{"id":7580,"date":"2017-09-29T09:57:38","date_gmt":"2017-09-29T09:57:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/09\/29\/katabagemu-bashyizeho-amasaha-yo-kutarenza-mu-kabari-hagamijwe-kubungabunga\/"},"modified":"2025-02-12T15:39:30","modified_gmt":"2025-02-12T13:39:30","slug":"katabagemu-bashyizeho-amasaha-yo-kutarenza-mu-kabari-hagamijwe-kubungabunga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580","title":{"rendered":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango"},"content":{"rendered":"<p>Mu tugari n\u2019imidugudu inyuranye muri uyu murenge, nta mugore urenza saa mbiri z\u2019ijoro akiri mu kabari, kandi nyuma y\u2019amasaha abiri n\u2019umugabo agomba kuba amusanze bakegera abana. Hamwe abagore bataha saa kumi n\u2019ebyiri abagabo bagataha saa mbiri, ahandi abagore bataha saa mbiri, abagabo baho bakageza saa yine z\u2019ijoro.<\/p>\n<p>Abagore n\u2019abagabo batuye umurenge wa Katabagemu muri Nyagatare bafite amasaha buri cyiciro kitarenza yo gutaha bagasanga abana. Ubuyobozi bw\u2019umurenge buvuga ko \u201cNta muryango wubakirwa mu kabari\u201d, bityo bagomba kukavamo kare bakagana ingo zabo.<\/p>\n<p>Ni mu kiganiro Urubuga  rw\u2019abaturage n\u2019abayobozi, umuryango w\u2019abanyamakuru baharanira amahoro wakoreye ku kagari ka Nyakigando muri uyu murenge wa Katabagemu, ku birometero nka 20 uvuye Karangazi ku muhanda wa kaburimbo, ukatiye ibumoso.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Abaturage bakitabiriye ari benshi, cyane ko baboneyeho kwakira umunyamabanga nshingwabikorwa mushya Ndamage Andrew, uje usimbura uwahahoze uherutse gusezera. Abagore n\u2019abagabo babukereye, kandi ntawe uniganwa ijambo cyangwa ngo aryivutse.<\/p>\n<p>Umurutasate wo mu mudugudu wa Rebero, mu kagari ka Nyakigando, avuga ko bikwiye ko umugore ataha mbere y\u2019umugabo. Ati, \u201cHari imirimo iba imutegereje nko guteka, gukarabya abana no kubaryamisha, umugabo yagombye gutaha hari aho imwe muri iyo mirimo igeze\u201d.<\/p>\n<p>Ku bwa Yusitini, ngo iyo umugore afite akazi ka kure ashaka umukozi umusimbura muri iyo mirimo, ariko ngo iyo ari akazi katamara igihe n\u2019umugabo arayikora, mu rwego rwo kuzuzanya mu muryango.<\/p>\n<p>Abandi bagabo nka Yusitini, bemeraga ko umugabo akiri umutware, ariko ntibatsimbarara cyane, bazirikana ko ababyeyi bombi bakenewe mu rugo ku bw\u2019inyungu z\u2019abana.<\/p>\n<p>Umwe agira ati, \u201cSinatahira rimwe n\u2019umugore, ngomba gusanga yamaze guteka no kuryamisha abana, nkarya nanjye nkaryama\u201d.<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akagari ka Nyakigando, Niyonsaba Gabriel ashimangira ko uburere bw\u2019abana bureba ababyeyi bombi, ko umugabo atagombye kubiharira umugore, ngo we yitindire mu kabari. Anavuga ko umugabo yareba uko abana bavuye ku ishuri, akamenya ibyo bize n\u2019ibyo batahanye gukorera mu rugo akabafasha, akumva ibyo batumwe n\u2019ibindi bakeneye; mu gihe umugore yaba ari mu yindi mirimo.<\/p>\n<p>Uko biri kose, ubuyobozi bw\u2019umurenge n\u2019abaturage bahuriza ku kintu kimwe, \u201cutubari tw\u2019uyu murenge twose tuba dufunze saa yine z\u2019ijoro, maze abaturage bagaha rugari abashinzwe umutekano\u201d.  <\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa(mushya) w\u2019umurenge wa Katabagemu, Ndamage Andrew, avuga ko umuntu urenza ayo masaha nta gihano ateganyirizwa, ariko ngo asakirana n\u2019abashinzwe umutekano bakamwigisha igikwiye gukorwa. Ati, \u201cNta muryango wubakirwa mu kabari, bagomba gutaha bakareba abana kuko ni cyo gihugu cy\u2019ejo. Utinze mu mayira agahura n\u2019inzego z\u2019umutekano, bamwigisha ko gutaha kare ari byiza, ariko ubigize akamenyero nawe baramumenya\u201d.<\/p>\n<p>Ingingo ya 209 y\u2019itegeko rishya rigenga umuryango n\u2019abantu, ivuga ko umugore n\u2019umugabo bombi ari abatware b\u2019urugo.<\/p>\n<p>Igira iti,  \u201cAbashyingiranywe bafatanya ubuyobozi bw\u2019 urugo rwabo harimo kurwitaho kugira ngo rugwize umuco mwiza n\u2019 ibirutunga no kurwubaka rugakomera. Umwe mu bashyingiranywe yiharira iyo nshingano iyo undi adashobora kuyikora .Iyo batabyumvikanyeho byemezwa n\u2019 inzego zibifitiye ububasha \u201c.<\/p>\n<p>Ni ingingo yaje ikuraho iyari mu itegeko rya kera(1999) yavugaga ko umugabo ari we mutware w\u2019 urugo. Iyi ngingo mu murenge wa Katabagemu barayumva nubwo batari bayizi, kuko abagore n\u2019abagabo bemera ko inshingano z\u2019urugo zibareba bombi.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu tugari n\u2019imidugudu inyuranye muri uyu murenge, nta mugore urenza saa mbiri z\u2019ijoro akiri mu kabari, kandi nyuma y\u2019amasaha abiri n\u2019umugabo agomba kuba amusanze bakegera abana. Hamwe abagore bataha saa kumi n\u2019ebyiri abagabo bagataha saa mbiri, ahandi abagore bataha saa mbiri, abagabo baho bakageza saa yine z\u2019ijoro. Abagore n\u2019abagabo batuye umurenge wa Katabagemu muri Nyagatare [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7580","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu tugari n\u2019imidugudu inyuranye muri uyu murenge, nta mugore urenza saa mbiri z\u2019ijoro akiri mu kabari, kandi nyuma y\u2019amasaha abiri n\u2019umugabo agomba kuba amusanze bakegera abana. Hamwe abagore bataha saa kumi n\u2019ebyiri abagabo bagataha saa mbiri, ahandi abagore bataha saa mbiri, abagabo baho bakageza saa yine z\u2019ijoro. Abagore n\u2019abagabo batuye umurenge wa Katabagemu muri Nyagatare [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-09-29T09:57:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:39:30+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango\",\"datePublished\":\"2017-09-29T09:57:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:39:30+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580\"},\"wordCount\":537,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580\",\"name\":\"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-09-29T09:57:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:39:30+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7580#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA","og_description":"Mu tugari n\u2019imidugudu inyuranye muri uyu murenge, nta mugore urenza saa mbiri z\u2019ijoro akiri mu kabari, kandi nyuma y\u2019amasaha abiri n\u2019umugabo agomba kuba amusanze bakegera abana. Hamwe abagore bataha saa kumi n\u2019ebyiri abagabo bagataha saa mbiri, ahandi abagore bataha saa mbiri, abagabo baho bakageza saa yine z\u2019ijoro. Abagore n\u2019abagabo batuye umurenge wa Katabagemu muri Nyagatare [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-09-29T09:57:38+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:39:30+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango","datePublished":"2017-09-29T09:57:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:39:30+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580"},"wordCount":537,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7580#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580","name":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-09-29T09:57:38+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:39:30+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7580"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7580#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Katabagemu: Bashyizeho amasaha yo kutarenza mu kabari hagamijwe kubungabunga umuryango"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7580","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7580"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7580\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7580"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7580"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7580"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}