{"id":7661,"date":"2017-10-04T15:50:57","date_gmt":"2017-10-04T15:50:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2017\/10\/04\/burera-abanyarwanda-batewe-ipfunwe-no-guhora-baburagizwa-bagiye-kuvoma-muri\/"},"modified":"2017-10-04T15:50:57","modified_gmt":"2017-10-04T15:50:57","slug":"burera-abanyarwanda-batewe-ipfunwe-no-guhora-baburagizwa-bagiye-kuvoma-muri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661","title":{"rendered":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rw\u2019u Rwanda, ku buryo bajya kuvoma muri Uganda. Uretse ibyo kandi ngo bubatse ibigega mu mirima y\u2019abaturage, ariko nabyo ngo ntibibaha amazi meza.<\/p>\n<p>Ibyo ngo bituma bajya kuvoma mu gihugu cya Uganda baturanye, aho bakora urugendo rw\u2019iminota nka 40 muri Uganda nkuko bivugwa Ndereyishuri Alfred w\u2019imyaka y\u2019amavuko 67.<\/p>\n<p>Agira ati \u201c Nkubu muhageze mwasanga nyirumurima yaragendesheje, abure amazi abure n\u2019aho ahinga, bashyiremo gusa ikigega cy\u2019umutako.\u201d<\/p>\n<p> Akomeza agira ati \u201c Iyo tugiyeyo tugasanga ab\u2019iwabo bari kuvoma, baratubwira ngo nimujye kuvoma iwanyu mu Rwanda, twebwe mwari mwabona tuza kuvoma mu Rwanda.\u201d<\/p>\n<p>Rimwe na rimwe ngo barabacunaguza bakababuza no kuvoma bagataha batavomye. Ibyo ngo bijya biba ku batuye mu gace ka Kanyenzugi mu kagari ka Nyitaraba ho  mu Murenge wa Kivuye wo mu karere ka Burera.<\/p>\n<p> Mu mudugudu Ndereyishuri atuyemo ngo hari abantu basaga 320 bajya kuvoma muri Uganda.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-large wp-image-79221\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/a><\/p>\n<p>Rimwe na rimwe ngo ajya kwivomera, ariko ngo iyo yabonye amafaranga y\u2019u Rwanda 100 ashaka umuzanira injerekani, dore ko ngo nta bana babana mu rugo rwe, ahubwo arubanamo n\u2019umugore we gusa.<\/p>\n<p>Mu mvuko itsindagiye ati \u201cAbanya-Uganda baratwirukana, ubuyobozi ntidusiba kubibabwira, bakatubwira ngo bizaza, ariko tugategereza amaso agahera mu kirere. Dukeneye amazi gusa, ni ikibazo gikomeye cyagomba gukemurwa n\u2019umuyobozi w\u2019igihugu, niwe wadutabara, abandi cyarabananiye.\u201d<\/p>\n<p> Umugore mugenzi we ati \u201cTwe icyo dusaba ni uko natwe nk\u2019Abanyararwanda baduha ivomero, kugirango abavamaga muri Uganda babone amazi.\u201d<\/p>\n<p> Hari kandi na bamwe mu baturage usanga bavoma ibinamba biri mu gishanga, kimwe mu biri mu mutungo w\u2019Isi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_79219\" aria-describedby=\"caption-attachment-79219\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/abaturage-badafite-amazi.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"size-large wp-image-79219\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/abaturage-badafite-amazi-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-79219\" class=\"wp-caption-text\"><br \/>Abaturage badafite amazi<\/figcaption><\/figure><\/p>\n<p>Umunyabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Kivuye, ugaragaramo iki kibazo, Mugiraneza Ignace, avuga ko iki kibazo cyari gihari ariko kiri kuvugutirwa umuti ku buryo kirangira mu minsi ya vuba.<\/p>\n<p>Ati \u201cIkibazo cy\u2019amazi cyari gihari ariko ubungubu kiragenda gikemuka. Mu kagari ka Nyirataba hari umuyoboro uhari ukomeza za Mushonga, twatangiye kuhubaka n\u2019amashuri. Hari umuyoboro w\u2019amazi wanyuragamo uhari, hari n\u2019ikigega kiri i Mushonga, undi muyoboro ukaza kuri duwane za Buhita.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko ibura ry\u2019amazi ryari ryaratewe n\u2019ikibazo cy\u2019imashini yapfuye ariko ngo zarakize.<\/p>\n<p>\u201c\u2026Ariko cyarakosotse ku buryo n\u2019ejo ubu tuvugana navuganye n\u2019ushinzwe koherezayo amazi, ku buryo mpamya y&#8217;uko ahongaho hari harangiritse, haba harangije gukorwa ku buryo amazi azaba ahari,<br \/>\n ku buryo no kubaka amashuri, ayo mazi ar yo tuzifashisha.\u201d<\/p>\n<p> Ku bijyanye no kuba abaturage bavoma muri Uganda, Mugiraneza avuga ko muri iyo minsi Abanyarwanda bazaba barusha amazi meza abo baturanye bo muri Uganda.<\/p>\n<p>Ati \u201cKuvoma Uganda , ni ahantu duturanye, kuko umurenge wa Kivuye impande zawo zose zikora kuri Uganda, mu tugari dutatu, kamwe ni ko kadakoraho. Bivuze ko umuturanyi iyo muturanye kandi mubana neza ni ngombwa ko musangira ibyo mufite. ahongaho muri Uganda aho hari ahantu hagenda hari udusoko, nitwo bajyaga kwifashisha, ariko twe amazi yahaje ni amazi meza asukuye.\u201d<\/p>\n<p>Abavuga ko bavoma amazi mabi mu gishanga, Gitifu yavuze ko aherutse guhabwa ameza, biciye mu mushinga wiswe Quick Impact Project, Umurenge wafatanyijemo  n\u2019ingabo z\u2019igihugu. Abo baturage ngo bubakiwe amariba atatu yakomotse ku masoko yaho, bagamije guha amazi meza abaturage.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi avuga ko muri uyu murenge amazi meza agera ku baturage basaga 80%.<\/p>\n<p> Muri gahunda ya Leta y\u2019imyaka irindwi, 2017-2024, Minisitiri w\u2019Intebe aherutse kugeza ku bagize Inteko ishinga amategeko (adepite n\u2019abasenateri) yagaragaje ko Abanyarwanda bose (100%) bazagezwaho amazi meza bavuye kuri 85%  muri 2017. Ibyo bizakorwa no mu mashanyarazi aho azagezwa ku Banyarwanda bose (100%) bavuye kuri 34,5%.<\/p>\n<p> <strong>K<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>Ntakirutimana Deus\/Bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda. Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rw\u2019u Rwanda, ku buryo bajya kuvoma [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-7661","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda. Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rw\u2019u Rwanda, ku buryo bajya kuvoma [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2017-10-04T15:50:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda\",\"datePublished\":\"2017-10-04T15:50:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661\"},\"wordCount\":635,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661\",\"name\":\"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2017-10-04T15:50:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2017\\\/10\\\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=7661#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA","og_description":"Abaturage batuye mu tugari twa Bukwashori, Rwasa na Nyirataba two mu murenge wa Kivuye mu karere ka Burera, barasaba ko bahabwa amazi meza, kuko ngo byabafasha kubarinda ibibazo byo gusuzugurwa bahura nabyo iyo bagiye kuvoma muri Uganda. Aba baturage bavuga ko hashize imyaka ibiri batabona amazi meza, ku ruhande rw\u2019u Rwanda, ku buryo bajya kuvoma [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2017-10-04T15:50:57+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda","datePublished":"2017-10-04T15:50:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661"},"wordCount":635,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661","name":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg","datePublished":"2017-10-04T15:50:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=7661"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2017\/10\/Bakoresha-amazi-yUrugezi-1024x768.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=7661#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Burera: Abanyarwanda batewe ipfunwe no guhora baburagizwa bagiye kuvoma muri Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7661","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=7661"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/7661\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=7661"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=7661"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=7661"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}