{"id":7640,"date":"2017-10-03T11:56:33","date_gmt":"2017-10-03T11:56:33","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/03\/nyamagabe-haravugwa-ruswa-n-uburiganya-mu-itangwa-ry-akazi\/"},"modified":"2025-02-12T15:38:53","modified_gmt":"2025-02-12T13:38:53","slug":"nyamagabe-haravugwa-ruswa-n-uburiganya-mu-itangwa-ry-akazi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640","title":{"rendered":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ikorwa ry\u2019ibizamini by\u2019akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy\u2019akazi, hahatanirwa imyanya y\u2019Abanyamabanga Nshingwabikorwa b\u2019imirenge, amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko abatsinze ibizamini barahijwe hutihuti mu gihe hari uwari wajuririye amanota yahawe ko atamunyuze.<\/p>\n<p>Akarere kanze ubujurire ngo bwatanzwe nyuma y\u2019igihe kigenwa n\u2019amategeko, Komisiyo y\u2019abakozi ba Leta n\u2019umurimo, irabwemera isanga uwari wajuriye ahubwo yari agifite igihe cyo kuba yajurira cy\u2019umunsi wose.<\/p>\n<p>Ba gitifu nyuma yo kurahizwa batangiye akazi, nyuma y\u2019iminsi mike umwe muri bo witwa Nzabirinda Jean Pierre areguzwa, yari yahawe kuyobora umurenge wa Kamegeri, isuzuma ryakozwe ryasanze yarakoze ibizamini atujuje ibisabwa, uwari wajuriye, akarere kakanga ubujurire bwe, iyo adakomeza ngo agere mu rwego rwisumbuye Nzabirinda aba agihembwa amafaranga ya Leta kandi yaragiye ku kazi atabifitiye ububasha.<\/p>\n<p>Umwe mu bari bakoze ibizamini utarashatse ko amazina ye atangazwa aganira na Bwiza.com, agira ati \u201cuwemererwaga gukora ikizamini ni uko yagombaga kuba afite imyaka 3 y\u2019uburambe ku kazi (experience), Nzabirinda Jean Pierre ntabwo yari abyujuje, yemerewe gukora anashyirwa mu murenge wa Kamegeri ngo awuyobore, yatahuwe nyuma y\u2019amezi, komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n\u2019umurimo irabikurikirana, isaba akarere kumuhagarika, kabikoze mu ibanga n\u2019itangazamakuru ntiryabimenye\u201d.<\/p>\n<p>Maniraho Theoneste uzwi ku izina rya Math, na we ni umwe mu bari bakoze ikizamini, ubwo amanota yasohokaga, ntiyanyuzwe n\u2019ayo  yahawe, ni na we wihutiye kujurira agaragariza akarere ko atanyuzwe n\u2019amanota yahawe mu kizamini cyo mu buryo bw\u2019ikiganiro ku mwanya yahataniraga w\u2019umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019umurenge mu karere ka Nyamagabe.<\/p>\n<p>Akarere kagiye kumusubiza, kamubwiye ko ubujirire bwe yabutanze nyuma y\u2019igihe, hari ku wa 14 Ukwakira 2016 saa (16:04), yohereje ubutumwa kuri Email, bwageze ku buyobozi bw\u2019akarere (17:53), aha niho akarere kashingiye kavuga ko ubujurire bwagombaga gutangwa bitarenze saa kumi n\u2019imwe (17:00), bukagaragaza ko yakerewe iminota 53 [Bwiza.com ifite kopi y\u2019ibaruwa yakandikiye n\u2019iyo akarere kamusubije].<br \/>\n<figure id=\"attachment_79045\" aria-describedby=\"caption-attachment-79045\" style=\"width: 678px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-79045\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg\" alt=\"\" width=\"678\" height=\"1206\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79045\" class=\"wp-caption-text\"><strong> <em>Ibaruwa akarere ka Nyamagabe kandikiye Maniraho Theoneste<\/em> <\/strong><\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Iteka rya Perezida Nomero 46\/01 ryo ku wa 29\/07\/2011 rigena uburyo bwo gushaka no gushyira mu myanya abakozi bakora mu nzego z\u2019imirimo ya Leta , nk\u2019uko bisabanurwa mu ngingo ya 16 yaryo, \u201cKujurira\u201d  Umukandida utanyuzwe n&#8217;uburyo bwakoreshejwe mu gutoranya abakandida cyangwa n&#8217;amanota, yabonye, ajuririra ku rwego rwa mbere urwego rushaka umukozi mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) uhereye igihe amanota yatangarijwe, akagenera kopi Komisiyo.<\/p>\n<p>Urwego rwajuririwe rugomba gutanga igisubizo kuri ubu bujurire mu gihe cy&#8217;iminsi itarenze itatu (3) y\u2019akazi uhereye ku itariki ubujurire bwakiriweho.  Iyo umukandida atanyuzwe n\u2019uburyo ikibazo cye cyakemuwe, ajurira ku rwego rwa kabiri muri Komisiyo mu gihe kitarenze iminsi itatu (3) y\u2019akazi uhereye itariki yaboneyeho igisubizo cy\u2019urwego rwakoresheje ibizamini.<\/p>\n<p>Amanota yasohowe ku itariki ya 11 Ukwakira 2016, Maniraho Theoneste yajuriye ku wa Gatanu tariki ya 13 Ukwakira, nk\u2019uko itegeko ribisobanura \u201cmu gihe kitarenze iminsi itatu (3) uhereye igihe amanota yatangarijwe\u201d yari agifite undi munsi umwe wo kuba yajurira, akarere kanze ubujurire bwe, kamubwira ko yatinze iminota 53 kandi yari agifite umunsi wose.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko iri tegeko kandi ribisobanura neza, \u201cIyo umukandida atanyuzwe n\u2019uburyo ikibazo cye cyakemuwe, ajurira ku rwego rwa kabiri muri Komisiyo\u201d na we yarakomeje ajuririra Komisiyo ishinzwe  abakozi ba Leta n\u2019umurimo, yakiriye ubujirire bwe, inasuzuma amanota ye. Ni kimwe aheraho avuga ko yari yarenganyijwe n\u2019uru rwego rwa mbere rw\u2019akarere yajuririye.<\/p>\n<p>Agira ati \u201c Kuba ubujurire bwa njye barabubonye ndetse banafite itegeko imbere yabo, iryo tegeko bakaryica, bwari uburyo bwo kugirango banshecekeshe, kugirango ibyo kurekarama mbihagarike, \u2026. Narakomeje ngeza ibaruwa ya njye kuri komisiyo, mbahereza ibaruwa ngera naho nza kubonana na Angelina Muganza [umuyobozi w\u2019iyi komisiyo], turabiganira mubwira amanyanga yabaye, mubwira ko hari na Gitifu witwa Nzabirinda Jean Pierre bahaye akazi nta burambe ku kazi (experience) yari afite, \u2026 komisiyo yaje gusanga koko yarahawe akazi mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko, itegeka akarere kumuhagarika, ubu yarahagaritswe yaranasimbujwe\u201d.<\/p>\n<p> <strong>Ba gitifu barahiye hutihuti: <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo ubujurire bwa Maniraho bwari bumaze kwangwa mu karere ka Nyamagabe, ku wa 18 Ukwakira 2016, nibwo yandikiye Komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta, asaba kurenganurwa, ubujurire bwe burakirwa.<\/p>\n<p>Kuri uyu munsi, amakuru agera kuri Bwiza.com avuga ko ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamagabe bwahise burahiza ba gitifu hutihuti, hari n&#8217;abavuga ko barahijwe mu ijoro, ibi abaturage bakaba babyibazaho, icyabirukankanaga ku buryo banarahiza hari uwajuriye.<\/p>\n<p>Ikindi abari bakoze ibizamini bashingiraho bavuga ko harimo uburiganya, ubwo urutonde rw\u2019amanota rwasohokaga, nta kashi cyangwa umukono w\u2019uwayasohoye, mu gihe izindi ntonde ziba ziriho kashi n\u2019umukono, uwajuriye yanabigaragaje ku ibaruwa yandikiye Komosiyo, ibi nabyo bakabibonamo ikintu cyari kibyihishe inyuma.<br \/>\n<figure id=\"attachment_79047\" aria-describedby=\"caption-attachment-79047\" style=\"width: 679px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/nyama2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-79047\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/nyama2.jpg\" alt=\"\" width=\"679\" height=\"1011\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79047\" class=\"wp-caption-text\"><em>Ibaruwa Maniraho yandikiye komisiyo ishinzwe abakozi ba Leta n&#8217;umurimo, anagaragaza ko hari uwahawe akazi atari yujuje ibisabwa<\/em><\/figcaption><\/figure><br \/>\n\u00a0<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/nyam3.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-79046\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/nyam3-576x1024.jpg\" alt=\"\" width=\"688\" height=\"1225\" \/><\/a><br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n\u2019umuyobozi wa Komisiyo y\u2019abakozi ba Leta n\u2019umurimo, Angelina Muganza, avuga ko icyo kibazo cy\u2019i Nyamagabe akizi, nubwo avuga ko atibuka amatariki neza basabiye akarere ka Nyamagabe guhagarika Nzabirinda Jean Pierre, ariko ko kagombaga kubishyira mu bikorwa. Ati \u201citegeko rivuga ko kimisiyo ishyiraho igihe ntarengwa\u201d.<\/p>\n<p>Ngo Komisiyo yandikiye akarere muri Mutarama 2017, Nzabirinda amaze amezi 3 akora akazi, igasaba kumuhagarika, bigomba gukorwa vuba, yahagaritswe n\u2019akarere muri Mata, bikorwa mu bwiru, ku buryo nta kinyamakuru na kimwe kigeze kibivugaho nta nubwo byigeze bitangazwa ku rubuga rw\u2019aka karere.<\/p>\n<p> <strong>Ubuyobozi bw\u2019akarere: Uwo ukozeho arakubwira ati \u201cbaza uriya\u201d<\/strong> <\/p>\n<p>Ushinzwe abakozi mu karere ka Nyamagabe, avuga ko bitari mu nshingano ze, kuba yagira icyo avuga kuri ibi, ati \u201cwabaza meya cyangwa umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019akarere \u201d.<\/p>\n<p>Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, umunyamakuru yahamagaye ku murongo wa telefone, umuyobozi w\u2019akarere ka Nyamagabe, Mugisha Philbert,  inshuro zirenze imwe ariko ntabwo yigeze ayitaba ngo agire icyo avuga kuri aya makuru.<\/p>\n<p>Mu gitondo cyo ku wa Kabiri, tariki ya 3 Ukwakira, umunyamakuru yahamagaye umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Aka karere ka Nyamagabe, Twayituriki Emmanuel, avuga ko uko aba bakozi bashyizwe ku kazi n\u2019uko Nzabirinda yashyizweho akaza kuvanwaho atabizi.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cNjyewe natangiye mu kwezi kwa 5, wabaza Meya n\u2019abandi bayobozi bari bahari\u201d.<\/p>\n<p>Umunyamakuru yongeye guhamagara umuyobozi w\u2019akarere ntiyafata telefone, yohererejwe ubutumwa bugufi bwo arabusubiza, avuga ko ari mu nama, amubwira ko amakuru yayahabwa n\u2019umunyamabanga nshingwabikorwa wari wabanje gutsemba ko atazi ayo makuru.<\/p>\n<p>Meya Mugisha ati \u201cNdi mu nama wavugisha ES w&#8217;Akarere kuri 078\u2026[nimero ya telefone ye ikuwemo] ibyo wifuza arabikubwira\u201d.<\/p>\n<p>Ubwo umunyamakuru yongeraga kumuhamagara [gitifu], yamusubije agira ati \u201cndaguhamagara mukanya\u201d. Inkuru yasohowe atarahamagara.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p> <strong> <em>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikorwa ry\u2019ibizamini by\u2019akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy\u2019akazi, hahatanirwa imyanya y\u2019Abanyamabanga Nshingwabikorwa b\u2019imirenge, amakuru agera kuri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7640","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ikorwa ry\u2019ibizamini by\u2019akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy\u2019akazi, hahatanirwa imyanya y\u2019Abanyamabanga Nshingwabikorwa b\u2019imirenge, amakuru agera kuri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-03T11:56:33+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:38:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi\",\"datePublished\":\"2017-10-03T11:56:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640\"},\"wordCount\":1093,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Nyama.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640\",\"name\":\"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Nyama.jpg\",\"datePublished\":\"2017-10-03T11:56:33+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Nyama.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Nyama.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7640#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA","og_description":"Ikorwa ry\u2019ibizamini by\u2019akazi mu karere ka Nyamagabe, riranengwa na bamwe, kurahiza hutihuti abatsinze ibizamini kandi hari abajuriye kikaba ikibazo cyo kwibazwaho ko hari icyari kibiri inyuma bita ruswa, umwe mu bari bahawe akazi atujuje ibisabwa yaratahuwe agakurwaho. Mu Ukwakira 2016, mu karere ka Nyamagabe hakozwe ikizamini cy\u2019akazi, hahatanirwa imyanya y\u2019Abanyamabanga Nshingwabikorwa b\u2019imirenge, amakuru agera kuri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-03T11:56:33+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:38:53+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi","datePublished":"2017-10-03T11:56:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640"},"wordCount":1093,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640","name":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg","datePublished":"2017-10-03T11:56:33+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7640"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Nyama.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7640#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Haravugwa ruswa n\u2019uburiganya mu itangwa ry\u2019akazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7640","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7640"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7640\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7640"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7640"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7640"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}