{"id":7525,"date":"2017-09-25T21:08:51","date_gmt":"2017-09-25T21:08:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/25\/jay-polly-aravuga-ko-tuff-gangz-itazongera-gutandukana-ukundi\/"},"modified":"2017-09-25T21:08:51","modified_gmt":"2017-09-25T21:08:51","slug":"jay-polly-aravuga-ko-tuff-gangz-itazongera-gutandukana-ukundi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525","title":{"rendered":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umuraperi Jay  Polly arizeza abakunzi b\u2019iri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma y\u2019aho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye.<\/strong> <\/em><br \/>\nIbi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa \u201cFor Some one\u201d. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi b\u2019iri tsinda ko ritazongera gutandukana.<br \/>\nYagize ati &#8220;Twe twagiye gusubirana habayeho ibiganiro byinshi kuri buri umwe mu bagize Tuff Gangz, ndavuga Green P, Fireman, Bull Dog nanjye, twarebeye hamwe icyatumye dutandukana tugishakira umuti uhamye. Ndibaza ko ubu ikituraje ishinga ari ugukora business, kandi umuziki tugiye gukora utandukanye n\u2019uwo twakoraga mbere, mbere twashakaga kubaka izina ari ubu twinjiye mu gucuruza\u201d.<br \/>\nYakomeje avuga ko hari imishinga myinshi bahishiye abakunzi babo, harimo indirimbo iri hafi gushyirwa hanze bakoranye n\u2019umuhanzi The Ben.<br \/>\nTuff Gangz ni itsinda ryatangiye kumvikana mu muziki nyarwanda mu mwaka wa 2008, ryari rigizwe n\u2019abahanzi 5 aribo; P Fla, Green P, Fire Man, Jay Polly ndetse na Bull Dog.<br \/>\nKu ikubitiro mu mwaka wa 2010 Pfla yaje kwirukanwa muri iri tsinda ku mpamvu zitasobanuwe neza, ahanini ariko bagenzi be bamushinjaga kugira imyitwarire itari myiza.<br \/>\nAba bagabo bane bakomeje umuziki kugeza muri 2013 wabona nta kibazo kirimo hagati ya bo, basohoraga indirimbo bari kumwe ndetse rimwe na rimwe buri umwe muri bo agakora kugiti ke.<br \/>\nJay Polly yaje gukora indirimbo nyinshi zamenyekanye cyane bituma arenga kuri bagenzi be, ibi byanatumye bagenzi be batangira kumwishyiramo ko akoresha izina ry\u2019itsinda mu nyungu ze bwite, aha niho amakimbirane yatangiye kuvuka, bisa naho buri wese hano yari akomeje umuziki kugiti cye ariko babigira ibanga.<br \/>\nNyuma y\u2019aho gato mu mpera za 2014, haje kumvikana inkuru ko iritsinda rigiye gushyira hanze umuzingo w\u2019indirimbo bari kumwe bose, ariko iby\u2019uyu muzingo nta wamenya aho byahereye.<br \/>\nMu mpera za 2015 ni bwo ibyo bakomeje guhisha byaje kujya hanze maze aba bagabo baratandukana ku buryo bweruye, Green p, Fire Man na Bull Dog bajya ukwabo bashinga irindi tsinda bise Stone Church, Jay Polly nawe agumana Tuff Gang nshya yongeramo abandi bahanzi batavuzweho rumwe.<br \/>\nAha niho hatangiye kumvikana indirimbo ziganjemo kurasana mu magambo ku mpande zombi.<br \/>\nMu ntangiriro z\u2019uyu mwaka, amakuru yavuzwe kuri iri tsinda ni uko bose bashimangiraga ko bari mu biganiro byo kuba basubirana ndetse bagakora umuziki ari abahanzi batanu nk\u2019uko batangiye.<br \/>\nGusa siko byaje kugenda kuko mu ntangiriro za Nzeri nibwo Bull Dog, Jay Polly, Fireman na Green P basubiye gukorana nk\u2019itsinda mu gihe mugenzi wabo Pfla batangiranye , afungiye muri gereza ya Mageragere.<br \/>\nJay Polly kandi ntiyarebwe neza na bagenzi be bamushinjije kubibagirwa, ubwo yatwaraga igihembo cya Guma Guma Super Star.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><br \/>\nJean de Dieu Dushimimana \u2014 Bwiza.com<\/p>\n<div><\/div>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuraperi Jay Polly arizeza abakunzi b\u2019iri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma y\u2019aho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye. Ibi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa \u201cFor Some one\u201d. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi b\u2019iri tsinda ko ritazongera gutandukana. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[19],"tags":[],"class_list":["post-7525","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuraperi Jay Polly arizeza abakunzi b\u2019iri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma y\u2019aho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye. Ibi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa \u201cFor Some one\u201d. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi b\u2019iri tsinda ko ritazongera gutandukana. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-25T21:08:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi\",\"datePublished\":\"2017-09-25T21:08:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525\"},\"wordCount\":457,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-rwanda\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525\",\"name\":\"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-25T21:08:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7525#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA","og_description":"Umuraperi Jay Polly arizeza abakunzi b\u2019iri tsinda ko Tuff Gangz ikomeye kurusha uko yahoze ku buryo kongera gutandukana bitoroshye, ni nyuma y\u2019aho abagize itsinda Tuff Gangz basubiranye. Ibi Jay Polly yabitangarije Bwiza.com, ubwo yayigezagaho indirimbo ya Tuff Gangz nshya yitwa \u201cFor Some one\u201d. Uyu muhanzi yagarutse ku kizere aha abakunzi b\u2019iri tsinda ko ritazongera gutandukana. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-25T21:08:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi","datePublished":"2017-09-25T21:08:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525"},"wordCount":457,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-rwanda"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7525#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525","name":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-25T21:08:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7525"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7525#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Jay Polly aravuga ko Tuff Gangz itazongera gutandukana ukundi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7525","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7525"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7525\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7525"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7525"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7525"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}