{"id":7409,"date":"2017-09-18T13:25:19","date_gmt":"2017-09-18T13:25:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/18\/dore-ibintu-8-by-039-ibanze-ukwiye-kureba-ku-mukobwa-ukamwirinda-igihe-ushaka\/"},"modified":"2025-07-10T01:41:07","modified_gmt":"2025-07-09T23:41:07","slug":"dore-ibintu-8-by-039-ibanze-ukwiye-kureba-ku-mukobwa-ukamwirinda-igihe-ushaka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409","title":{"rendered":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nk\u2019umugore n\u2019umugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bw\u2019inyungu zabo bwite zitandukanye n\u2019urukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo.<\/strong> <\/em>  <strong> <\/strong> <\/p>\n<ol>\n<li>\n <strong> Ntahaga imibonano mpuzabitsina<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira gute uzasanga nyuma ubushake bwe utabushobora. Yifuza ko muryamana inshuro 6 ku munsi. Gukunda igitsina bikabije bitya ni ingeso mbi cyane. Bene aba bakobwa barimo ibice bibiri; Abakunda kwiha akabyizi kenshi n\u2019umuntu umwe, n\u2019abakunda uwo murimo iyo bawukoranye n\u2019abantu barenze umwe.<\/p>\n<p>Uko biri kose bombi nta numwe wowe ubwawe musore\/mugabo wabasha. Byanze bikunze azaguca inyuma kandi wibukeko nta buryo buravumburwa bwo kuzimya bene uyu muriro waka gutya. Nushaka gukoresha imiti ibigufasha uziyica wice n\u2019umubiri wawe.<\/p>\n<p> <strong>2.Ukunda ibintu<\/strong> <\/p>\n<p>Uzabona inkumi nziza yambaye neza isa neza mbese yaka! Ariko ntuzahure n\u2019ibyago byo gusanga ikunda cyane imirimbo ya zahabu na diyamant, imyenda y\u2019igiciro, imibavu y\u2019imitaliyani iza n\u2019indege, inkweto zitagurirwa Nyabugogo mbese akunda icyo bita Luxe, nako Hilux aka ya modoka ya Toyota.<\/p>\n<p>Muri we burya nta mwanya w\u2019urukundo kuri wowe urimo, ibyo yimariyemo ngibyo. Buri gihe azaba akubaza uko konti yawe ihagaze ngo yumve niba yabonamo ay\u2019agasheneti kagezweho gahenze. Azi gusetsa cyane azi n\u2019uburyo bwo kugukurura ukamuha icyo ashaka cyose. Itonde kuko ibyo wamuhaye ntabwo wabiteza cyamunara. Zibukira.<\/p>\n<p> <strong>3.Ukunda rwaserera<\/strong> <\/p>\n<p>Ubundi uyu uzanasanga akunda film za actions, mu buzima uzasanga afitanye na benshi ibibazo bidashinga, ntaho agera ngo ahave amahoro, ahorana intonganya n\u2019abantu asanze. <\/p>\n<p> Ikindi uzasanga ari umuhanga mu kubara inkuru, cyane cyane zimwe bita \u2018Iswari\u2019 uko naka yakubise nyiranaka gutyo. Kuri we ubuzima bwe ni film kandi akaba ariwe \u2018type\u2019 (acteur principale). Niba ukunda umutuzo wawe hunga mwihorere witereta bene uyu mukobwa numara kumenya aka kadefaut ke.<\/p>\n<ol start=\"4\">\n<li>\n <strong> Niwe utegeka<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Uyu mukobwa akunda gutegeka ko ibintu bigenda uko ashaka. Numuha amahirwe yo kwinjira mu buzima bwawe azaguhindura irobo \u2018Robot\u2019. Umunsi wambere muzapanga gusangira azakubwira ahantu heza mwahurira, nuzuyaza akubwire ati \u201cAhubwo hansange niho njye ubu ngeze\u201d.<\/p>\n<p>Numukunda umenye ko ugiye gutakaza ubwigenge ku buzima bwawe. Azaba umugabo kuko nibyo akunda, no kuburiri bizagenda uko yabiteganyije, bene aba bakobwa iyo wamushyize mu rugo ukanyuranya n\u2019ugushaka kwe agukora munsi y\u2019amatwi kuko n\u2019uburinganire bwaje ubu.<\/p>\n<ol start=\"5\">\n<li>\n <strong> Habuze gato ngo abe umuhungu<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ubundi aba nta kibazo, uzasanga mu mvugo y\u2019ubu babita \u201cAbajama\u201d ngo \u201cnta ribi rye\u201d, n\u2019ubundi koko nta ribi rye. Mu mico ni nk\u2019abasore, nibo bagendana, yambara nkabo, ntasuka imisatsi ye nk\u2019abandi bakobwa, akora sport cyane kuko n\u2019umubiri we akenshi umeze nk\u2019uw\u2019abakora sport cyane.<\/p>\n<p>Uyu muzapfa ahanini ko numusaba ngo yambare amere nk\u2019abakobwa uzaba umusaba gukora ibirenze ibyo, kuri we, umuntu yashobora. Nibabatumira muri Soiree yiyubashye azakuzira muri Jeans (ikoboyi) n\u2019ikoti maze bwana wowe usebe. Niba udakunda bene aba bakobwa wikwibeshya ukundana nawe. Icyo bwiza.com yakugiraho inama mujye mugendana musangire agacupa na sport ariko ntiwibeshye ngo mukundane, n\u2019ubundi ariko akenshi banakundana gacye bene aba!!<\/p>\n<ol start=\"6\">\n<li>\n <strong> Ni Nyirabirori<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ijoro na week end nicyo kintu yikundira. Afite imyenda myinshi yo gusohokana kurusha iyo gukorana. Akurikirana akambaro kagezweho, akunda cyane kuba agaragara ko acyeye, ndetse iyo byanze arakwishotorera.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu gihe mwasohokanye ntuzagira ikibazo cy\u2019irungu, ikibazo ni uko nimudasohokana utazizera ko uko akugenzereza atazanabikorera abandi, inzu z\u2019imyidagaduro n\u2019utubyiniro niho hantu he. Ariko ubundi niba asohoka kenshi ni izi mpamvu;<\/p>\n<p> &#8211; Nicyo gihe cye. Buri wese agira igihe anyuramo akumva yajya asohoka buri joro. Urebye ni ngombwa no kunyura muri iki gihe cy\u2019ubuzima.<\/p>\n<p> &#8211; Niyo kamere ye. Aha nushaka mubise kuko azasohoka week end zose n\u2019iminsi ibanziriza iya Conj\u00e9 kugera agize imyaka 70 na\u2026<\/p>\n<p> &#8211; Ajya kwiyibagiza ibibazo bye, urusaku rw\u2019umuziki ruvanze n\u2019urw\u2019abantu n\u2019urujya n\u2019uruza n\u2019uruvange rw\u2019amatara amyasa cyane nibwo buhungiro bwe.<\/p>\n<ol start=\"7\">\n<li>\n <strong> Ntajya akura mu mutwe<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Imyaka arenda kuyingana na nyirabukwe ariko imyifatire ni nk\u2019umwana. Gufata inshingano, ibyemezo na gahunda ntabwo ari ibintu bimureba. Mu rukundo arahumye umujyana aho ushaka. Mu by\u2019ukuri icyo uyu akeneye ni se si umugabo wo kumurongora.<\/p>\n<p>Usanga ameze nk\u2019ushaka gusingira ubwana bwe yenda igihe cyabwo yaragize bubi. Nushaka kumugira umugore ubwo uzamushakira n\u2019umuganga wo mu mutwe uzajya unahemba agufashe kumukuza mu bwenge. Gusa ni \u2018abana beza\u2019 kandi banezerwa, ariko niba ushaka kubaka uyu murekere abubatse yenda!<\/p>\n<ol start=\"8\">\n<li>\n <strong> Yasaritswe n\u2019ifuha<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Abagore bose kuri we niba mukeba. Muri kugendana umukobwa mwiza atambutse iruhande rwanyu, ubwo hisha amaso niba udashaka ko agutuka akagukonkobora imbere ya rubanda. Buri kanya araguhamagara akubaza aho uri, niyumva ijwi ry\u2019umugore inyuma yawe cyangwa hafi aho mu minota micye araba abagezeho aze yikiranure n\u2019uwo mukeba.<\/p>\n<p>Ikitwa Password ukoresha byose arabishaka ngo utagira icyo umuhisha, arashaka kumenya abo muganira kuri Facebook, WhatsApp, Email kuri Telephone nihagira igitsina gore kiguhamagara yumva, nawe arashaka nimero y\u2019uwo mukeba ataramenya.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Kamikazi Gentille\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nk\u2019umugore n\u2019umugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bw\u2019inyungu zabo bwite zitandukanye n\u2019urukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo. Ntahaga imibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-7409","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nk\u2019umugore n\u2019umugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bw\u2019inyungu zabo bwite zitandukanye n\u2019urukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo. Ntahaga imibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-18T13:25:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T23:41:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni\",\"datePublished\":\"2017-09-18T13:25:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409\"},\"wordCount\":833,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409\",\"name\":\"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-18T13:25:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7409#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA","og_description":"Buri muntu uri mu rukundo ahanini usanga intego nyamukuru ari kubana nk\u2019umugore n\u2019umugabo, gusa hari benshi babijyamo bagamije gushimisha imibiri yabo cyangwa ku bw\u2019inyungu zabo bwite zitandukanye n\u2019urukundo. Ni byiza kumenya bimwe mu bintu bishobora kukwereka ko umukobwa mukundana nta gahunda yo kubaka urugo imurimo. Ntahaga imibonano mpuzabitsina Bigitangira biba ari sawa. Ariko niyo wagira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-18T13:25:19+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T23:41:07+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni","datePublished":"2017-09-18T13:25:19+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409"},"wordCount":833,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7409#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409","name":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-18T13:25:19+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7409"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7409#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibintu 8 by&#039;ibanze ukwiye kureba ku mukobwa ukamwirinda igihe ushaka umugeni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7409","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7409"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7409\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7409"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7409"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7409"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}