{"id":754,"date":"2016-02-23T11:20:01","date_gmt":"2016-02-23T11:20:01","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/02\/23\/ese-kugirango-umwana-abe-umuhanga-abikura-mu-rugo-cyangwa-ni-mu-ishuri\/"},"modified":"2016-02-23T11:20:01","modified_gmt":"2016-02-23T11:20:01","slug":"ese-kugirango-umwana-abe-umuhanga-abikura-mu-rugo-cyangwa-ni-mu-ishuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754","title":{"rendered":"Ese kugirango umwana abe umuhanga  abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?"},"content":{"rendered":"<p>Kugira ngo icyerekezo 2050 kigerweho, birasaba ko abana bakiri bato bahabwa uburere n\u2019uburezi by\u2019ibanze bifatika ireme ry\u2019uburezi rikitabwaho, kuko ubukungu bw\u2019igihugu  bushingiye ku bwenge bw\u2019abaturage, akaba ariyo mpamvu hashyizweho politiki nshya izafasha abana bato kubona uburezi, uburere n\u2019imibereho myiza bakiri bato.<br \/>\nMu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y\u2019imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba zihamye zo gukomeza no gushimangira uburezi bufite ireme kandi kuri bose, niyo mpamvu abaturarwanda bagaragaza uruhare rwabo  (&#8230;)<br \/>\nMu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y\u2019imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba zihamye zo gukomeza no gushimangira uburezi bufite ireme kandi kuri bose, niyo mpamvu hashyizweho gahunda zitandukanye nk\u2019uburezi bw\u2019ibanze bw\u2019imyaka icyenda n\u2019ubw\u2019imyaka 12 n\u2019ibindi.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25110\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg\" alt=\"umwana\" width=\"682\" height=\"383\" \/><\/a><br \/>\nKugirango bigerweho neza; Hari icyo  ababyeyi yakagombye gukora kugirango bashyigikire uburere mboneragihugu n\u2019iterambere muri rusange.<br \/>\nAbahanga mu by\u2019ububurezi bavuga ko umwana atangira kurerwa akiri mu nda ya nyina, ngo mu mezi atanu umwana aba ashobora kumva umuziki, bikaba bituma ubwonko bwe bukora neza cyane, ku buryo byamuviramo kuba umuhanga.<br \/>\nMu mezi arindwi akaba ashobora kumva ijwi rya se cyangwa rya nyina. Akaba ariyo mpamvu umubyeyi agomba kwitabwaho kuva agisama.<br \/>\nNkuko Minisiteri y\u2019ubuzima idahwema kubikangurira umuryango nyarwanda. Burya iyo umubyeyi yishimye cyangwa ababaye umwana bimugiraho ingaruka. Umwana rero ugomba kumwereka urukundo mu gihe akiri munda. Cya gihe ukora ku nda yanyina ukabona ateye akageri burya uburere buba bwatangiye. Iyo ni inshingano yabagabo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana2.gif\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-25111\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana2.gif\" alt=\"umwana2\" width=\"695\" height=\"349\" \/><\/a><br \/>\nBabyeyi rero mushyigikire politiki nshya yiswe\u201dEarly Childhood Development\u201d igamije kuzamura uburezi n\u2019uburere bw\u2019umwana muto kugira ngo mwarimu ajye ashyikirizwa umwana ufite uburere.<br \/>\nByaragaragaye ko uburere bwa mbere umwana abuhabwa n\u2019ababyeyi. \u201cigiti kigororwa kikiri gito\u201d. Nta mwana unanirana ahubwo hananirana umubyeyi nkuko Byumvuhore yabivuze mu gitabo cye Umurage, ati: intero yiki giheye iranyobeye ngo \u201cabana bubu barananiranye. Ahubwo \u201cababyeyi bubu barananiranye\u201d. Ntibakiganira n\u2019abana babo.<br \/>\nByaragaragaye ko kubera ko abana benshi bamarana umwanya munini n\u2019abakozi bo mu rugo bituma batora imico yabo hatitawe ku mateka yabo, dore ko benshi badafata umwanya ngo baganire nabo bakozi bamenye icyatumye bava iwabo.<br \/>\nNiho usanga umwana amagambo ya mbere amenya ari ibitutsi bishingiye ku myanya myibarukiro no gushihagurana no kurwana nabo bava indimwe.<br \/>\nHari icyo wakora kugirango umenye uko umwana yiriwe, Birasaba ko ababyeyi baha abana umwanya, babaganiriza, niba hari ibyo umukozi yabakoreye ukabimenya. Tugomba kwibanda ku kintu cyo kuba inshuti n\u2019umwana kandi akakubona bihagije, kuko umwana si uw\u2019umukozi. Abagabo kandi ntibaharire uwo mwanya abagore. Birakwiye ko tuganira n\u2019abana bacu tukabigisha indanga gaciro na kirazira. Abahanga bagaragaje ko mu gihe uganiriye n\u2019umwana wawe bituma aba umuhanga akigirira akamaro kandi akakagirira igihugu cye.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Kayigana Victor @bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kugira ngo icyerekezo 2050 kigerweho, birasaba ko abana bakiri bato bahabwa uburere n\u2019uburezi by\u2019ibanze bifatika ireme ry\u2019uburezi rikitabwaho, kuko ubukungu bw\u2019igihugu bushingiye ku bwenge bw\u2019abaturage, akaba ariyo mpamvu hashyizweho politiki nshya izafasha abana bato kubona uburezi, uburere n\u2019imibereho myiza bakiri bato. Mu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y\u2019imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-754","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=754\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kugira ngo icyerekezo 2050 kigerweho, birasaba ko abana bakiri bato bahabwa uburere n\u2019uburezi by\u2019ibanze bifatika ireme ry\u2019uburezi rikitabwaho, kuko ubukungu bw\u2019igihugu bushingiye ku bwenge bw\u2019abaturage, akaba ariyo mpamvu hashyizweho politiki nshya izafasha abana bato kubona uburezi, uburere n\u2019imibereho myiza bakiri bato. Mu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y\u2019imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=754\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-02-23T11:20:01+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?\",\"datePublished\":\"2016-02-23T11:20:01+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754\"},\"wordCount\":458,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/umwana.jpg\",\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754\",\"name\":\"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/umwana.jpg\",\"datePublished\":\"2016-02-23T11:20:01+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/umwana.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/02\\\/umwana.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=754#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA","og_description":"Kugira ngo icyerekezo 2050 kigerweho, birasaba ko abana bakiri bato bahabwa uburere n\u2019uburezi by\u2019ibanze bifatika ireme ry\u2019uburezi rikitabwaho, kuko ubukungu bw\u2019igihugu bushingiye ku bwenge bw\u2019abaturage, akaba ariyo mpamvu hashyizweho politiki nshya izafasha abana bato kubona uburezi, uburere n\u2019imibereho myiza bakiri bato. Mu gihe u Rwanda rutumbiriye icyerekezo 2050 na gahunda y\u2019imbaturabukungu (EDPRS) rukomeje gushyiraho ingamba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-02-23T11:20:01+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?","datePublished":"2016-02-23T11:20:01+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754"},"wordCount":458,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg","articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=754#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754","name":"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg","datePublished":"2016-02-23T11:20:01+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=754"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/02\/umwana.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=754#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese kugirango umwana abe umuhanga abikura mu rugo cyangwa ni mu ishuri?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/754","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=754"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/754\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=754"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=754"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=754"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}