{"id":7503,"date":"2017-09-24T12:19:43","date_gmt":"2017-09-24T12:19:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/24\/nyamasheke-imiryango-yabaye-indashyikirwa-mu-kwimakaza-isuku-yahawe-ibihembo\/"},"modified":"2025-02-12T15:40:10","modified_gmt":"2025-02-12T13:40:10","slug":"nyamasheke-imiryango-yabaye-indashyikirwa-mu-kwimakaza-isuku-yahawe-ibihembo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503","title":{"rendered":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire y\u2019abaturage  mu kwimakaza isuku igeze  mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye n\u2019isuku nke zirimo korela n\u2019izindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ni igikorwa cyari kijyanye n\u2019icyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe ku wa 21 Nzeri, aho ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Gihombo, ku bufatanye n\u2019umushinga \u2018USAID Twiyubake\u2019 ukorera muri Caritas Rwanda, Diyoseze ya Nyundo basuye izi ngo, urugo ku rundi harebwa uko isuku yimakazwa.<\/p>\n<p>Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n\u2019umukozi wa Caritas Rwanda muri uyu mushinga,  ushinzwe by\u2019umwihariko imirenge ya Gihombo, Mahembe na Kirimbi,  Mutabazi Gaspard, avuga ko nyuma yo kubona ko cyane cyane uyu murenge wa Gihombo ukigaragaramo ibibazo by\u2019isuku nke n\u2019indwara ziyiturukaho, bashyizeho itsinda ry\u2019abantu 40, rigenzura isuku mu buryo bw\u2019imbitse rikagira n\u2019inama abaturage mu rwego rwo kwimakaza isuku irambye.<\/p>\n<p>Agira ati \u2019\u2019kugira ngo badufashe kwimakaza isuku muri bagenzi babo, buri ndashyikirwa mu kagari yahawe ibikoresho byinshi by\u2019isuku, aho buri wese yahawe kandagira ukarabe n\u2019ibijyana na yo, birimo ijerikani yo kuvoma amazi, amasabune, igitambaro, ibase, umuti n\u2019uburoso by\u2019amenyo, umuti usukura amazi ariko banigishwa kuyateka n\u2019ibindi, buri wese wabihawe asabwa kwigisha abandi umuco w\u2019isuku indwara ziterwa n\u2019umwanda ntizizongere kugira uwo zambura ubuzima.\u2019\u2019<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Habimana Prosp\u00e8re wabaye indashykirwa mu kagari ka Kibingo, yavuze ko kuba barasanze yujuje ibyasabwaga byose ngo abe indashyikirwa mu kwimakaza isuku ari ishema kuri we n\u2019umuryango we.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019bimpaye imbaraga zo kurushaho kwimakaza isuku iwanjye n\u2019aho nkorera ubucuruzi no kubyigisha abandi ku buryo buri wese yumva neza akamaro k\u2019isuku, ntituzongere kubuna umuturage n\u2019umwe azize indwara zijyanye n\u2019isuku nke, kandi n\u2019ibi bikoresho by\u2019isuku mpawe bigiye kubimfashamo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Mukamana Claudette yasabye abatuye uyu murenge bose guhindura imyumvire ku bijyanye n\u2019isuku, bakagira ubwiherero bukoze neza.<\/p>\n<p>Anabasaba kandi kunywa amazi asukuye bakareka ay\u2019ikivu mabi bamwe muri bo bakinywa, avuga ko bazakomeza gukurikirana isuku mu mirenge yose y\u2019aka karere, byaba ngombwa abatita ku isuku nkana bakabihanirwa.<\/p>\n<p>Uyu murenge ufite ingo 15.000 wakunze kuvugwamo ibibazo by\u2019isuku nke byatumaga bamwe banabura ubuzima kubera indwara zituruka ku mwanda no kunywa amazi mabi y\u2019ikivu, ubuyobozi bwawo bukavuga ko ubu bwabihagurukiye.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku..jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-78156 size-large\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong> <em>Bahuwiyongera Sylvestre\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire y\u2019abaturage mu kwimakaza isuku igeze mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye n\u2019isuku nke zirimo korela n\u2019izindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro. Ni igikorwa cyari kijyanye n\u2019icyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7503","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire y\u2019abaturage mu kwimakaza isuku igeze mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye n\u2019isuku nke zirimo korela n\u2019izindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro. Ni igikorwa cyari kijyanye n\u2019icyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-24T12:19:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:40:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo\",\"datePublished\":\"2017-09-24T12:19:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503\",\"name\":\"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2017-09-24T12:19:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/09\\\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7503#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA","og_description":"Nyuma yo gusura ingo 300 mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke harebwa aho imyumvire y\u2019abaturage mu kwimakaza isuku igeze mu rwego rwo kurwanya indwara zijyanye n\u2019isuku nke zirimo korela n\u2019izindi zakunze kuzahaza uyu murenge, ababaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku babishimiwe ku mugaragaro. Ni igikorwa cyari kijyanye n\u2019icyumweru cyahariwe isuku muri uyu murenge cyasojwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-24T12:19:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:40:10+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo","datePublished":"2017-09-24T12:19:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503","name":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg","datePublished":"2017-09-24T12:19:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7503"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/09\/Zimwe-muri-kandagira-ukarabe-nibijyana-na-zo-zahembwe-ababaye-indashyikirwa-mu-wimakaza-umuco-wisuku.-1024x768.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7503#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Imiryango yabaye indashyikirwa mu kwimakaza isuku yahawe ibihembo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7503","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7503"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7503\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7503"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7503"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7503"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}