{"id":7504,"date":"2017-09-24T12:41:40","date_gmt":"2017-09-24T12:41:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/24\/umusore-dukundana-wanandihiriye-ishuri-akomeje-kunsaba-ko-turyamana-ngo-yumve\/"},"modified":"2025-07-10T01:41:02","modified_gmt":"2025-07-09T23:41:02","slug":"umusore-dukundana-wanandihiriye-ishuri-akomeje-kunsaba-ko-turyamana-ngo-yumve","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504","title":{"rendered":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?"},"content":{"rendered":"<p>Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri.<br \/>\nMuri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati \u2018nsingaye nkushaka cyane\u2019 ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha cy\u2019ubusambanyi.<br \/>\nMuri iyi minsi rero nibwo yeruye arambwira ngo n\u2019ubundi nta wundi mukobwa azarongora, ngo ntangiye kuzicwa n\u2019irari, ansaba ko turyamana ndanga, arampendahenda ati \u2018ndashaka kumva ko utazambera ikirumbo umunsi twabanye\u2019 iri jambo ntabwo narisobanukiwe.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\nNakomeje kumubaza ariko aranga, ngo azambwira umunsi nzaba navuye ku izima tukaryamana, bakunzi ba bwiza.com nagirango mungire inama, kumukunda byo ndamukunda pe, ariko mbona nimwiha bizamviramo ingorane.<br \/>\nKubera ko twateganyaga kubana umwaka utaha, naranamubwiye ngo nafate irembo, tujye mu murenge ku buryo nihagira n\u2019ikibazo kivuka abaye anteye inda, tuzakirengere twembi, akavuga ko byose tuzabikorera rimwe umwaka utaha.<br \/>\nMbese ntababeshya byambereye ihurizo, mungire inama , murakoze!<br \/>\n<a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong> <em>@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri. Muri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati \u2018nsingaye nkushaka cyane\u2019 ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-7504","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri. Muri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati \u2018nsingaye nkushaka cyane\u2019 ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-24T12:41:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T23:41:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?\",\"datePublished\":\"2017-09-24T12:41:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504\"},\"wordCount\":194,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504\",\"name\":\"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-24T12:41:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7504#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA","og_description":"Ntuye mu Burasirazuba nkaba nitwa Clarisse [ryahinduwe] mfite umusore dukundana kandi tumaranye imyaka myinshi, kuva mu mwaka wa kane sec. yagiye amfasha bimwe na bimwe nkenerwa ku ishuri. Muri iyi minsi sinzi ibyamuteye. Kandi twubahanaga pe, nagiye kumva ati \u2018nsingaye nkushaka cyane\u2019 ansaba ko turyamana ndamuhakanira, kuko twagiye tubiganiraho tukavuga ngo tuzirinde kugwa mu cyaha [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-24T12:41:40+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T23:41:02+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?","datePublished":"2017-09-24T12:41:40+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504"},"wordCount":194,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7504#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504","name":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-24T12:41:40+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7504"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7504#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore dukundana wanandihiriye ishuri, akomeje kunsaba ko turyamana ngo yumve ko ntazamubera ikurumbo mu buriri- Nkore iki?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7504","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7504"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7504\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7504"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7504"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7504"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}