{"id":7473,"date":"2017-09-22T13:56:35","date_gmt":"2017-09-22T13:56:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/22\/rubavu-abakoraga-uburaya-barishimira-intambwe-ishimishije-bateye-nyuma-yo\/"},"modified":"2017-09-22T13:56:35","modified_gmt":"2017-09-22T13:56:35","slug":"rubavu-abakoraga-uburaya-barishimira-intambwe-ishimishije-bateye-nyuma-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473","title":{"rendered":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge y\u2019akarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cy\u2019uburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw&#8217;ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo n\u2019abantu benshi.<\/p>\n<p>Kuri ubu si ko bikimeze kuko imiryango itandukanye ku bufatanye n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere ka Rubavu bwahagurukiye iki kibazo aho bagiye bakangurira cyane abakobwa bakoraga uyu mwuga w\u2019uburaya kuwuvamo.<\/p>\n<p>Abenshi mu bakobwa n&#8217;abagore bakoraga uburaya bahisemo kubureka bibumbira muri za Koperative z\u2019ubucuruzi, ubukorikori ku buryo ubu bishimira iterambere bagezeho mu myaka ine gusa.<\/p>\n<p>Mukadepite Ange, ni umwe wiyemerera ko yahoze mu mwuga w\u2019uburayi , yagaragaje ko bahoze mu buzima bubi aho bakubitwaga, gusambanwa ntibishyurwe, kubyara abana batifuza,&#8230;<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;nabaga mu buzima bubi, nasambanaga n\u2019abahisi n\u2019abagenzi naje kubyaririmo abana batatu kubarera byambereye ikibazo kuko bose ba se babihakanye ndetse bamwe sinigeze menya ba se\u2026, ariko kuri ubu si ko bikimeze kuko n\u2019abivuyemo ntangira gucuruza, nibumbira muri koperative n\u2019abagenzi banjye ndetse Imana aramfasha mbona umugabo. Tumaze kwiteza imbere\u201d<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Aba bahoze bakora uburayi bakomeje banakangurira n\u2019abandi bakiburimo kuwureka kuko harimo ingaruka zikomeye, zirimo kwandura indwara zidakira nka SIDA \u2026no kubyara abana badakunze.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Nyundo Tuyishime Jean Bosco , avuga ko bahagurukiye iki kibazo cyo gukangurira abakora umwuga w\u2019uburaya ku buryo abenshi babiretse.<\/p>\n<p>Ati\u201dKubufatanye na Handicap International, tumaze kugera ku ntambwe ishimishije kuko 80% by\u2019abakobwa bakoraga uburayi bamaze kubireka, ahubwo bibumbira mu makoperative n\u2019amatsinda yo kwiteza imbere, ubu bakaba ari nabo badufasha gukangurira abakibirimo kubireka\u201d<\/p>\n<p>Uretse abakoraga umwuga w\u2019uburayi ,murI uyu murenge banabashije kubumbira hamwe abakobwa babyariye iwabo, aho babafasha kwiteza imbere ndetse bakanabunganira mubijyanye n\u2019amategeko kugirango abahohotewe bahabwe ubutabera.<\/p>\n<p>Kuruhande rw\u2019abafatanyabikorwa mu iterambere ry\u2019akarere ka Rubavu, bavuga ko bazakomeza gufasha aka karere mu kuzamura imibereho y\u2019abahoze ari indaya, ndetse n\u2019abakobwa babyariye iwabo .<\/p>\n<p>Uhagarariye Handicap Int. ishami rishinzwe iterambere, Niwemutoni Angelique yagize ati &#8220;tumze kubumbira hamwe amatsinda 17 agizwe n\u2019abantu 468 kandi tuzakomeza kugirango imibereho y\u2019Abanyarwanda irusheho kuba myiza\u201d.<\/p>\n<p>Ibi bikorwa byo kwita ku bahoze bitwa indaya n\u2019Abakobwa babyariye iwabo mu karere ka Rubavu biri mu murenge wa Nyundo, Nyakiriba na Rugerero.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong> <em>Magarambe Theodore\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere. Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge y\u2019akarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cy\u2019uburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw&#8217;ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo n\u2019abantu benshi. Kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-7473","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere. Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge y\u2019akarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cy\u2019uburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw&#8217;ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo n\u2019abantu benshi. Kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-22T13:56:35+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka\",\"datePublished\":\"2017-09-22T13:56:35+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473\"},\"wordCount\":408,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473\",\"name\":\"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-22T13:56:35+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7473#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA","og_description":"Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere. Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge y\u2019akarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cy\u2019uburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw&#8217;ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo n\u2019abantu benshi. Kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-22T13:56:35+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka","datePublished":"2017-09-22T13:56:35+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473"},"wordCount":408,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7473#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473","name":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-22T13:56:35+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7473"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7473#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7473","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7473"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7473\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7473"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7473"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7473"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}