{"id":7510,"date":"2017-09-25T09:33:29","date_gmt":"2017-09-25T09:33:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/25\/rwamagana-tugeze-aheza-aho-abanyamahanga-bifuza-kuba-abanyarwanda-meya\/"},"modified":"2025-02-12T15:40:05","modified_gmt":"2025-02-12T13:40:05","slug":"rwamagana-tugeze-aheza-aho-abanyamahanga-bifuza-kuba-abanyarwanda-meya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510","title":{"rendered":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda &#8211; Meya Mbonyumuvunyi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora  umukuru w\u2019igihugu mu bw\u2019isanzure n\u2019amahoro, umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke b\u2019amadini  n\u2019amatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere y\u2019amatora yabaye ku itariki ya 4 Kanama Abanyarwanda bitorera umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Uretse abayobozi b\u2019amatorero n\u2019amadini n\u2019abayoboke bayo, abayobozi mu nzego z\u2019ibanze na bo bitabiriye ibyo biterane byabereye mu mirenge yose mu karere ka Rwamagana.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana, Radjabu Mbonyumuvunyi, yari mu murenge wa Gahengeri, mu butumwa yahatangiye yibukije ko imiyoborere myiza yimakajwe mu Rwanda ishingiye ku nyungu z\u2019abaturage no guha agaciro Abanyarwanda bikajyana n\u2019umutekano no kwita ku mibereho myiza y\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cTurishimira uburyo amatora yagenze, twatoye neza kandi twishimira ko dufite n\u2019uburyo Abanyarwanda dufatanya muri gahunda nk\u2019iyi dushima Imana nta gihugu na kimwe uretse u Rwanda umukiristu n\u2019umusiramu bahurira mu gikorwa nk\u2019icyo  cyo gushima Imana,  ibi na byo n\u2019ubudasa kandi igikorwa nk\u2019iki  ni ngombwa kuko Roho nzima  itura mu mubiri muzima\u201d.<\/p>\n<p>[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Meya Radjabu yanavuze ko hari abanyamahanga benshi bifuza kuba Abanyarwanda biturutse ku buyobozi bwiza n\u2019imiyoborere myiza ya Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cTugeze heza kugeza aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda, hari abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda kubera imiyoborere myiza, mperutse kureba  aka video k\u2019umunyakenya avuga ko ari ibishoboka abanyarwanda bakabatije Perezida Kagame nibura igihe gito kugirango atunganye igihugu cyabo\u201d.<\/p>\n<p>Abaturage bavuga ko bishimira uburyo amatora yageze bakavuga ko bishimira umutuzo wabaye mu matora,<\/p>\n<p>Ndayirangije Jean Baptiste,  ni umuturage utuye mu murenge wa Gahengeri avuga ko gushima Imana kubera amatora uburyo yagenze byari bikwiye.<\/p>\n<p>Ati \u201ctwatoye neza ku buryo amatora yacu yari ameze nk\u2019ubukwe mu gihe ahandi usanga haba imvururu n\u2019ubwicanyi,  twebwe amatora yabaye mu mutuzo buri wese   akahitamo umukandida ashaka, twatoye neza ku buryo iyo wageraga ku cyumba cy\u2019itora wasangaga umeze nk\u2019utashye ubukwe  kandi kuba  Paul Kagame yaratowe twagombaga gushima Imana yashatse ko akomeza kutuyobora\u201d.<\/p>\n<p>Mu bice bitandukanye by&#8217;igihugu amatora ya perezida  wa Repuburika yo ku wa 4 Kanama 2017, bagiye bayitegura nk&#8217;ubukwe, ibi bikaba byaragiye binagaragara mu mirenge igize aka karere, aho nko mu murenge wa Kigabiro, akagari ka Cyanya, imidugudu yakoresheje amafaranga menshi mu gutaka ibyumba by\u2019itora kandi amafaranga yo gutegura atangwa n&#8217;abaturage ubwabo.<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><\/p>\n<p> <strong> <em>Ngabonziza Justin\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora umukuru w\u2019igihugu mu bw\u2019isanzure n\u2019amahoro, umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza. Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke b\u2019amadini n\u2019amatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere y\u2019amatora yabaye ku itariki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7510","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora umukuru w\u2019igihugu mu bw\u2019isanzure n\u2019amahoro, umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza. Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke b\u2019amadini n\u2019amatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere y\u2019amatora yabaye ku itariki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-25T09:33:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:40:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda &#8211; Meya Mbonyumuvunyi\",\"datePublished\":\"2017-09-25T09:33:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510\"},\"wordCount\":427,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510\",\"name\":\"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-25T09:33:29+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:40:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7510#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda &#8211; Meya Mbonyumuvunyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","og_description":"Mu giterane cyo gushima Imana kubera uburyo amatora yakozwemo, Abanyarwanda bagatora umukuru w\u2019igihugu mu bw\u2019isanzure n\u2019amahoro, umuyobozi w\u2019akarere ka Rwamagana yavuze ko u Rwanda rugeze aheza. Ku mugoroba wo ku wa 24 Nzeri 2017, nibwo abayoboke b\u2019amadini n\u2019amatorero akorera mu karere ka Rwamagana bahuriye mu biterane cyo gushima Imana, bishimira imigendekere y\u2019amatora yabaye ku itariki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-25T09:33:29+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:40:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda &#8211; Meya Mbonyumuvunyi","datePublished":"2017-09-25T09:33:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510"},"wordCount":427,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7510#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510","name":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda - Meya Mbonyumuvunyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-25T09:33:29+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:40:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7510"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7510#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Tugeze aheza, aho abanyamahanga bifuza kuba Abanyarwanda &#8211; Meya Mbonyumuvunyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7510","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7510"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7510\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7510"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7510"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7510"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}