2019agaciro ka muntu mu muryango.\u201d Ni umwanya wo kongera kuganira no kuzirikana ku guharanira amahoro mu mu muryango, kuko ibibazo byo kubura amahoro muri imwe mu miryango biba intandaro yo kubura amahoro ku bagize umuryango bikaba n\u2019intandaro yo kugira abimukira bahunga imiryango yabo, ku rwego rw\u2019isi bahunga ibihugu byabo.<\/p>\n<p>Ndayisaba asanga abagize umuryango  bakwiye kurinda abato n\u2019ababyiruka ingengabitekerezo mbi, nk\u2019ishingiro ry\u2019umuryango w\u2019ejo heza u Rwanda rwifuza.<\/p>\n<p>Ati \u201cAbagize umuryango bagomba kurinda ababyiruka amacakubiri n\u2019ingengabitekerezo mbi nk\u2019iya jenoside, n\u2019ayandi macakubiri. Bikarenga kururinda izo ngengabitekerezo mbi ariko bikanajyana no kurutoza[urubyiruko], kuko abakuze mu miryango bafite inshingano zo gutoza urubyiruko, kubarinda mu biganiro mu bivugwa mu miryango. Abakuze birinda kumvisha abana ko ari aba abandi ari bariya, bya bindi bizana amacakubiri, aribyo bigaragara hanze aho.\u201d<\/p>\n<p>Impamvu y\u2019uru rugamba ngo ni uko usanga hari ababyiruka bagaragaraho ingengabitekerezo ya jenoside, kandi ari kimwe mu byasenya ubumwe n\u2019ubwiyunge by\u2019Abanyarwanda bidahagurukiwe. Iyi ngengabitekerezo kandi ngo usanga abana bayikura mu miryango.<\/p>\n<p>\u201cAbana wumva bavuga ibibazo by\u2019ingengabitekerezo ya jenoside bamwe bakanabigararamo, ndetse bikababera ibyaha kandi wakurikirana ugasanga hari aho baba babivanye, ni bimwe mwumva by\u2019ingengabitekerezo yo ku ishyiga.\u201d<\/p>\n<p> Ndayisaba agaya ababyeyi bacyifitemo iyo mitekerereze; akabasaba kurera abato birinda kubaroga.<\/p>\n<p>Ati \u201cIbyo umwana ntaba yarayivukanye, ingengabitekerezo y\u2019amacakubiri cyangwa iya Jenoside, si ikintu wavuga ngo aracyonka mu mashereka, ni ibintu biba mu biganiro, biza mu bitekerezo ibyo aba yumva mu biganiro byo mu muryango baba bamubwira.  Uretse no kumurinda kubimubwira harimo no kumutoza kubyirinda kugirango nahura nabyo hanze, mu bandi abe yararezwe neza abakuru bakajya mu nshingano zabo zo kureba abayiruka bakabatoza kubyirinda.\u201d<\/p>\n<p>Abanyarwanda bagomba gushyira mu miryango bagaharanira ko ihinduka igicumbi cy\u2019amahoro n\u2019ubumwe. Ibyo ngo byarinda ko abantu bata imiryango yabo bakajya mu buzererezi bakajya gushakira amahoro ahandi.<\/p>\n<p>Mu Rwanda ariko ngo hari intambwe imaze guterwa nyuma yuko igipimo cy\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge kizamutse kikagera kuri 95%, ndetse n\u2019ibindi.  Urugero ni aho u Rwanda ruri mu bihugu bya mbere 10 bitekanye ku Isi.<\/p>\n<p>Ibyo byose ngo biragaragaza intambwe yatewe mu guharanira ya mahoro n\u2019iterambere ry\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Ndayisaba asanga ayo mahoro n\u2019iterambere bitazasubira inyuma  kuko u Rwanda rwasubije amaso inyuma rukareba ahabi rwahoze.<\/p>\n<p> Ati \u201c Tugira umugisha yuko u Rwanda rwacu rwamenye agaciro k\u2019amahoro nyuma y\u2019igihe kirekire , imiyoborere mibi igihugu cyacu cyaciyemo, Abanyarwanda twamenye ikiguzi cy\u2019ubumwe n\u2019amahoro kandi twiyemeza kubiharanira. Twamenye ko kujya mu macakubiri n\u2019amakimbirane biduhombya, hagiyeho gushyiraho amategeko ahana amacakubiri yagendeweho igihe kinini akimakazwa.\u201d<\/p>\n<p>U Rwanda rwashyizeho ibihano abona bikangara abatana bagana muri iyo nzira y\u2019igihogere, kuko uwo ugaragayeho ayo macakubiri ahanishwa igihano kirenga imyaka 5 n\u2019ihazabura igera ku mafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni.<\/p>\n<p>Hashyizweho uburyo bufasha kwirinda amakimbirane yatuma babura amahoro, abo ni abagize inteko y\u2019abunzi begerejwe abaturage.<\/p>\n<p>Kuba hakigaragara ibibazo, amakimbirane n\u2019amacakubiri mu miryango bigira ingaruka ku babyiruka, Ndayisaba avuga  uyu munsi uzaba umwanya wo kongera kwibutsa Abanyarwanda n\u2019ababyiruka kuzirikana ku kamaro k\u2019amahoro cyane mu miryango.<\/p>\n<p>Uwo munsi uzarangwa n\u2019ibikorwa bitandukanye, birimo ibiganiro bizabera ngoro y\u2019inteko ishinga amategeko mu Rwanda. Bizahuza abadepite, abasenateri n\u2019abayobozi batandukanye barimo n\u2019uhagarariye  loni mu Rwanda, bazahura n\u2019urubyiruko bakaganira ku mahoro.<\/p>\n<p>Ati \u201cTurashaka amahoro arambye, kuri uwo munsi ni igihe cyo guha umwanya urubyiruko kururera neza no gutangira kurwinzira mu nshingano zo kumva akamaro k\u2019amahoro, gutanga ibitekerezo kugirango twirage u Rwanda ruzagira amahoro arambye.\u201d<\/p>\n<p>Iyi komisiyo yemeza ko amahoro akwiriye guhera mu muryango, ukaba igicumbi cy\u2019ubumwe n\u2019amahoro. Aho niho ibona hakwiye gushyirwa  ibirindiro, bijya mu guhindura umuryango igicumbi cy\u2019ubumwe, mu rugendo u Rwanda rurimo rwo kubaka ubumwe n\u2019ubwiyunge.<\/p>\n<p>Ibyaha by&#8217;ingengabitekerezo ya jenoside byagiye bigaragara ku rubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igahitana abasaga miliyoni mu gihe cy&#8217;iminsi 100. Ubu hari n&#8217;abakuze bari gukurikiranwa kuri ibyo byaha.<\/p>\n<p>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong>Ntakirutimana Deus@Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuryango ni izingiro ry\u2019amahoro arambye mu bawugize, ni muri urwo rwego ugomba kuba igicumbi cy\u2019amahoro, abawugize bakayimakaza, ariko cyane urubyiruko rukitabwaho rurindwa ingengabitekerezo mbi zirimo n\u2019iya Jenoside ikunze kugaragara kuri rumwe. Ibi byagarutsweho n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge, Ndayisaba Fidele mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, hategurwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7349","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuryango ni izingiro ry\u2019amahoro arambye mu bawugize, ni muri urwo rwego ugomba kuba igicumbi cy\u2019amahoro, abawugize bakayimakaza, ariko cyane urubyiruko rukitabwaho rurindwa ingengabitekerezo mbi zirimo n\u2019iya Jenoside ikunze kugaragara kuri rumwe. Ibi byagarutsweho n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge, Ndayisaba Fidele mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, hategurwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-15T09:30:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:41:17+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba\",\"datePublished\":\"2017-09-15T09:30:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:17+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349\"},\"wordCount\":734,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349\",\"name\":\"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-15T09:30:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:17+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7349#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA","og_description":"Umuryango ni izingiro ry\u2019amahoro arambye mu bawugize, ni muri urwo rwego ugomba kuba igicumbi cy\u2019amahoro, abawugize bakayimakaza, ariko cyane urubyiruko rukitabwaho rurindwa ingengabitekerezo mbi zirimo n\u2019iya Jenoside ikunze kugaragara kuri rumwe. Ibi byagarutsweho n\u2019Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge, Ndayisaba Fidele mu kiganiro yagiranye n\u2019abanyamakuru ku wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2017, hategurwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-15T09:30:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:41:17+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba","datePublished":"2017-09-15T09:30:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:17+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349"},"wordCount":734,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7349#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349","name":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-15T09:30:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:17+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7349"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7349#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umwana ntiyonka cyangwa ngo avukane ingengabitekerezo ya jenoside-Ndayisaba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7349","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7349"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7349\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7349"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7349"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7349"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}