{"id":7555,"date":"2017-09-27T16:25:52","date_gmt":"2017-09-27T16:25:52","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/27\/dore-ibyo-ukwiye-kwitwararikamo-mbere-yo-kugira-uwo-usoma\/"},"modified":"2025-07-10T01:41:08","modified_gmt":"2025-07-09T23:41:08","slug":"dore-ibyo-ukwiye-kwitwararikamo-mbere-yo-kugira-uwo-usoma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555","title":{"rendered":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana.<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina <\/strong> . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nk\u2019ikimenyetso cy\u2019urukundo mufitanye.<br \/>\n <strong>2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo ibitekerezo byinshi byo gusomana nka kanaka wabonye cyangwa wumvise.<\/strong>  Soma umukunzi wawe mu buryo busanzwe kandi bworoshye umwereka ko umukunze.<br \/>\n <strong>3.Mbere y\u2019uko usoma umukunzi wawe cyangwa undi muntu ugomba kumenya niba abishaka.<\/strong> Ushobora kubimusaba cyangwa ukareba ibimenyetso byerekana ko agushaka nko kuba arimo kukwegera cyane cyangwa akumwenyurira k\u2019uburyo ubona ko agukunze.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<br \/>\n <strong>4.Ntugatamire umunwa wose w\u2019umukunzi wawe<\/strong> . Abagore ntibakunda umuntu ubasoma ku buryo iminwa itoha cyane.<br \/>\n <strong>5.Ntugakomeze iminwa yawe.<\/strong>  Jya ureka iminwa yorohe. Ntugafunge iminwa yawe. Ugusoma agomba kumva iminwa yawe yoroshye, yirekuye kandi ishimishije, imutegereje.<br \/>\n <strong>6.Abagore benshi bakunze gusomwa banakorwa mu misatsi.<\/strong>  Ntukibagirwe gukora mu misatsi y\u2019umugore wawe cyangwa undi mukunzi.<br \/>\n <strong>7.Ntabwo ari ngombwa ko ukoresha ururimi kugira ngo gusomana biryohe.<\/strong>  Gusomana kwinshi kuryoha ntigukoresha ururimi. Gukoresha ururimi(French Kiss) biraryoha ariko iyo umuntu abisobanukiwe neza. Niba utabisobanukiwe, byihorere gusomesha iminwa biraryoha na byo.<br \/>\n <strong>8.Iyo umaze kumenyerana n\u2019umukunzi wawe ushobora kugerageza uburyo bwo gusomana bwabashimisha.<\/strong><br \/>\n <strong>9.Ntugasuzugure gusomana.<\/strong>  Ni ubryo bwo kuvuga ibyo udashobora kwatuza amagambo ! Kumubwira ko umukunda kandi ko wifuza ko muba umwe. Abagabo benshi babona ko gusomana ari inzira ifite aho ibaganisha-ku gitsina. Ni byiza kubaha gusoma ukabikora ubikunze, iyo umugore abibonye ashobora kugusaba ko mujya mu yindi ntera.<br \/>\n <strong>10.Ni byiza gusomana uhumirije.<\/strong> Ushobora gutangira gusomana ureba ariko iyo iminwa imaze gukoranaho ni byiza gufunga amaso kuko bituma wibagirwa byose ugatekereza gusa ku gikorwa cyo gusomana. Abantu bakunze kuvuga ko niba umugabo arimo kugusoma areba ataba akwitayeho. Ni byo. Nuramuka urimo gusomana n\u2019umuntu ukabona arakanuye uzamenye ko utamuba mu mutima.<br \/>\n <strong>11.Mbese urashaka ko agusoma ?<\/strong>  Mwegere. Umusekere, umurebe mu maso aho kureba hirya cyangwa hasi. Wikwipfumbata ahubwo irekure.<br \/>\nUgomba kwerekana ibimenyetso by\u2019uko ushaka ko agusoma .Ku bagore, niba wifuza ko umugabo agusoma ugomba kwicara umwegereye kandi umureba. Niba muhagaze ntugomba kumutera umugongo. Ahubwo uramwegera ukamureba mu maso !<br \/>\nUshobora kumusaba ko agufungira neza iherena cyangwa akurebera niba urunigi rwawe rufunze neza ! Kugira ngo abikore bisaba ko akuzengurutsa amaboko icyo gihe uhita umureba mu maso uteretse amaso ukamuhamagara mu izina n\u2019akajwi koroshye. Ntiyabura kugusoma.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">Kanda hano ubone amakuru yihuse kandi ku gihe kuri Facebook no kuri twitter <\/a><a href=\"http:\/\/kanda%20hano%20ubone%20amakuru%20yihuse%20kandi%20ku%20gihe%20kuri%20facebook%C2%A0no%20kuri%20twitter\/\">ku gihe kuri Facebook no kuri twitter<\/a><br \/>\n <strong> <em>Kamikazi Gentille\/Bwiza.com<\/em> <\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nk\u2019ikimenyetso cy\u2019urukundo mufitanye. 2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-7555","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nk\u2019ikimenyetso cy\u2019urukundo mufitanye. 2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-27T16:25:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T23:41:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma\",\"datePublished\":\"2017-09-27T16:25:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555\"},\"wordCount\":423,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555\",\"name\":\"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-27T16:25:52+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T23:41:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7555#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA","og_description":"Kubona abasomana mu mashusho biroroshye ariko kubishyira hagati yanyu mwe mwashakanye cyangwa muri mu nzira yabyo ni ikindi kibazo gikomeye. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mu giye guhuza igitsina . Gusomana bigomba gukorwa buri gihe nk\u2019ikimenyetso cy\u2019urukundo mufitanye. 2.Kugira ngo utigora mu gusomana, wikwishyiramo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-27T16:25:52+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T23:41:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma","datePublished":"2017-09-27T16:25:52+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555"},"wordCount":423,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7555#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555","name":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-27T16:25:52+00:00","dateModified":"2025-07-09T23:41:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7555"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7555#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore ibyo ukwiye kwitwararikamo mbere yo kugira uwo usoma"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7555","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7555"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7555\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7555"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7555"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7555"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}