{"id":7356,"date":"2017-09-15T12:03:44","date_gmt":"2017-09-15T12:03:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/15\/u-bufaransa-bwiyemeje-gukomeza-kugira-ibanga-inyandiko-z-039-ibyakozwe-na\/"},"modified":"2025-02-12T15:41:09","modified_gmt":"2025-02-12T13:41:09","slug":"u-bufaransa-bwiyemeje-gukomeza-kugira-ibanga-inyandiko-z-039-ibyakozwe-na","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356","title":{"rendered":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p>Inama y\u2019igihugu ishinzwe kurengera itegeko nshinga n\u2019andi mategeko mu bufaransa yateye utwatsi ubusabe bw\u2019umushakashatsi Fran\u00e0\u00a7ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko z\u2019ibyaranze ibikorwa bya perezida Fran\u00e0\u00a7ois Mitterand zishyirwa ahagaragara hakamenyekana uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 15 nzeri nibwo byari biteganyijwe ko iyi nama ishinzwe amategeko itanga umwanzuro ku busabe bwa Graner. Abagize iyi nama bakaba batesheje agaciro ubusabe bwe bwo kugera ku nyandiko za Fran\u00e0\u00a7ois Mitterand wayoboraga u Bufaransa mu gihe cya jenoside.<br \/>\nhttp:\/\/www.bwiza.com\/hagiye-kwemezwa-niba-inyandiko-zibyaranze-ubutegetsi-bwa-mitterand-mu-rwanda-zizahishurwa-cyangwa-zitazahishurwa\/<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mushakashatsi w\u2019Umufaransa  mu bijyanye n\u2019ubugenge ukomeje gukora iperereza ku ruhare rw\u2019u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yari yakomeje kwangirwa kugera kuri izi nyandiko z\u2019ibanga na madamu Dominique Bertinotti washinzwe kurinda izi nyandiko na perezida Mitterand ubwe.<\/p>\n<p>Mbere y\u2019amavugurura yo mu 2009, abayoboye u bufaransa bakaba bari bafite umuco wo kugena umuntu ushinzwe kugenzura uko inyandiko z\u2019ibikorwa byabo igihe bari bari ku buyobozi zigerwaho.<\/p>\n<p>Fran\u00e0\u00a7ois Graner rero nk\u2019uko tubikesha Jeune Afrique, ngo akaba yifuzaga gutesha agaciro iryo genwa avuga ko rinyuranyije n\u2019itegeko nshinga, ku kijyanye no guha umuntu wigenga uburenganzira bwo gucunga inyandiko zifitiye inyungu igihugu kandi ngo bikaba binyuranyije n\u2019uburenganzira bwo gutangaza icyo ushaka.<\/p>\n<p> <strong>Intumbero y\u2019inyungu rusange<\/strong> <\/p>\n<p>Izi nyungu z\u2019igihugu ntabwo ari zo zitaweho n\u2019iyi nama ishinzwe kurinda itegeko nshinga iyobowe na Laurent Fabius, wigeze kuba minisitiri w\u2019intebe ku butegetsi bwa Mitterand, aho mu kwemera uburenganzira bwo kugera ku nyandiko za leta, abagize iyi nama bibukije ko umudepite ari we ufite ububasha bwo gusaba ko izo mbogamizi zo kugera kuri izo nyandiko zivaho ku mpamvu z\u2019inyungu rusange.<\/p>\n<p>Hasobanurwa zimwe mu mpamvu zatuma izo nyandiko za leta zirebana na ba perezida, Minisitiri w\u2019Intebe n\u2019abandi bagize guverinoma, ngo ubusabe bwatanzwe ntaho buhuriye n\u2019uburenganzira bwo gutangaza icyo ushaka.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Inama y\u2019igihugu ishinzwe kurengera itegeko nshinga n\u2019andi mategeko mu bufaransa yateye utwatsi ubusabe bw\u2019umushakashatsi Fran\u00e0\u00a7ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko z\u2019ibyaranze ibikorwa bya perezida Fran\u00e0\u00a7ois Mitterand zishyirwa ahagaragara hakamenyekana uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu wa 15 nzeri nibwo byari biteganyijwe ko iyi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7356","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Inama y\u2019igihugu ishinzwe kurengera itegeko nshinga n\u2019andi mategeko mu bufaransa yateye utwatsi ubusabe bw\u2019umushakashatsi Fran\u00e0\u00a7ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko z\u2019ibyaranze ibikorwa bya perezida Fran\u00e0\u00a7ois Mitterand zishyirwa ahagaragara hakamenyekana uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu wa 15 nzeri nibwo byari biteganyijwe ko iyi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-15T12:03:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:41:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2017-09-15T12:03:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356\"},\"wordCount\":342,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356\",\"name\":\"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-15T12:03:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7356#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Inama y\u2019igihugu ishinzwe kurengera itegeko nshinga n\u2019andi mategeko mu bufaransa yateye utwatsi ubusabe bw\u2019umushakashatsi Fran\u00e0\u00a7ois Graner wifuzaga kumenya uburenganzira Dominique Bertinotti afite bwo kwanga ko inyandiko z\u2019ibyaranze ibikorwa bya perezida Fran\u00e0\u00a7ois Mitterand zishyirwa ahagaragara hakamenyekana uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Kuri uyu wa 15 nzeri nibwo byari biteganyijwe ko iyi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-15T12:03:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:41:09+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda","datePublished":"2017-09-15T12:03:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356"},"wordCount":342,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7356#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356","name":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-15T12:03:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7356"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7356#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Bufaransa bwiyemeje gukomeza kugira ibanga inyandiko z&#039;ibyakozwe na Mitterand mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7356","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7356"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7356\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7356"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7356"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7356"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}