{"id":7399,"date":"2017-09-17T22:58:50","date_gmt":"2017-09-17T22:58:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/17\/korea-ya-ruguru-bimwe-mu-bintu-wamenya-ku-buzima-bwa-perezida-kim-jong-un\/"},"modified":"2025-02-12T15:40:51","modified_gmt":"2025-02-12T13:40:51","slug":"korea-ya-ruguru-bimwe-mu-bintu-wamenya-ku-buzima-bwa-perezida-kim-jong-un","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399","title":{"rendered":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un.<\/strong><br \/>\n <strong>Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere y\u2019ubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida Kim ubwe wenyine wavutse iki gihugu cyarabonye ubwigenge.<\/strong><br \/>\nMuri iyi nkuru Bwiza.com ikesha uruba Wikip\u00e9dia ,ivuga ko Perezida Kim Jong Un afite kuba yaravutse ku matariki atavugwaho rumwe ,aho usanga bamwe bavuga ko yaba yaravutse kuwa 08 Mutarama 1982.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nHari kandi n\u2019abemeza ko uyu mugabo ujya ukangaranya isi kubera gucura no kurasa ibisasu bikomeye ,yaba ngo yaravutse ku wa 05 Nyakanga 1984 ,gusa mu bigaragara ,uyu mwaka wa 1984 uragaruka kenshi gashoboka mu buzima bwite bwa Nyakubahwa Kim Jon Un ,Perezida wa Korea ya Ruguru.<br \/>\nKim Jong Un kandi yavutse kuri se   <strong>Kim Jong-il<\/strong>  na we wayoboye Korea iki gihugu guhera mu 1941 ,na nyina Ko Yong-hui . Ni nyuma y\u2019uko rero yatorerwaga kuba umuyobozi w\u2019ikirenga w\u2019Ishyaka  ry\u2019abakozi muri Korea ya Ruguru ,  <strong>Workers Party of Korea ,<\/strong>  Kim yahise aba bidasubirwaho ,umuyobozi w\u2019ikirenga wa Republika iharanira rubanda na Demokarasi ya Korea ya Ruguru  [ Democratic People\u2019s Republic of North Korea ] ,DPRK mu magambo ahinnye , ubwo hari mu 2011.<br \/>\nAha ariko abasesengura ibintu n\u2019ibindi bakavuga ko Kim atari asanzwe azwi ku buzima bwa Politiki ya Korea ya Ruguru ,ikintu gisa n\u2019icyatangaje abantu batari bake ,baba abanya Korea ya Ruguru ,abaturanyi ba yo ,ndetse n\u2019isi yose muri rusange.<br \/>\nUyu mugabo kandi ngo yaba yarize amashuri atari make mu bihugu bitandukanye byo mu Burengerazuba bw\u2019isi ,ariko bamwe bagakeka ko yaba yarakoreshaga amazina atazwi ,ku buryo bw\u2019ibanga rikomeye ,rero bituma bigorana kugira byinshi abantu bamenya ku buzima bwe yari asanzwe abamwo.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nJong Un yatowe rero ku buyobozi bw\u2019ikirenga bw\u2019igihugu cye kuwa 28 Ukuboza 2011 ,nyuma gato y\u2019imihango y\u2019ishyingurwa ry\u2019umubyeyi we ,maze kuva ubwo ahabwa igarade ya \u201c The Chairman of the Workers Party of Korea\u201d<br \/>\n <strong>Kim Jong Un kandi kuva ubwo ,yahise anaba Umukuru w\u2019ikirenga w\u2019ubutegetsi butandukanye burimo ubu bukurikira <\/strong><br \/>\nChairman wa Komisiyo iyobora Ingabo z\u2019igihugu za Korea<br \/>\nChairman wa Komisiyo ikuriye ububanyi n\u2019amahanga ya Korea<br \/>\nUmugaba w\u2019ikirenga w\u2019Ingabo za Rubanda ya Korea<br \/>\nUmwe mu bagize Biro politiki y\u2019Ishyaka ry\u2019abakozi rya Korea<br \/>\nkuva ubwo Kim Jong Un yahise agenerwa ipeti rya Field Marshal mu ngabo za Korea ya Ruguru,hari kuwa 16 Nyakanga 2012.<br \/>\nKuva ubwo mu itangazamakuru rya Korea ya Ruguru kimwe no mu bandi baturage basanzwe ,uyu mu Perezida bamwita  <strong>\u201cThe Marshal<\/strong> \u201d cyangwa \u201c <strong>Marshal Kim Jong<\/strong>  Un\u201d biterwa n\u2019uko buri umwe abishaka.<br \/>\nIbi ariko ntibukuraho ko ubusanzwe Kim Jong Un afite impamyabushobozi y\u2019ikirenga mu by\u2019ubugenge [  <strong>Physics ]<\/strong>  yakuye muri imwe muri Kaminuza zubashywe muri Korea ya Ruguru ya  <strong>Kim II Sung University<\/strong>  ,hamwe n\u2019indi yakuye muri Kaminuza ya gisirikare na yo yitwa <strong> Kim II Sung Military University<\/strong>  ,yanavanye igarade yamwinjizaga mu ba ofisiye bo mu Ngabo za Korea.<br \/>\nIbi bigwi bya Kim ariko ni na byo abantu baheraho bamunenga ko yagize ubutegetsi akiri muto ,byanatumye hari ibyemezo byuzuye ubukana yagiye afata ,nko kuba binugwanugwa ko yaba yarishe nyirarume  <strong>Jang Song-Thaek<\/strong>  kuwa 09 Werurwe 2014.<br \/>\nKim Jong Un kandi yanashinjwe kwica umuvandimwe we bwite,amwiciye muri Malaysia ,hari mu kwezi kwa Gashyantare mu mwaka wa 2017.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nIgitangaje ariko ni ukuntu mu mashuri yose Kim Jong Un yagiye anyuramo mu mahanga ,cyane cyane  mu Busuwisi cyangwa,abantu batigeze mamenya kumutandukanya na mukuru we wundi witwa Kim-chul na we bigaga ku bigo byegeranye .<br \/>\nNgo barasaga cyane bitangaje ,kimwe n\u2019itariki yavutseho nkuko byandiswe hejuru muri iyi nkuru ,ishusho ye n\u2019isabukuru y\u2019amavuko by\u2019uyu muperezida bikomeje kubera abantu amayobera,gusa hari abantu bamwe bemeza kuwa 08 Mutarama ,kandi bakahahuriza ari benshi.<br \/>\nUmwe mu nshuti za Kim Jong Un zikomeye ,akaba ari n\u2019umwe mu basitari bakinnye Baketball bigatinda  <strong>, Dennis Rodman<\/strong>  avuga ko hari ubwo Kim Jong ,yigeze kumutumira mu isabukuru ye y\u2019amavuko ,ko kandi hari kuwa 08 Mutarama 2013.<br \/>\nAmakuru aturuka mu bitangazamakuru bitandukanye byo mu Buyapani ,kimwe mu bihugu bihora birebana ay\u2019ingwe na Korea ya ruguru ,ni uko Kim Jong Un akiri mu mashuri Busuwisi mu ishuri rya  <strong>G\u00cf\u2039mligen ,<\/strong>  aho yakurikiranaga amasomo y\u2019ubuhanga mu rurimi rw\u2019icyongereza ,ngo yaba  yarakoreshaga amazina ya ,  <strong>Chol-pak<\/strong>  cyangwa  <strong>Pack-chol<\/strong>  kuva mu 1993 kugeza 1998.<br \/>\nMuri ayo mashuri kandi Kim Jong Un ,yamenyekanyweyo nk\u2019umufana w\u2019umukino wa Basketball ukomeye ,ngo yaba yarafatwaga nk\u2019umwe mu basore bakundanaga na bagenzi ba bo biganaga ku rwego rukomeye ,gusa ngo yahoranaga n\u2019undi mugabo wanamurutaga mu bukuru,ukekwa ko yaba yari umwe mu bashinzwe umutekano we [ Close Bodyguard ].<br \/>\nUmwe mu banyeshuri biganaga kandi yanatangarije itangazamakuru ko ,ngo Kim yaba yaramuhishuriye ko ari umuhungu wa Perezida wa Korea ya ruguru ,ubwo bari kuganira ku ishuri ryabo ,cyane ko ku ishuri ngo Kim yahozwagaho ijisho na Ambasaderi Ri Chol wari uhagarariye igihugu cya Korea ya  ruguru mu Busuwisi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nAbantu ngo bari bazi Kim Jong Un nk\u2019umwe mu bafana bakomeye ba Championnat ya Basket muri Amerika NBA ,aho uyu musore yafata nk\u2019ikitegererezo cye umukinnyi rurangiranwa muri uyu mukino wa Basket ,Bwana Michel Jordan , Kobe Bryant na Toni Kukoc n\u2019abandi.<br \/>\nKu bw\u2019uku kwiyoberanya ariko aho Kim yagiye anyura mu mashuri ,byatumye Ikigo cya Laboratwari cy\u2019Abafaransa kiri muri Kaminuza ya  Lyon ,gikora igereranyamafoto y\u2019igihe Kim Jong Un yari akiri umunyeshuri muri Kaminuza ya Liebefeld Steinholzli mu 1999 .<br \/>\nHamwe n\u2019ifoto ye yo mu 2012 ,maze ayo mafoto aza afite isano ku gipimo cya 95% byahereweho byemezwa ko umuntu wagaragaraga w\u2019icyo gihe kuri iryo shuri yari Kim Jong Un.<br \/>\nIbi kandi bikaba byaraje no kwemezwa na Perrot Raoul ,kabuhariwe mu gupima ibimenyetso ngenderwaho mu kwemeza ibiranga umuntu [  <strong>Forensic Anthropology<\/strong>  ], wo muri icyo kigo.<br \/>\nImwe mu mpamvu zivugwa n\u2019abegereye ubutegetsi bwa Korea ya ruguru ,ni uko icyateye Kim Jong Un kuba ariwe utoranywa gusimbura se ku butegetsi,ari uko mu buzima bwe atigeze atwarwa n\u2019irari rya gisore ,ryo gukunda abagore cyane nka bakuru be.<br \/>\nIki ni kimwe mu byatumaga ngo byari bigoye ko abo bavandimwe be bandi ,bahabwa inshingano zo kuyobora igihugu gikomeye mu bya gisirikare ku isi nka Korea ya ruguru, kandi hari hakenewe umuntu uhwitse ,kandi waba ufite imyitwarire idakemangwa.<br \/>\nKuri ubu rero Kim Jung Un ahanganye cyane na Perezida Donald Trump kubera kugerageza ibitwaro bya karahabutaka,ku mpamvu z\u2019uko Amerika ari yo muterankunga mu nzego zose ,w\u2019umwe mu bakeba bakomeye ba Korea ya Ruguru ,Korea y\u2019epfo.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nIbi bihugu kandi uko ari 2 bikaa byarahoze ari igihugu kimwe ,kugeza aho intambara y\u2019ubutita ,yabiciriyemo ibice.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nNi ibihugu byanigeze gukozanyaho bigatinda.<br \/>\nUbuzima bw\u2019uyu munyacyubahiro kandi ,ntawabutandukanya n\u2019uko ,n\u2019ubwo itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw\u2019isi rikunda kumuharabika , Perezida Kim Jong Un ngo yaba akunzwe n\u2019abaturage be cyane ,kandi ngo anakunda kubaba hafi ,mu mirimo yabo ya buri munsi.<br \/>\nAbaturage b\u2019iki gihugu ngo bakwemera bagaheba byose ,ariko bakagumana ishema baterwa na Perezida wa bo, Kim The Marshal.<br \/>\n\u00a0<br \/>\nGusa hibazwa amaherezo y\u2019uguterana amagambo guhora hagati ya Kim Jong Un na Amerika, hamwe n\u2019ibihano bihora bikandamiza iki gihugu ,ngo kireke gucura intwaro za kirimbuzi,bamwe bakavuga ko hakwiriye umuti unyuze mu nzira za dipolomasi ,abandi bakavuga ko nta yandi mahitamo , uretse inzira y\u2019intambara,binavugwa ko ishobora gusiga yubitse isi.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNguko uko Kim Jong Un yaje kuba icyamamare mu ruhando rw\u2019itangazamakuru mpuzamahanga ,ndetse no ku rwego rwa politiki, dipolomasi,umutekano w\u2019isi n\u2019ibindi.<br \/>\nIkibazo cya Korea ya Ruguru kikaba kidahwema kunyeganyeza inganiriro za bimwe mu bikonyozi bitwara isi,haba muri Loni n\u2019ahandi hafatirwa ibyemezo bitandukanye biremerereye isi ya none,iki gihugu ntikibura ku murongo w\u2019ibyigwa.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>  <\/strong><br \/>\n <strong>Yandiswe na Marshall Eugene David \/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un. Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere y\u2019ubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7399","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un. Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere y\u2019ubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-17T22:58:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:40:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un\",\"datePublished\":\"2017-09-17T22:58:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399\"},\"wordCount\":1311,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399\",\"name\":\"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-17T22:58:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7399#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA","og_description":"Niba hari izina rikunze kugaruka mu itangazamakuru kuri iyi si dutuye ni izina rya Perezida wa Korea ya ruguru Kim Jong Un. Uyu muperezida kandi binavugwa ko ariwe muto ubashije kuyobora iki gihugu ,cyane ko mu bategetse Korea ya Ruguru bose bamubanjirije babayeho mbere y\u2019ubwigenge bwa yo, ndetse babaga baranagize uruhare mu kubuhirimbanira ,uretse Perezida [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-17T22:58:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:40:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un","datePublished":"2017-09-17T22:58:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399"},"wordCount":1311,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7399#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399","name":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-17T22:58:50+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7399"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7399#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Korea ya Ruguru: Bimwe mu bintu wamenya ku buzima bwa Perezida Kim Jong Un"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7399","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7399"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7399\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7399"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7399"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7399"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}