{"id":7635,"date":"2017-10-02T16:45:31","date_gmt":"2017-10-02T16:45:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/02\/uganda-u-rwanda-rurahakana-kuba-ruri-gufasha-igp-kale-kayihura-kuzasimbura\/"},"modified":"2017-10-02T16:45:31","modified_gmt":"2017-10-02T16:45:31","slug":"uganda-u-rwanda-rurahakana-kuba-ruri-gufasha-igp-kale-kayihura-kuzasimbura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635","title":{"rendered":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni"},"content":{"rendered":"<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda yateye utwatsi amakuru ari mu gihugu cya Uganda avuga ko u Rwanda rwaba rushaka gufasha umukuru w\u2019igipolisi cya Uganda kuzasimbura perezida Museveni igihe azaba avuye ku butegetsi.<\/p>\n<p>\u201c <em>Nta business dufitanye na Gen Kale<\/em> \u201d, uyu ni Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Uganda, Major Gen. (Rtd) Frank Mugambage.<\/p>\n<p>Ambasaderi Mugambage yakomeje avuga ko abarwanya Kayihura ari bo bazana ibyo bihuha kandi ngo ni ikintu cyo kurebwa.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Ibi Ambasaderi Mugambage yabitangaje kuri iki Cyumweru mu kiganiro cyihariye yagiranye na Chimpreports, dukesha iyi nkuru, imusanze aho atuye muri Kololo, mu nkengero za Kampala. Ambasaderi Mugambage akaba yasubizaga ibibazo byinshi bikomeje kugaragara mu itangazamakuru no mu zindi nzego za Uganda.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Ikibazo cyo kuba u Rwanda rushyigikiye rwihishwa Kayihura ntacyo kiri cyo usibye ibihimbano<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019uko hari amakuru amaze iminsi ahwihwiswa avuga ko Guverinoma y\u2019u Rwanda yaba iri gukorana bya hafi na Kayihura hagamijwe gutuma azafata ubutegetsi igihe Museveni azaba agiye mu kiruhuko.<\/p>\n<p>Abahuza imikoranire ya Gen Kale Kayihura na guverinoma y\u2019u Rwanda bavuga ko yagiye akorana n\u2019igipolisi cy\u2019u Rwanda muri gahunda zo gutoza abapolisi no kurwanya ibyaha byambukiranya imipaka. Bavuga kandi ko ubwumvikane bucye bumaze iminsi buranga Gen. Kayihura na Lt Gen. Henry Tumukunde, bwatewe nuko uyu wa nyuma ngo azi iby\u2019uyu mubano wa hafi wa Kayihura na Leta y\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Uyu Lt Gen. Tumukunde ngo akaba yarayoboye urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda igihe umubano w\u2019ibihugu byombi utari wifashe neza. Nyamara ariko, ngo ku mbaraga z\u2019uwari ambasaderi wa Uganda mu Rwanda, Richard Kabonero ndetse na Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Uganda, Frank Mugambage, ngo umubano waje gusubira mu buryo byuzuye.<\/p>\n<p>Nyamara ariko, ngo ibihuha bihari muri iki gihe na raporo z\u2019inzego z\u2019ubutasi bigaragaza ko ibi bihugu by\u2019ibivandimwe bishobora kongera kwisanga mu ntambara y\u2019ubutita.<\/p>\n<p>Kuri iki kibazo cy\u2019umubano wa Gen Kayihura na leta y\u2019u Rwanda, Ambasaderi Mugambage avuga ko abashaka guhimba ibinyoma kubera ibibazo bafitanye na Kayihura, bashobora kuvuga icyo bashatse cyose.<\/p>\n<p>Amb. Mugambage ati: \u201c <em>Gahunda y\u2019u Rwanda ni iy\u2019iterambere kandi ruzakomeza gukorana n\u2019abaturanyi mu kugera ku ntego rusange mu bijyanye n\u2019umutekano n\u2019iterambere ry\u2019ibikorwaremezo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ku kibazo cyo kuba u Rwanda rwaba rufite inyungu mu kugena uzasimbura Museveni ku mpamvu z\u2019umutekano wa politiki mu Rwanda, Mugambage yasubije ko ari ibinyoma, abaza impamvu u Rwanda rwagira ikibazo ku muntu wayobora Uganda. Ati:\u201c <em>Ni ibibazo bya Uganda<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje agira ati: \u201c <em>U Rwanda rufite byinshi byo gukora. Ibi byose tubibona gusa mu itangazamakuru. Nta kintu nk\u2019icyo gihari<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Ambasaderi Mugambage yanagarutse ku Munyarwanda, Rene Rutagungira washimutiwe muri Uganda muri Kanama uyu mwaka, n\u2019abantu batatu bari bafite imbunda bamusanze mu kabari kitwa Bahamas Bar gaherereye muri Old Kampala, asobanura ko na n\u2019ubu hataramenyekana aho aherereye nubwo abo mu muryango we bo bakomeje kwemeza ko afungiye ku cyicaro cy\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare (CMI) ahitwa Mbuya.<\/p>\n<p>Abayobozi mu gisirikare cya Uganda batangaje ko Rutagungira yari arimo arakorwaho iperereza ku kugira uruhare mu bikorwa byo guhungabanya umutekano wa Uganda, ariko bakavuga ko nabo batazi aho aherereye.<\/p>\n<p>Ambasaderi Mugambage avuga ko iki kibazo cyagejejwe ku nzego kireba, aho avuga ko ambasade yandikiye minisiteri y\u2019ububanyi n\u2019amahanga ndetse bakaba barabajije izindi nzego nk\u2019igipolisi n\u2019inzego z\u2019ubutasi ariko nta n\u2019umwe wemera ko afite Rutagungira.<br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong><br \/>\n\u00a0<br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guverinoma y\u2019u Rwanda yateye utwatsi amakuru ari mu gihugu cya Uganda avuga ko u Rwanda rwaba rushaka gufasha umukuru w\u2019igipolisi cya Uganda kuzasimbura perezida Museveni igihe azaba avuye ku butegetsi. \u201c Nta business dufitanye na Gen Kale \u201d, uyu ni Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Uganda, Major Gen. (Rtd) Frank Mugambage. Ambasaderi Mugambage yakomeje avuga ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-7635","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guverinoma y\u2019u Rwanda yateye utwatsi amakuru ari mu gihugu cya Uganda avuga ko u Rwanda rwaba rushaka gufasha umukuru w\u2019igipolisi cya Uganda kuzasimbura perezida Museveni igihe azaba avuye ku butegetsi. \u201c Nta business dufitanye na Gen Kale \u201d, uyu ni Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Uganda, Major Gen. (Rtd) Frank Mugambage. Ambasaderi Mugambage yakomeje avuga ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-02T16:45:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni\",\"datePublished\":\"2017-10-02T16:45:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635\"},\"wordCount\":579,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635\",\"name\":\"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-02T16:45:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7635#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA","og_description":"Guverinoma y\u2019u Rwanda yateye utwatsi amakuru ari mu gihugu cya Uganda avuga ko u Rwanda rwaba rushaka gufasha umukuru w\u2019igipolisi cya Uganda kuzasimbura perezida Museveni igihe azaba avuye ku butegetsi. \u201c Nta business dufitanye na Gen Kale \u201d, uyu ni Ambasaderi w\u2019u Rwanda muri Uganda, Major Gen. (Rtd) Frank Mugambage. Ambasaderi Mugambage yakomeje avuga ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-02T16:45:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni","datePublished":"2017-10-02T16:45:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635"},"wordCount":579,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7635#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635","name":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-02T16:45:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7635"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7635#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uganda: U Rwanda rurahakana kuba ruri gufasha IGP Kale Kayihura kuzasimbura Museveni"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7635","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7635"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7635\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7635"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7635"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7635"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}