{"id":7561,"date":"2017-09-28T09:45:32","date_gmt":"2017-09-28T09:45:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/28\/umunsi-mpuzamahanga-wo-kubona-amakuru-ubaye-ubukene-bunuma-mu-itangazamakuru\/"},"modified":"2025-02-12T15:39:38","modified_gmt":"2025-02-12T13:39:38","slug":"umunsi-mpuzamahanga-wo-kubona-amakuru-ubaye-ubukene-bunuma-mu-itangazamakuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561","title":{"rendered":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Tariki ya 28 Nzeri, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru. Mu Rwanda uyu munsi ubaye itangazamakuru rihanganye n\u2019ibibazo by\u2019ubukene, imwe mu mpamvu ituma abanyamakuru batangaza ayo bahabwa, bagenewe cyangwa batumiriwe, nyamara ari kure batabasha kuyageraho kubera ubushobozi buke.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Abakora n\u2019abakorana n\u2019itangazamakuru bishimira ko nibura hagiyeho itegeko ryo kubona amakuru rimaze imyaka ine (itegeko no 04\/2013), hakajyaho abakozi bashinzwe kuyatanga muri buri rwego rwa Leta, kandi hakaba hariho urwego rw\u2019abanyamakuru bigenzura.<\/p>\n<p>Imikorere y\u2019uru rwego ni kimwe  mu bituma magingo aya nta munyamakuru uhohoterwa n\u2019inzego izo ari zo zose,ndetse nta n\u2019upfa gufungirwa ikosa ry\u2019umwuga. Byinshi bibanza gucocerwa imbere y\u2019inteko y\u2019uru rwego.<\/p>\n<p>Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru, ubaye mu Rwanda ibitangazamakuru bivuka umunsi ku wundi, ari na ko bimwe bifunga imiryango kandi byaratangiye wumva bifite umurongo mwiza ariko amikoro akaba make. Na bimwe mu bisigaye, usanga ari nka bwa  <em>\u2018Buro bwinshi butagira umusururu\u2019<\/em> , bitangaza amakuru aryohereye kurusha afite akamaro, byose hagamijwe kureshya ababitangamo amatangazo no kunezeza abanyabubasha.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Aha niho usanga amaradiyo menshi yivugira ibya siporo, kugeza n\u2019aho asaga atanu aba yogeza imipira yo mu mahanga benshi mu banyarwanda batanazi. Ibi kandi bituma amakuru atambuka muri byinshi mu binyamakuru aba asa, ntihagaragaremo urusobe rw\u2019inderi zinyuranye.<\/p>\n<p>Abanyamakuru benshi ku bw\u2019ubushobozi buke, baracyagaragaraho gutangaza amakuru batumiriwe, bagaherwa akanozangendo, nyamara iyo mu cyaro batagera ibintu bigenda nabi.<\/p>\n<p>Ku bw\u2019amahirwe ariko, nta wabura no kwishimira igikorwa cy\u2019Inama nkuru y\u2019Itangazamakuru cyo kujya ifata bamwe mu banyamakuru ikabajyana iyo giterwa inkingi  bakabonana n\u2019abaturage, bakereba ibyagezweho n\u2019ibitaragezweho.<\/p>\n<p>Niho bamwe babasha kuvumbura amashuri yigirwamo n\u2019abana benshi kandi bahagaze, imihanda ikorwa nabi ntimare kabiri, amasoko yubakwa nta ruhare rw\u2019abaturage bikarangira atarema, amakusanyirizo y\u2019amata abura umusaruro n\u2019ibindi.<\/p>\n<p> <strong>Kubona amakuru biragoye nubwo hari itegeko<\/strong> <\/p>\n<p>Kubona amakuru mu bigo byigenga nk\u2019amabanki, amakoperative, amasosiyete y\u2019ubwishingizi, amashuri yigenga n\u2019ahandi biracyari ingorabahizi, ndetse ni kure nk\u2019ukwezi.<\/p>\n<p>Bamwe mu bategetsi mu nzego za Leta nabo basa n\u2019abatazi ko iryo tegeko rihari, nubwo bahuguwe bihagije. Niko bamwe bashyira amananiza ku banyamakuru, rimwe bati,  \u201cndi mu nama ndaguhamagara mu kanya, ndi mu muhanda ndatwaye,&#8230; umunsi ukarenga ntabikozwe\u201d.<\/p>\n<p>Abandi barandikirwa ntibasubize, bagasaba ko umunyamakuru abasanga iyo bari, akazitirwa na bwa bushobozi buke.<\/p>\n<p>Hari n\u2019abarangwa n\u2019agahimano cyangwa amananiza, n\u2019amakuru aguhaye ugasanga agoranye gukoreshwa. Urugero: Wamwandikira akagusubiza muri pdf (inyandiko irinzwe) kandi ari wowe yandikiye gusa.<\/p>\n<p>Haracyari n\u2019abayobozi bifatira abanyamakuru ku gahanga ngo \u2018barabavumye\u2019, ngo kuko bababujije gutangaza amakuru runaka bakabikora. Aha biyibagiza ko umukoresha w\u2019umunyamakuru ari rubanda kurusha kuba umutegetsi. Amakuru afitiye abantu akamaro yagombye kubagezwaho.<\/p>\n<p>Abashinzwe gutanga amakuru mu bigo nabo si ko bose ari shyashya, usanga bari mu kwaha kw\u2019abayobozi, bamwe bakora ibyo batahamagariwe: bahindutse ba IT, kwakira abashyitsi, gususurutsa ibiganiro,&#8230;<\/p>\n<p>Ibi bibonekera ku mbuga z\u2019uturere n\u2019ibigo, aho usanga hariho amakuru amaze ukwezi nk\u2019aho akarere kadakora, nabwo hakorwa inkuru z&#8217;umuganda usoza ukwezi gusa, Hari n\u2019aho usanga umuyobozi umaze igihe atari mu kazi akomeza kugaragara nk\u2019ugihari (ifoto ye, inimero ye). Hari kandi abashyira amafoto y\u2019abayobozi ku mbuga, ariko ntibashyireho uburyo baboneka kandi aribyo bikenewe.<\/p>\n<p>Cyakora hari uturere duke nka Ngoma, Gicumbi na Burera, ujya ku mbuga zabo ukanabonaho umukuru wa buri mudugudu gusubiza hejuru, abayobozi b\u2019amashuri n\u2019amavuriro, abakozi bose b\u2019akarere n\u2019abafatanyabikorwa. Utundi twinshi, n\u2019abanyamabanga nshingwabikorwa b\u2019imirenge ntibagaragara. Aha niho ubonera ko bakoreshwa ibindi badashinzwe, kuko ibyo ntibisaba umwanya mwinshi.<\/p>\n<p>Ngaho rero niba umunyakuru ahura n\u2019inzitizi nk\u2019izo mu kubona amakuru, ese ubwo umuturage we byamworohera, nubwo itegeko ribiteganya?<\/p>\n<p>Abayobozi ntibaramenya ko gutangaza ibyo bikorera abaturage bishobora kugira uruhare mu kubigeraho neza.<\/p>\n<p>Uyu munsi saa yine z\u2019amanywa, Ishami ry\u2019umuryango w\u2019abibumbye ryita ku burezi n\u2019umuco UNESCO, rirahuza abayobozi banyuranye, abanyamakuru, inzobere n\u2019abagize imiryango itari iya Leta. Aha ku cyicaro cya UNESCO i Paris, bararebera hamwe uburyo guhana amakuru byagabanya ubusumbane mu bantu, bigateza imbere ireme ry\u2019uburezi, kandi bigashyigikira umugambi wo kugeza amazi meza ku batuye isi, n\u2019ibindi.   <\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong>         <\/p>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Tariki ya 28 Nzeri, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru. Mu Rwanda uyu munsi ubaye itangazamakuru rihanganye n\u2019ibibazo by\u2019ubukene, imwe mu mpamvu ituma abanyamakuru batangaza ayo bahabwa, bagenewe cyangwa batumiriwe, nyamara ari kure batabasha kuyageraho kubera ubushobozi buke. Abakora n\u2019abakorana n\u2019itangazamakuru bishimira ko nibura hagiyeho itegeko ryo kubona amakuru rimaze imyaka ine (itegeko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7561","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Tariki ya 28 Nzeri, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru. Mu Rwanda uyu munsi ubaye itangazamakuru rihanganye n\u2019ibibazo by\u2019ubukene, imwe mu mpamvu ituma abanyamakuru batangaza ayo bahabwa, bagenewe cyangwa batumiriwe, nyamara ari kure batabasha kuyageraho kubera ubushobozi buke. Abakora n\u2019abakorana n\u2019itangazamakuru bishimira ko nibura hagiyeho itegeko ryo kubona amakuru rimaze imyaka ine (itegeko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-28T09:45:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:39:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda\",\"datePublished\":\"2017-09-28T09:45:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:39:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561\"},\"wordCount\":692,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561\",\"name\":\"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-28T09:45:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:39:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7561#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA","og_description":"Tariki ya 28 Nzeri, isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru. Mu Rwanda uyu munsi ubaye itangazamakuru rihanganye n\u2019ibibazo by\u2019ubukene, imwe mu mpamvu ituma abanyamakuru batangaza ayo bahabwa, bagenewe cyangwa batumiriwe, nyamara ari kure batabasha kuyageraho kubera ubushobozi buke. Abakora n\u2019abakorana n\u2019itangazamakuru bishimira ko nibura hagiyeho itegeko ryo kubona amakuru rimaze imyaka ine (itegeko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-28T09:45:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:39:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda","datePublished":"2017-09-28T09:45:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:39:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561"},"wordCount":692,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7561#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561","name":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-28T09:45:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:39:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7561"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7561#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunsi mpuzamahanga wo kubona amakuru ubaye ubukene bunuma mu itangazamakuru ryo mu Rwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7561","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7561"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7561\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7561"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7561"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7561"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}