{"id":7448,"date":"2017-09-20T21:56:29","date_gmt":"2017-09-20T21:56:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/20\/ni-igihe-kingana-gute-umugore-yakoreraho-imibonano-mpuzabitsina-nyuma-yo\/"},"modified":"2025-07-10T01:40:55","modified_gmt":"2025-07-09T23:40:55","slug":"ni-igihe-kingana-gute-umugore-yakoreraho-imibonano-mpuzabitsina-nyuma-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448","title":{"rendered":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina.<\/strong> <\/p>\n<p>Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko uretse no kuba ukinaniwe, hari uduce tumwe tuba tukiribwa. 90 % by\u2019abagore babyaye, kabone n\u2019iyo baba batigeze bababaga, haba hari tumwe mu duce tw\u2019imyanya ndangagitsina twakomeretse.<\/p>\n<p>Hari abagore benshi bamaraga kubyara bagahita bakorehsa ibizamini ngo barebe niba nta bimwe mu bice by\u2019imyanya ndangagitsina byangiritse, ariko ubushakashatsi bwerekanye ko ibyo bizamini akenshi byerekanaga ko nta kibazo kandi gihari none ngo babikuyeho.<\/p>\n<p>Mu bushakashatsi bwakozwe n\u2019Ikinyamakuru BJOG cyandika ku ndwara zandurira mu myanya ndangagitsina y\u2019abagore ndetse n\u2019ibijyanye no kubyara, bwiza.com ikesha iyi nkuru cyavuze ko ari byiza gutangira gukora imibonano mpuzabitsina nyuma y\u2019ibyumweru 6 ku bagore babyaye batabazwe.Kubera ko n\u2019aba baba baragize udukomere tworoheje tuba tumaze gukira.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ikinyamakuru kindi cyandika ku ndwara z\u2019abagore n\u2019ibijyanye no kubyara cyo muri Amerika cyatangaje ko ubusanzwe niyo waba wabyaye utabazwe, ngo iyo umwana avutse, hari udusebe duto dusigara aho yari ari muri nyababyeyi.Udutsi dutwara amaraso tuba twangiritse kuburyo bisaba nibura ibyumweru bitatu kugirango tube twateranye.<\/p>\n<p>Ngo iyo ukoze imibonano mpuzabitsina utwo dutsi tutaraterana, hari umwuka ushobora kwinjirana ingufu muri nyababyeyi ukaba wateza kwifunga kwa twa dutsi amaraso ntatembere ndetse ngo bishobora no guteza urupfu.Cyane cyane abakora imibonano mpuzabitsina bagaramye mugihe bataramara ibyumweru bitatu.<\/p>\n<p>Ubushakashatsi bwerekanye ko abagore babiri bahitanywe no gukora imibonano mpuzabitsina batarakomera hagati y\u2019umwaka wa 1967 na 1993.<\/p>\n<p>IKinyamakuru cyo mu Bwongereza General Practice muri 2000 cyerekanye ko abagore 78 bakorewe ubushakashatsi nyuma y\u2019amezi umunani babyaye(banakoze imibonano nyuma y\u2019ibyumweru bitandatu), 30 % basanze nta kibazo bafite.Nyamara 65 % babitangiye mbere y\u2019igihe cyagenwe(ibyumweru bitandatu) basanze ubuzima bwabo burimo ibibazo.<\/p>\n<p>Bikaba bigomba kumvikana ko nyuma yo kubyara ari byiza gufata igihe kugirango umubiri wawe wongere gusubirana, ubundi ibyiza n\u2019akamaro k\u2019imibonano mpuzabitsina byongere kumera nka mbere.Ikindi kandi ni ukwirinda ibindi bibazo byavuka ku buzima bwawe.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong> <em>Kamikazi Gentille\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina. Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-7448","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina. Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-20T21:56:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T23:40:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?\",\"datePublished\":\"2017-09-20T21:56:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:40:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448\"},\"wordCount\":379,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448\",\"name\":\"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-20T21:56:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:40:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7448#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bajya bibaza rimwe bakabanza gutegereza ariko batazi igihe kiza umuntu agomba kumara, cyangwa abandi bo ntibanabyiteho bumva ko nta ngaruka igihe bumva ntaho bababara.Abaganga batangaza ko ubusanzwe umugore umaze kubyara ari byiza gutegereza ibyumweru bitandatu kugirango abone gukora imibonano mpuzabitsina. Niba umaze kubyara , gukora imibonano mpuzabitsina si cyo cya mbere ukwiye gukora.Kuko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-20T21:56:29+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T23:40:55+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?","datePublished":"2017-09-20T21:56:29+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:40:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448"},"wordCount":379,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7448#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448","name":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-20T21:56:29+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:40:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7448"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7448#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni igihe kingana gute umugore yakoreraho imibonano mpuzabitsina nyuma yo kubyara?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7448","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7448"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7448\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7448"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7448"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7448"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}