{"id":7367,"date":"2017-09-15T15:18:12","date_gmt":"2017-09-15T15:18:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/15\/kamonyi-abaturage-b-akagari-ka-nkingo-biyubakiye-ibiro-kazajya-gakoreramo\/"},"modified":"2025-02-12T15:41:06","modified_gmt":"2025-02-12T13:41:06","slug":"kamonyi-abaturage-b-akagari-ka-nkingo-biyubakiye-ibiro-kazajya-gakoreramo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367","title":{"rendered":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abaturage bo mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Intara y\u2019Amajyepfo, barishimira ibyo bamaze kugeraho, harimo no kuba bariyubakiye ibiro kazajya gakoreramo ubu imirimo ikaba igeze ku musozo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Inyubako y\u2019akagari ka Nkingo, ihererye mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, yatangiye kubakwa kuva mu mwaka wa 2015, nk\u2019uko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019aka kagari, Karake Francois Xavier hamwe n\u2019abari bagize biro ya njyanam yariho icyo gihe, bateranye bagafata icyemezo cyo kukavugurura.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko bamwe mu baturage babyemezaga, ngo bari barambiwe guhora mu bukode ahantu batabonaga aho bashobora gutegerereza serivisi babaga baje gusaba dore ko ngo aho kakoreraga ari hatoya ariko ubu iyo nyubako ikaba ifite n\u2019aho bazajya bategerereza umuyobozi.<\/p>\n<p>Ngerageze Adelin agira ati: \u201c Twari turambiwe guhora mu bukode ahantu tutabonaga aho dushobora gutegerereza Umuyobozi kubera ko aho kakoreraga ari hatoya ariko ubu iyi nyubako ifite n\u2019aho tuzajya dutegerereza Umuyobozi\u201d.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yakomeje kandi avuga ko n\u2019ubwo bagiye basabwa inkunga yo kubaka ndetse bagashyiraho n\u2019imiganda itandukanye, ubu noneho bagiye gutuza.<\/p>\n<p>Ati: \u201ctwagiye dusabwa inkunga yo kubaka ndetse tugashyiraho n\u2019imiganda itandukanye, ubu noneho tugiye gutuza n\u2019ubwo bamwe mu baturage batabyishimiraga. Ariko bagiye kubona ko byari ngombwa igihe bazajya babona bari ahantu hagari kandi hasukuye\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019aka kagari, Karake Francois Xavier we avuga ko ubu igihe kigeze ngo na we aruhuke kuko yabonaga akora imirimo irenze iri mu nshingano ze, harimo no kureba aho iyo nyubako igeze.<\/p>\n<p>Agira ati: \u201c Ubu ndumva igihe kigeze ngo nkore akazi kanjye ntuje kuko iyi nyubako nanjye yari impangayikishije. Uzi kuba uri mu bukode kandi urimo no kubaka aho uwo mukodesha akubaza igihe uzamwishyurira n\u2019abaturage bakubaza igihe muzatahira mu nyubako yanyu.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje kandi ashimira abitanze bagatanga inkunga yabo harimo akarere, Abagize inama Njyanama y\u2019akagari yariho gatangira kubakwa, iriho ubu ndetse n\u2019abandi bafatanyabikorwa batandukanye dore ko harimo n\u2019abatanganga inkunga irenze iyateganyijwe.<\/p>\n<p>Ati: \u201c  Njye ndashimira by\u2019umwihariko abaturage nyobora ndetse n\u2019abandi bagize itsinda ry\u2019abavuka mu kagari ka Nkingo. By\u2019umwihariko kandi sinareka gushimira akarere ku nkunga kaduteye y\u2019 amabati n\u2019ibiti, abagize inama Njyanama twatangiranye ndetse n\u2019iriho ubu, nkanashimira kandi  abafatanyabikorwa bagiye bagira uruhare muri iki gikorwa\u201d<\/p>\n<p>Mu gihe uyu munyamabanga nshingwabikorwa avuga ko bitari ngombwa gutegereza kuzuza inyubako 100% ngo bazabone kuyitaha kandi bishyuzwaga mu bukode, avuga ko hari ibitaruzura neza, bakaba bagitegereje inkunga akarere kabemereye.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cIyo nkunga irakenewe, cyane cyane ko komite inshinzwe imiyoborere myiza, Njyanama  ndetse n\u2019uwari Meya w\u2019akarere ka Kamonyi, Udahemuka Aimable ubwo badusuraga batwemereye iyo nkunga ariko ikaba itaratangwa. Bityo rero iramutse ibonetse twayikoresha muri aya masuku asigaye ariko atatubuza kwimuka.<\/p>\n<p>Naho kuba karatinze kuzura ni ikibazo cy\u2019amikoro make kuko inkunga twateganyaga twaje kubona ko idahagije biba ngombwa ko Njyanama yongera guterana ndetse isaba abaturage ko batanga indi nkunga.\u201d<\/p>\n<p>Iyi nyubako y\u2019aka kagari ka Nkingo yubatswe ahasenywe inyubako y\u2019icyahoze ari segiteri Kamonyi yari yarubatswe mu 1986, ikaba yari yaratangiye kwangirika.<\/p>\n<p>Ku wa 20 Nzeri 2017, nibwo aka kagari kazatahwa ku mugaragaro, kakazuzura neza gatwaye asaga miliyoni 13 n&#8217;ibihumbi 500.<\/p>\n<p> <em> <strong> <a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em> <\/p>\n<p> <strong> <em>Murekezi Zacharie\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Intara y\u2019Amajyepfo, barishimira ibyo bamaze kugeraho, harimo no kuba bariyubakiye ibiro kazajya gakoreramo ubu imirimo ikaba igeze ku musozo. Inyubako y\u2019akagari ka Nkingo, ihererye mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, yatangiye kubakwa kuva mu mwaka wa 2015, nk\u2019uko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7367","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Intara y\u2019Amajyepfo, barishimira ibyo bamaze kugeraho, harimo no kuba bariyubakiye ibiro kazajya gakoreramo ubu imirimo ikaba igeze ku musozo. Inyubako y\u2019akagari ka Nkingo, ihererye mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, yatangiye kubakwa kuva mu mwaka wa 2015, nk\u2019uko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-15T15:18:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:41:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo\",\"datePublished\":\"2017-09-15T15:18:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367\"},\"wordCount\":528,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367\",\"name\":\"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-15T15:18:12+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:41:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7367#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu kagari ka Nkingo, umurenge wa Gacurabwenge mu karere ka Kamonyi, Intara y\u2019Amajyepfo, barishimira ibyo bamaze kugeraho, harimo no kuba bariyubakiye ibiro kazajya gakoreramo ubu imirimo ikaba igeze ku musozo. Inyubako y\u2019akagari ka Nkingo, ihererye mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nkingo, Umurenge wa Gacurabwenge, yatangiye kubakwa kuva mu mwaka wa 2015, nk\u2019uko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-15T15:18:12+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:41:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo","datePublished":"2017-09-15T15:18:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367"},"wordCount":528,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7367#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367","name":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-15T15:18:12+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:41:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7367"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7367#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kamonyi: Abaturage b\u2019akagari ka Nkingo biyubakiye ibiro kazajya gakoreramo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7367","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7367"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7367\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7367"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7367"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7367"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}