{"id":7441,"date":"2017-09-20T11:06:49","date_gmt":"2017-09-20T11:06:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/20\/u-rwanda-rwabaye-rubi-ariko-kuri-ubu-rwerekana-ibyiza-umuntu-yakora-perezida\/"},"modified":"2025-02-12T15:40:34","modified_gmt":"2025-02-12T13:40:34","slug":"u-rwanda-rwabaye-rubi-ariko-kuri-ubu-rwerekana-ibyiza-umuntu-yakora-perezida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441","title":{"rendered":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu bikorwa by\u2019inama y\u2019inteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n&#8217;ibindi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku munsi w\u2019ejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama y\u2019akanama gashinzwe iterambere ry\u2019ubucuruzi n\u2019ishoramari hagati y\u2019Amerika na Afurika, (Corporate Council on Africa).<\/p>\n<p>Kuri iyi nshuro ibiganiro byahurije hamwe abayobozi b\u2019ibihugu bya Afurika, abayobozi b\u2019ibigo bikomeye muri Afurika na Amerika, baganira ku hazaza h\u2019ubucuruzi hagati y\u2019imigabane yombi.<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019u Rwanda  yavuze ko u Rwanda rwahuye n\u2019ibibazo bitandukanye birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, igahitana abasaga miliyoni, ariko nyuma rwagiye rukora byinshi birimo kwiyubaka, gukorana n\u2019amahanga, gutsura umubano, kunoza ishoramari n\u2019ibindi.<\/p>\n<p>Ati \u201cU Rwanda rwabaye rubi rugaragaza ikibi gikomeye umuntu ashobora gukora, ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora.\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019u Rwanda  agendeye ku ngamba u Rwanda rwafashe kugirango rutere imbere ku buryo burambye, yavuze ko rwibanze  ku kureba uburyo gushoramo imari byabera buri wese, hashyirwaho imiyoborere inogeye ingamba zihamye ndetse no kurwanya ruswa kandi hagashishikarizwa abikorera harebwa ko bakora mu buryo buhendutse cyane.<\/p>\n<p>Ati\u201d iyi niyo mpamvu u Rwanda ruhora ruza imbere mu ruhando mpuzamahanga mu bijyanye no korohereza ishoramari.\u201d<\/p>\n<p>U Rwanda kandi rwabonye ko icyangombwa ari ukumenya ko ishoramari rya mbere rigomba gushingira ku muturage, ariko cyane cyane ufite ubumenyi n\u2019ubushobozi bwo gukora igikenewe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Yavuze ko guhindura imyumvire ari ingenzi cyane kuko icyari gikenewe, ari uko abaturage bagomba gutekereza byagutse, bakarebera hamwe ibyo bafite n\u2019uburyo babibyaza umusaruro bo ubwabo badategereje kugaburirwa n\u2019abandi.<\/p>\n<p>Ati \u201cTugomba kwizera ko buri wese yumva ko ashobora kandi agomba gukora ikintu icyo ari cyo cyose kandi akagikorera iwe.\u201d<\/p>\n<p>Abanyarwanda bazi neza ko batakora byose, ko batagera aho bifuza ari bonyine, ko bashaka abafatanyabikorwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Perezida  Kagame yavuze ko Isi igomba kureba Afurika nk\u2019umufatanyabiikorwa, ahantu waza ugafatanya n\u2019abandi mu bucuruzi, kandi ko Abanyafurika bafite ubushobozi bwo gukora ibitnu byiza byujuje ubuziranenge kugirango bihangane n\u2019iby\u2019abandi ku Isi mu biciro n\u2019ubwiza.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong>Ntakirutimana Deus @Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu bikorwa by\u2019inama y\u2019inteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n&#8217;ibindi. Ku munsi w\u2019ejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama y\u2019akanama gashinzwe iterambere ry\u2019ubucuruzi n\u2019ishoramari hagati y\u2019Amerika [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7441","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu bikorwa by\u2019inama y\u2019inteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n&#8217;ibindi. Ku munsi w\u2019ejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama y\u2019akanama gashinzwe iterambere ry\u2019ubucuruzi n\u2019ishoramari hagati y\u2019Amerika [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-20T11:06:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:40:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame\",\"datePublished\":\"2017-09-20T11:06:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441\"},\"wordCount\":377,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441\",\"name\":\"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-20T11:06:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7441#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA","og_description":"Mu bikorwa by\u2019inama y\u2019inteko rusange ya Loni ikomeje kubera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida Kagame yagiye yitabira inama zitandukanye, agaragazamo uko u Rwanda ruhagaze muri iyi minsi kuri politiki mpuzamahanga zitandukanye n&#8217;ibindi. Ku munsi w\u2019ejo hashize, ku wa Kabiri tariki ya 19 Nzeri 2017, yitabiriye Inama y\u2019akanama gashinzwe iterambere ry\u2019ubucuruzi n\u2019ishoramari hagati y\u2019Amerika [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-20T11:06:49+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:40:34+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame","datePublished":"2017-09-20T11:06:49+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441"},"wordCount":377,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7441#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441","name":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-20T11:06:49+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7441"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7441#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwabaye rubi ariko kuri ubu rwerekana ibyiza umuntu yakora-Perezida Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7441","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7441"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7441\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7441"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7441"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7441"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}