{"id":7507,"date":"2017-09-24T15:51:50","date_gmt":"2017-09-24T15:51:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/24\/musanze-ihungabana-si-uburwayi-si-imyuka-mibi-ni-ukunanirwa-kwiyakira-mu-bibazo\/"},"modified":"2025-02-25T14:15:59","modified_gmt":"2025-02-25T12:15:59","slug":"musanze-ihungabana-si-uburwayi-si-imyuka-mibi-ni-ukunanirwa-kwiyakira-mu-bibazo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507","title":{"rendered":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Abakuriye amadini n\u2019amatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana n\u2019ihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba n\u2019ababaha ibisubizo binyuranye n\u2019ibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana n\u2019indwara cyangwa imyuka mibi.<\/strong> <\/p>\n<p>Umuyobozi wa Forum y\u2019amadini n\u2019amatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga mu Rwanda \u201c <em>abafite ibibazo by\u2019ihungabana ari benshi, ariko ko abafite ubushobozi bwo kubafasha ari bacye cyane\u201d.<\/em> <\/p>\n<p>Matabaro atanga urugero kuri bamwe mu basenga babona ugaragaza ibimenyetso by\u2019ihungabana wese nk\u2019uwahanzweho n\u2019abadayimoni ngo \u201c <em>maze si ugusenga bakivayo kandi batazi ikibazo basengera icyo ari cyo. Ibyo ngo biterwa no kutamenya<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Uburyo bwiza bwo gufasha uwahuye n\u2019ihungabana ni ukumuha agaciro, ukamwumva, kuko n\u2019ubwo umubare munini w\u2019afite ihungabana ari ingaruka za jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu 1994, hari n\u2019ibindi bibazo byinshi bitera ihungabana.<\/p>\n<p>Pasiteri Matabaro ati, \u201c <em> Ibyerekeranye n\u2019ihungabana, ni abantu benshi batabisobanukiwe kandi abantu bahungabanye bahari ; dufite abarwayi ariko abavuzi dufite ni bacye. Impmavu ari bacye ni ukubera kutamenya nk\u2019uko muri Hoseya havuga mu gice cya 4, 6, ngo ubwoko bwanjye buzira kutamenya\u2026.\u201d <\/em> <\/p>\n<p>Akomeza avuga ko <em> \u201ciyo utabashije kumenya ashobora guha umuntu igisubizo kitari cyo bikaba byamuhungabanya kurushaho aho kumufasha, kandi ufite ubumenyi buhagije atega amatwi ufite ihungabana akanamenya n\u2019uko yamufasha akurikije ikibazo afite<\/em> \u201d. Anongeraho  ko nubwo bemera ko Ijambo ry\u2019Imana rikiza, ariko ngo rikiza iyo rikoreshejwe neza.<\/p>\n<p> <strong>Ibitera ihungabana ni byinshi<\/strong> <\/p>\n<p> <em> <\/em> Pastor Matabaro Jonas agaragaza ko abanyarwanda banyuze mu bibazo byinshi, iby\u2019amacakubiri, iby\u2019ubuhunzi, intambara kugeze kuri Jejonoside yakorewe abatutsi yo yaje ari indengakamere. Ariko anagaragaza ko hari n\u2019ibindi bibazo byinshi bitera ihungabana. Abisobanura agira ati <strong> <em>,<\/em> <\/strong>  <em> \u201cHari n\u2019ibindi bibazo abantu bahura nabyo mu miryango harimo indwara zidakira, ubukene bukabije, ubushomeri bw\u2019igihe kirekire n\u2019ibindi\u2026.\u201d<\/em> <\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Umuhuzabikorwa wa gahunda y\u2019ikangurambaga(Pastorale) muri diyosezi ya Ruhengeri , akaba n\u2019umwe mu bagize i nama y\u2019ubuyobozi y\u2019Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda, Padiri Murindahabi Cassien asanga  hakwiye ubushakashatsi bwimbitse ku rwego rw\u2019u Rwanda kugirango hamenyekane uko ikibazo cy\u2019ihungabana gihagaze.<\/p>\n<p>Abajyanama b\u2019ihungabana basanga abatabisobanukiwe aribo bashobora gutuma ikibazo gikomera aho gukemuka. Umwe muri bo, Ines Providence, ati <em>, \u201cAbantu bamwe bafata ihungabana nk\u2019uburwayi ariko mu by\u2019ukuri ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi nk\u2019uko benshi babifata. Ihungabana ribaho, ni igihe umuntu aba ananiwe kwakira no kwiyakira mu bibazo biba byamubayeho\u201d.<\/em> <\/p>\n<p>Hakunze kugaragara mu mihanda yo mu mijyi n\u2019amakaritsiye abantu bitwara bidahuje n\u2019uko umuryango barimo ubishaka, nyamara babitewe n\u2019ihungabana: amakimbirane y\u2019urudaca mu miryango, ubukene bw\u2019akarande, kubura amahirwe, kugirirwa urukundo ruke ku bugome, akarengane, guteshwa agaciro, kwangirizwa ibyawe ku maherere n\u2019ibindi. Ibi bivamo kwegurwa n\u2019agahinda, umuntu akiyanga akabihirwa n\u2019ubuzima, maze imyitwarire ye igahinduka, ubwo ababayeho neza bakamufata nk\u2019uwarwaye mu mutwe, nyamara ari rya hungabana.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n<p> <em> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abakuriye amadini n\u2019amatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana n\u2019ihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba n\u2019ababaha ibisubizo binyuranye n\u2019ibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana n\u2019indwara cyangwa imyuka mibi. Umuyobozi wa Forum y\u2019amadini n\u2019amatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-7507","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abakuriye amadini n\u2019amatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana n\u2019ihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba n\u2019ababaha ibisubizo binyuranye n\u2019ibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana n\u2019indwara cyangwa imyuka mibi. Umuyobozi wa Forum y\u2019amadini n\u2019amatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-24T15:51:50+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:15:59+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama\",\"datePublished\":\"2017-09-24T15:51:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507\"},\"wordCount\":497,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507\",\"name\":\"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-24T15:51:50+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:15:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7507#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA","og_description":"Abakuriye amadini n\u2019amatorero ya Gikristu bahagurukiye guhangana n\u2019ihungabana rikomeje kugaragara mu banyarwanda kandi biganjemo abakirisitu. Bemeza ko abahungabanye bahari mu gihugu, nyamara bakabura ababafasha, hakaba n\u2019ababaha ibisubizo binyuranye n\u2019ibibazo bafite kubera ubumenyi buke, bwitiranya ihungabana n\u2019indwara cyangwa imyuka mibi. Umuyobozi wa Forum y\u2019amadini n\u2019amatorero ya Gikristo mu Karere ka Musanze, Pasiteri Matabaro Mfurana Jonas, asanga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-24T15:51:50+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:15:59+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama","datePublished":"2017-09-24T15:51:50+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507"},"wordCount":497,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7507#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507","name":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-24T15:51:50+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:15:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7507"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7507#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze: Ihungabana si uburwayi, si imyuka mibi, ni ukunanirwa kwiyakira mu bibazo- umujyanama"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7507","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7507"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7507\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7507"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7507"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7507"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}