{"id":7647,"date":"2017-10-03T15:56:44","date_gmt":"2017-10-03T15:56:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/03\/kamonyi-ubuyobozi-bwa-groupe-scolaire-ste-elizabeth-burashinjwa-kurigisa\/"},"modified":"2025-02-12T15:38:47","modified_gmt":"2025-02-12T13:38:47","slug":"kamonyi-ubuyobozi-bwa-groupe-scolaire-ste-elizabeth-burashinjwa-kurigisa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647","title":{"rendered":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo  y\u2019abana"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Mu rwunge rw&#8217;amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y\u2019Amajyepfo haravugwa amakuru y\u2019ibikapu bisaga 300 n\u2019ibindi bikoresho byagenewe abana b\u2019abanyeshuri bahabwa nk\u2019imfashanyo y\u2019umushinga \u201cGood Neighbors\u201d byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera muri icyo kigo ndetse n\u2019abarezi bavuga ko bamwe muri abo bana bamaze imyaka ikabakaba muri 2 abandi umwe batarabona ibikapu ndetse n\u2019ibindi bikoresho  kandi hari amafaranga abo bana bacibwa buri gihembwe na yo bavuga ko ibyayo bidasobanutse.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Aba babyeyi bavuga ko buri mwana agenerwa igikapu n\u2019ibikoresho by\u2019ishuri birimo amakaye n\u2019amakaramu,umupira wo kwambara ariko agasabwa gutanga amafaranga 600 buri gihembwe, mbere bakaba barayahaga umubitsi w\u2019ikigo ariko nyuma yajya mu kiruhuko cyo kubyara bakajya bayaha umuyobozi w\u2019ikigo, Niyonshuti Barnabe, ariko nyuma ayo mafaranga akaza kuburirwa irengero kuko bikekwa ko atageze aho yagombaga kugezwa.<\/p>\n<p>Aba babyeyi kandi tutatangarije amazina (Ku mpamvu z\u2019umutekano wa bo) babwiye ikinyamakuru bwiza.com ko bagiye batumiza inama y\u2019ababyeyi ngo babe banaganira kuri icyo kibazo ariko ikigo cyikabyanga, imyaka ikaba ishize ari 2.<\/p>\n<p>Mu gitondo cyo kuwa mbere tariki ya 2 Ukwakira 2017, ni bwo inkuru yamenyekanye ko abana basaga Magana atatu (300) biga kuri iki kigo bamaze icyo gihe cyose batarabona ibikapu by\u2019inkunga bagenewe n\u2019uwo mushinga usanzwe ubafasha kuva muri 2008.<\/p>\n<p>Aganira n\u2019umunyamakuru wa Bwiza.com, umwe mu barezi bo kuri icyo kigo yagize ati \u201c Abana babuze ibikapa bya bo kandi baratanze amafaranga 600 ngo babihabwe. Ubu abarenga 300 nta byo barabona.\u201d<\/p>\n<p>Yunzemo at:\u201cTwumva abayobozi na bo batabivugaho rumwe ku ibura rya byo kubera ko iyo ubajije kontabure akubwira ko na we atari we wenyine ufite imfunguzo z\u2019aho byari bibitse ndetse ko na we atazi uko byagiye. Ubundi wabaza umuyobobozi w\u2019ikigo akakubwira ko bagomba gushakira abana ibindi.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamakuru yifuje kumenya amakuru  y\u2019imvaho kuri ibyo maze abaza umwe mu babyeyi b\u2019abana batarabona ibikapu.<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi utatangarijwe amazina kubera impamvu z\u2019umutekano we yagize ati\u201cNanjye nderera muri kiriya kigo, abana banjye bagiye kumara umwaka nta bikoresho babonye kandi amafaranga nasabwaga kubatangira narayatanze.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko usibye abana be bagiye kumara umwaka, ngo hari n\u2019abamaze imyaka 2 batarabona ibikoresho kandi ayo mafaranga barayatanze.<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Gusa yavuze ko nta cyo anenga umushinga kuko wohereza ibikoresho bihwanye n\u2019umubare w\u2019abatanze amafaranga, ariko impungenge zikaba ari uko umubare w\u2019abayatanze atari wo woherezwa ku mushinga ngo bose bahabwe ibikoresho ndetse wanatangwa ibikoresho bimwe byaza ubuyobozi bw\u2019ikigo bukabibika kugeza biburiwe irengero.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cNta cyo nshinja umushinga ahubwo natunga agatoki ubuyobozi bw\u2019ikigo, abana banjye mbatangira amafaranga 600 y\u2019igikapu ndetse na 400 y\u2019umupira wo kwambara ariko si ko bose babona ibikoresho. Ikibazo rero kiri mu buyobozi bw\u2019ikigo gishobora kuba kidatanga amafaranga yose uko yatanzwe cyangwa cyanayatanga ibikoresho byaza ntibabitange byose ahubwo bakabizimiza.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi kandi ashinja ubuyobozi bw\u2019ikigo kudakoresha inama n\u2019ababyeyi kuko ngo ishobora kuba rimwe mu mwaka wose byakabya ikaba nka 2, ndetse yanaba ntibatume ababyeyi bisanzura ngo bavuge ibibazo bafite kuko ikigo gishobora kubafata nk\u2019abanzi ku buryo ngo banabambura ijambo mu gihe abajije ikibazo cyerekeranye na biriya.<\/p>\n<p>Umuyobozi wi\u2019ikigo, Niyonshuti Barnabe we avugana na bwiza.com ku murongo wa telefoni yavuze ko adashobora gutanga amakuru kuri telefoni ndetse ahita anakupa yanga kugira icyo avuga kuri icyo kibazo.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUzansange ku kazi witwaje n\u2019ikarita yawe y\u2019akazi ubu nta cyo twavugana.\u201d Ibyo byahise bijyana no gukupa telefoni.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru kandi kifuje kumenya niba uhagarariye uwo mushinga wa \u201cGood Neighbors\u201d yaba abizi neza maze ya we yanga kugira icyo atangaza.<\/p>\n<p>Korudinateri wa wo, Harelimana Edison yagize ati \u201cIbintu byose twabiganiriye n\u2019umuyobozi w\u2019ikigo mube ari we mubaza njye nta kintu nababwira.\u201d<br \/>\n[xyz-ihs snippet=&#8221;google-pub&#8221;]<\/p>\n<p>Uyu mushinga watangiye ufasha abana bo mu miryango itishoboye kubona ibikoresho by\u2019ishuri ariko iminsi ishize bikajya bigabanuka kugeza n\u2019ubwo byabuze burundu.<\/p>\n<p>Abarerera kuri kiriya kigo bavuga ko ubu umwana asigaye ahabwa igikapu n\u2019ikayi imwe mu gihe mbere bahabwaga ibikoresho bihagije bakaba batunga agatoki ikigo ko ibyo bikoresho cyaba ari cyo kibirigisa kuko umushinga utigeze utangaza ko wakennye ku buryo amakaye wahaga abana yagabanuka ndetse na bya bikapu bikaba bihabwa bamwe abandi ntibabibone.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Nsengiyumva <a href=\"mailto:Philippe@Bwiza.com\">Philippe@Bwiza.com<\/a><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu rwunge rw&#8217;amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y\u2019Amajyepfo haravugwa amakuru y\u2019ibikapu bisaga 300 n\u2019ibindi bikoresho byagenewe abana b\u2019abanyeshuri bahabwa nk\u2019imfashanyo y\u2019umushinga \u201cGood Neighbors\u201d byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-7647","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu rwunge rw&#8217;amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y\u2019Amajyepfo haravugwa amakuru y\u2019ibikapu bisaga 300 n\u2019ibindi bikoresho byagenewe abana b\u2019abanyeshuri bahabwa nk\u2019imfashanyo y\u2019umushinga \u201cGood Neighbors\u201d byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-03T15:56:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T13:38:47+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana\",\"datePublished\":\"2017-10-03T15:56:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:47+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647\"},\"wordCount\":729,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647\",\"name\":\"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2017-10-03T15:56:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T13:38:47+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7647#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA","og_description":"Mu rwunge rw&#8217;amashuri rwitiriwe Mutagatifu Alizabeti (Groupe scolaire Ste Elizabeth) ruherereye mu murenge wa Nyamiyaga, Akarere ka kamonyi mu Ntara y\u2019Amajyepfo haravugwa amakuru y\u2019ibikapu bisaga 300 n\u2019ibindi bikoresho byagenewe abana b\u2019abanyeshuri bahabwa nk\u2019imfashanyo y\u2019umushinga \u201cGood Neighbors\u201d byaburiwe irengero kandi ababyeyi ba bo bana baba baraciwe amafaranga ya byo. Amakuru atangwa na bamwe mu babyeyi barerera [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-03T15:56:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T13:38:47+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana","datePublished":"2017-10-03T15:56:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:47+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647"},"wordCount":729,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7647#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647","name":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2017-10-03T15:56:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T13:38:47+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7647"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7647#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kamonyi: Ubuyobozi bwa Groupe scolaire Ste Elizabeth burashinjwa kurigisa imfashanyo y\u2019abana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7647","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7647"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7647\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7647"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7647"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7647"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}